Browsing Category
Umutekano
Rubavu: Bwana Sebagori udupfunyika tw’urumogi turenga ibihumbi 2,300
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafashe Twishime Semagori Serukundo w'imyaka 29,yafatanwe udupfunyika tw 'urumogi 2,398. Yafashwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Nzeri afatirwa mu Karere ka!-->!-->!-->…
Musanze: Bamwe mu bacyekwaho kwiba inka bakazihisha mu mazu bafatanwe 6
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze iraburira abacyekwaho kwiba inka z’abaturage bakajya kuzihisha mu mazu nyuma bakazazibaga. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 na tariki ya 26 Nzeri abantu Barindwi Polisi!-->!-->!-->…
Ubufaransa bwatangiye gukurikirana Bwana Baguma ku byaha bya jenoside
Philippe Hategekimana (Biguma) yahawe ubwenegihugu bw’u Bufaransa mu mwaka wa 2005 anahindura izina yitwa Philippe Manier. Guhindura izina ntibyasibye isano n’amateka afitanye n’u Rwanda nk’igihugu cye cya kavukire, aho yasize icyasha!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umuturage yafatanwe magendu litiro 202 za mazutu.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Nzeri ahagana saa saba z’ijoro Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe uwitwa Mugisha Daniel w’imyaka 30. Yafatanwe litiro 202 za mazutu bicyekwa ko yari amaze!-->!-->!-->…
Ibihugu bitatu bikomeye ku isi bigiye kwishyira hamwe ngo bihangane n’Ubushinwa.
Ubwongereza, Amerika na Australia byatangaje ko byagiranye amasezerano yihariye yo mu rwego rw'umutekano yo gusaraganya ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare, mu muhate wo guhangana n'Ubushinwa.
Ubu bufatanye buzatuma ku nshuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda yohereje abanyarwanda 15 bari bamaze igihe bafungiwe muri icyo gihugu
Abanyarwanda 15 bari bamaze igihe kinini bafungiwe muri Uganda bagejejwe ku Mupaka wa Kagitumba uherereye mu Karere ka Nyagatare.
Aba Banyarwanda bagejejwe mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Nzeri 2021.
Itsinda rya mbere!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya ya ruguru yarashe ibisasu bibiri bya rutura byo mubwoko bwa ballistic missiles
Koreya ya ruguru yarashe ibisasu bibiri bya rutura byo mubwoko bwa ballistic missiles ku nkengera yayo, nk’uko byemezwa n’abategetsi ba gisirikare ba Korea y’Epfo ihana urubibe nayo.
Ibi kandi byanemejwe n’Ubuyapani aho butangaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhima: Bahangayikishijwe n’ubujura bubakorerwa basanzwe mu nzu.
Abaturage bo mu Kagari ka Rugenge,Umurenge wa Muhima ahitwa mu Kiyovu mu Karere ka Nyarugenge, baravuga ko batewe impungenge n’abajura basigaye babiba nijoro babasanze mu nzu, babura icyo batwara bagakuraho inzugi bakajya kuzigurisha.
!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Umwanditsi w’urukiko yatawe muri yombi kubera kwaka ruswa.
Urwego rw'ubugnzacyaha mu Rwanda RIB rwataye muri yombi umwanditsi w'urukiko kubera gukekwaho icyaha cyo gusaba ruswa.
Binyujijwe ku rukuta rwa Twitter, urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yaraye icakiye uwitwa Kwizera ushinjwa gukwirakwiza inoti z’impimbano
Kwizera Eugene w'imyaka 25 niwe wafashwe kuri iki cyumweru tariki ya 5 Nzeri, afatanwa amafaranga y'u Rwanda ibihumbi 20 by'amahimbano. Yafatiwe mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Muganza, Akagari ka Mashyesha, Umudugudu wa Idaga.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Polisi yagaruje moto y’uwitwa Habimana yari imaze akanya yibwe.
Abapolisi bakorera mu Karere ka Nyanza bagaruje moto y’uwitwa Habimana Janvier nyuma y’amasaha 7 yibwe uwo yari yarayihaye ngo ayikoreshe ajye amwishyura amafaranga. Yibwe mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gatenga. Iyi moto yafatanwe!-->!-->!-->…
Nyanza: Barasaba ubuyobozi bw’Akarere kubakiza abanyerondo babahohotera ku manywa…
Abaturage bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza barasaba abayobozi kubatabara bakabakiza abitwa abanyerondo babahohotera bakabakorera urugomo ku manywa y'ihangu.
Bamwe mu baturage batuye ndetse n'abakorera imirimo yabo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Bwana Nkundineza na bagenzi 6 bashinjwa kwiba sima batawe muri yombi.
Mu ijoro ryo ku itariki ya 31 Kanama Polisi ikorera mu Karere ka Huye yafashe itsinda ry’abantu 7 bakekwaho ubufatanye mu kwiba sima yubakishwa umuhanda Huye-Kibeho.
Aba bafatiwe mu Karere ka Huye mu Murenge wa Huye, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Bwana Ndahayo washakishwaga n’ubutabera kubera kwica umugore we, bamusanze yapfuye.
Umugabo witwa Ndahayo Jean Claude washakishwaga akekwaho kwica umugore we yasanzwe mu mugezi yapfuye bikekwa ko yaba yiyahuye.
Uyu mugabo wari utuye mu Murenge wa Kavumu mu Karere ka Ngororero, yashakishwaga akurikiranyweho kwica!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Ubuyobozi bukomeje gushakisha ikishe umusore wasanzwe muri Lodge yapfuye
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rwamagana bukomeje gushakisha icyaba cyishe umusore uri mu kigero cy'imyaka 28 wasanzwe mu cyumba cya Lodge yashizemo umwuka.
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rwamagana n'inzego z'umutekano zatangaza ko zatangiye!-->!-->!-->!-->!-->…