Browsing Category
Umutekano
Tanzania: Abantu bagera kuri batanu bahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi
Umwiyahuzi yarasiwe imbere ya Ambasade y’u Bufaransa i Dar es Salaam muri Tanzania, ubwo yageragezaga kwinjira akoresheje imbunda.
Abayobozi batangaje ko uwagabye igitero afite ubwenegihugu bwa Somaliya kandi mu kurasana n’inzego!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yataye muri yombi umuturage wahinze urumogi mu isambu ye.
Polisi ikorera mu Karere ka Huye yataye muri yombi umugabo wari warahinze ibiti by'urumogi mu rugo rwe.
Kuwa mbere w'iki cyumweru taliki ya 23 Kamena 2021, polisi ikorera mu Karere ka Huye yakoze umukwabu wo gushakisha no guhiga!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore akurikiranyweho gutera urugo rw’abandi agasambanya umwana w’umukobwa
Ubushinjacyaha bwasabiye gufungwa by’agateganyo iminsi 30 umusore ushinjwa gutera urugo rw’abandi mu ijoro akajya gusambanya umwana w’umukobwa wo muri urwo rugo.
Tariki ya 23/08/2021, Ubushinjacyaha bwaregeye Urukiko umusore!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Uwitwa Alphonse yafatanywe moto yari amaze amezi abiri yaribye
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Kanama, Polisi ikorera mu Karere ka Huye ku bufatanye n’abaturage bafashe Harerimana Alphonse w’imyaka 40. Yafatanwe Moto yari amaze amezi abiri yibye uwitwa Nsanzimana Jean Pierre utuye mu Mujyi wa!-->!-->!-->…
Rubavu: Umugabo yanize umwana we w’imyaka 15 kugeza ashizemo umwuka.
Urukiko rwisumbuye rwo mu Karere ka Rubavu rukirikiranye umugabo wishe anize umukobwa we w'imyaka 15 amuziza ko yatinze gutaha.
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rw'Akarere ka Rubavu rukirikiranye umugabo uherutse kwiyicira umwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Polisi yafashe uwakwirakwizaga amafaranga y’amiganano
Kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Kanama Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe Ntirenganya Jean Paul w’imyaka 28, yafatanwe amafaranga y’u Rwanda y’amiganano ibihumbi Umunani. Ntirenganya avuga ko uwayamuhaye yari yamuhaye!-->!-->!-->…
Afghanistan: Abatalibani bafashe umurwa mukuru, Prezida Ashraf arahunga
Abarwanyi b'aba Taliban bageze ku ntsinzi nyuma yo gufata umurwa mukuru Kabul wa Afghanistan, bashyira iherezo ryihuse ku myaka 20 ingabo z'amahanga zirangajwe imbere n'Amerika zari zimaze mu gihugu.
Abarwanyi bafashe ibiro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
Habineza waherukaga kwiba moto i Kigali yafatiwe mu Karere ka Kirehe.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Kanama Polisi ikorera mu Karere ka Kirehe yafashe uwitwa Habineza Samson w’imyaka 35, yafatanwe moto aherutse kwiba mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro, moto ni iya Migambi Eric. Habineza yafatiwe mu!-->!-->!-->…
Rulindo: Polisi yataye muri yombi uwitwa Solange wakwirakwizaga inoti z’inyiganano
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Kanama yafashe uwitwa Uwizeye Solange w'imyaka 48 wakwirakwizaga amafaranga y'amiganano. Yafatanwe inoti 4 z'ibihumbi bitanu, yafatiwe mu Karere ka Rulindo,!-->!-->!-->…
RDF yiteguye guhangana na Islamic State igihe cyose yakwibasira u Rwanda
Umuvugizi w'ingabo z'u Rwanda yavuze ko RDF yiteguye guhangana byamazeyo n'umutwe wa Islamic State mu no gihe wagerageza kwibasira u Rwanda.
Binyuze mu muvugizi w'igisirikare cy'u Rwanda, RDF yatangaje ko u Rwanda na RDF biteguye!-->!-->!-->!-->!-->…
Intumwa za Angola zasuye Polisi y’u Rwanda mu kwirebera uko u Rwanda rurwanya ruswa
Mu gitondo cyo kuri uyu Kane tariki ya 12 Kanama intumwa 12 zaturutse mu gihugu cya Angola zasuye Polisi y’u Rwanda mu rwego rwo kwirebera intambwe u Rwanda rumaze gutera rurwanya ruswa. Izi ntumwa zari ziyobowe na Minisitiri ushinzwe!-->!-->!-->…
Gatsibo: Abakekwaho uruhare mu rupfu rw’umugororwa batawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu 11 barimo abapolisi babiri n’abagenzacyaha babiri bakurikiranweho icyaha cyo gukubitira umuturage muri kasho bikaza kumuviramo urupfu.
Abatawe muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abantu 21 bafatiwe mu kabari barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Kanama abapolisi bakorera mu Karere ka Nyanza bafatiye abantu 21 mu kabari k’uwitwa Ngiruwonsanga Cyprien barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19. Bafashwe barimo kunywa inzoga,!-->!-->!-->…
Abapolisi 12 bo mu ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu mazi barangije amahugurwa
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Kanama ku kiyaga cya Kivu mu Karere ka Rubavu habereye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ibyumweru 6 yahabwaga abapolisi 12 ku bijyanye n'umutekano wo mu mazi. Mu byo bahaguwe harimo gucubira mu mazi!-->!-->!-->…
Rwamagana: Abaturage ntibavuga rumwe ku iyicwa rya Ndimbati arashwe.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere umupolisi wo mu Karere ka Rwamagana yaraye arashe bupfe umusore witwa Iradukunda Elissa uzwi nka Ndimbati.
Amakuru y'iraswa ry'uyu musore witwa Iradukunda Elissa uzwi cyane ku kazina k'akabyiniriro!-->!-->!-->!-->!-->…