Browsing Category
Umutekano
Kamonyi: Bwana Vedaste w’imyaka 23 y’amavuko bamusanze mu nzu yapfuye.
Bwana Vedaste MULINDABIGWI wari usanzwe atuye mu Murenge wa Rukoma ho mu Karerere ka Kamonyi yiciwe mu nzu yari acumbitsemo.
Urupfu rwa rwa Mulindabigwi Vedaste rwamenyekanye ku munsi w'ejo taliki ya 13 Mata 2021 hashize ahagana saa!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Abantu 3 bafatanywe magendu y’amabaro 6 y’imyenda ya caguwa.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 11 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara mu Mirenge ya Nyanza na Kigembe ku bufatanye n’izindi nzego bafatanye abantu Batatu amabaro 6 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa!-->!-->!-->…
Muhanga: Polisi yataye muri yombi umugabo waherukaga gutema Gitifu.
Umugabo ukekwaho gutega abantu akabatema akanabambura mu Karere ka Muhanga yafashwe nyuma y’igihe ashakishwa kuko abaturage bari baramaze kumutahura bamutangaho amakuru. Mu bo yari aherutse gutema harimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->…
Burera: Polisi yatwitse ibiro 30 by’urumogi na litiro 476 za Kanyanga.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Mata Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego batwitse ibiyobyabwenge byagiye bifatirwa mu bikorwa bya Polisi. Hatwitswe litiro 476 za Kanyanga n’ibiro 30 by’urumogi, byatwikiwe mu Karere ka Burera!-->!-->!-->…
Gasabo:Umugabo yakubise Majagu umugorewe ahita atoroka aburirwa irengero
Mu karere ka Gasabo umurenge wa Rusororo akagari ka Gasagara umudugudu wa Ryabazana umugore witwa MUKAMAZERA Claudine arari ayo kwarika nyuma y'uko umugabowe babana amukubise isuka ya majagu mu mutwe.
Ibi byabaye 21 Werurwe 2021 uyu!-->!-->!-->…
Rusizi: RIB yataye muri yombi Gitifu w’Umurenge wa Nkaka na kontabure.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwataye muri yombi Gitifu na kontabure w'umurenge wa Nkaka kubera ibyaha byo gukoresha nabi umutungo wa rubanda.
Babibinyujije ku rukuta rwabo rwa twitter, Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abagabo 2 bapfiriye mu cyobo cy’umusarani bari bagiye kuvidura.
Abagabo babiri bari bagiye kuvidura umusarani baheze muri icyo cyobo birakekwa ko bamaze kwitaba Imana
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ahazwi nko kuri mirongo ine, ni mu Mudugudu wa Kigarama, mu Kagari ka Nyanza ho mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeriya: Abagororwa barenga 1800 bacitse gereza nyuma yo kugabwaho ibitero
Abagororwa barenga 1800 batorotse gereza muri Nigeria nyuma yuko igabweho igitero n'abagabo bitwaje intwaro.
Amakuru avuga ko abateye binjiye mu mbuga y'iyo gereza yo mu mujyi wa Owerri uri mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana:Ernest na Thomas bafatanwe ibiro 64 by’amabuye y’agaciro bikekwa ko bari bayibye
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Fumbwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 02 Mata yafashe Muhirwa Erneste w’imyaka 26 na Habimana Thomas w’imyaka 44. Aba bombi bafatanwe ibiro 64!-->!-->!-->…
Gatsibo: 54 bafatiwe mu bukwe barenze ku mabwira yo kwirinda Covid-19
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Werurwe 2021, inzego z’umutekano mu Karere ka Gatsibo zafashe abantu 54 bari bari mu muhango w’ubukwe, aho bari ku cyiciro cyo gusaba umugeni.
Bafashwe hagati ya saa sita na saa saba, mu mudugudu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Arikiyepiskopi wa Kampala yasanzwe mu cyumba cye yapfuye.
Arikiyepiskopi wa Arikidiyoseze ya Kampala, Cyprian Kizito Lwanga, bamusanze mu cyumba cye yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 werurwe 2021, nk’uko byanditswe mu kinyamakuru ’Daily Monitor’ cyo muri Uganda dukesha iyi!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yafatanye umuturage udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 5
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Mata ahagana saa moya z’ijoro abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge(ANU) bafatiye mu cyuho Habimana Aloys w’imyaka 52 afite udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 5. Yafatiwe!-->!-->!-->…
Nyarugenge: 43 bafatiwe mu rugo rw’umuturage barimo gusenga barenze ku mabwiriza yo kurwanya…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 02 Mata ahagana saa yine abapolisi bafatanije n’abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage basanze abantu 43 mu nzu y’uwitwa Mukamunzungu Claudine barimo gusenga barenze ku mabwiriza!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yashyize igorora abifuzaga gukorera perimi.
Polisi y'u Rwanda yashyize igorora abifuzaga urushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga.
Polisi y'u Rwanda ishami ryo mu muhanda yashyize hanze itangazo rigaragaza ingengabihe y'uko ibizamini by'uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yataye muri yombi umuryango wakoraga inzoga ya Kanyanga.
Polisi y’u Rwanda ifatanije n’abaturage n’izindi nzego zo mu Karere ka Huye mu Murenge wa Karama mu Kagari ka Kibingo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Werurwe bafashe uwitwa Nkundumukiza Christophe w’imyaka 39 n’umugore we!-->!-->!-->…