Browsing Category
Uncategorized
Umusore w’imyaka 21 akurikiranyweho icyaha cyo kwica umukunzi we nyuma yo kumusambanya.
Umusore w'imyaka 21 y'amavuko wo mu karere ka Muhanga akurikiranyweho ubwicanyi bw'umukobwa bakundanaga nyuma yo kumusambanya ku gahato.
Ku wa 24 Werurwe 2021, Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, bwashyikirijwe dosiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Pasitori wa Restoration church ukurikiranyweho icyaha cyo guhoza ku nkeke umugore
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwataye muri yombi Pasteur Rwamasunzu wo mu itorero rya Restoration church kubera icyaha cyo guhoza ku nkeke umugore we.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Pasiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore umutonore w’imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai izahembwa MISS Rwanda 2021
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, abanya Kigali bamurikiwe imodoka nziza yo mu bwoko bwa Hyundai izahembwa nyampinga w'u Rwanda wa 2021.(Photo:Igihe.com)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 15 Nibwo abasanzwe bategura!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Meya arashinjwa kurengera mudugudu ushinjwa kurandura imyaka y’abaturage.
Abaturage bo mu murenge wa Muhoza, mu mudugudu wa Muhe barashinja umuyobozi w'Akarere kurengera mudugudu witwa Delphine uherutse kwirara mu nsina z'abaturage arazirandura.
Abaturage bo mu Kagari ka Ruhengeri mu Murenge wa Muhoza,!-->!-->!-->!-->!-->…
Abdul Gakara wakanyujijeho muri Ruhago ari mu maboko ya Polisi kubera gusambanya umugore…
Abdul Gakara wigeze gukinira amakipe atandukanye mu Rwanda ari mu maboko ya polisi azira gusambanya umugore w'abandi.
Amakuru y'itabwa muri yombi rya Bwana ABDUL GAKARA wigeze gukinira amakipe atandukanye hano mu Rwanda harimo na!-->!-->!-->!-->!-->…
Ishyaka Green Party risaba ko umusoro ku bukonde bw’ubutaka ukurwaho.
Bwana Frank HABINEZA umuyobozi w'ishyaka rya Rwanda democratic Green Party arasanga Leta y'u Rwanda ikwiye gukuriraho Abanyarwanda umusoro ku butaka.
Ubwo inteko ishingamategeko y'u Rwanda yari iteranye ngo yige ku mushinga wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya IZABAYO Diane wifuza guhinduza Amazina
Bwana IZABAYO Diane mwene HATEGEKIMANA Aloys na MUKAMUKAMA Cosesa utuye mu Karere ka Rutsiro, arasaba uburenganzira bwo guhindura amazina ye yari asanzwe akoresha nka IZABAYO DIANE akitwa IMANIZABAYO DIANE akaba ariryo ryandikwa mu!-->!-->!-->…
Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya RUSESABAGINA yasaga kuburanishwa n’inkiko…
Urukiko rukuru mu Rwanda rwatangaje ko nzitizi zatanzwe na Paul Rusesabagina ko rudafite ububasha bwo kumuburanisha nta shingiro zifite.
Paul Rusesabagina n'abantu 20 baregwa muri dosiye imwe ibyaha by'iterabwoba bishingiye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza w’ikipe y’Abagore yiyahuye nyuma yo kuregwa ihohotera yakoreraga abagore atoza.
Uwahoze ari umutoza w'ikipe y'abagore y'igororangingo (gymnastics) ya Leta zunze ubumwe za Amerika yiyahuye nyuma y'amasaha arezwe ihohotera rishingiye ku gutsina no gucuruza abantu, nk'uko abategetsi babivuga.
Ibiro bya Dana!-->!-->!-->!-->!-->…
RNC irashinja Leta ya Kigali kuba inyuma y’urupfu rw’uwari umuyoboke wayo.
Ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u Rwanda rya RNC rirashinja u Rwanda kuba inyuma y'urupfu rwa Bwana Bamporiki wari umuhuzabikorwa waryo.
Nyuma y'urupfu rwa Bwana BAMPORIKI wishwe arashwe mu gihugu cya Afrika Y'epfo, ishyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Inteko yaraye yemeje umushinga wo kongera Miliyari 219.1 ku ngengo y’imali.
Kuri uyu wa 22 Gashyantare 2021, Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yatoye itegeko rihindura itegeko no 005/2020 ryo ku wa 30/06/2020 rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2020/2021.
Perezida wa Komisiyo y’Ingengo y’Imari!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya DRC irashinja FDLR kuba inyuma y’urupfu rwa ambasederi w’Ubutaliyani muri icyo…
Leta ya Repubulika iharanira demokrasi ya Congo irashinja umutwe wa FDLR kuba ariyo yagabye igitero cyasize gihitanye ambasaderi w'Ubutaliyani muri DRC.
Nyuma y'urupfu rwa Bwana Luca Attanasio wari intumwa y'igihugu cy'Ubutaliyani!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana BAMPORIKI yishwe arashwe
Umunyarwanda wo mu batavugarumwe n'ubutegetsi wari impunzi muri Africa y'Epfo yishwe arashwe.
Amakuru avuga ko Abdallah Seif Bamporiki yari ajyanye igitanda ku mukiliya ejo ku cyumweru muri Cape Town. Ntibizwi neza niba yishwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyina wa Apotre GITWAZA yaraye yitabye Imana.
Nyina Dr Apotre GITWAZA Paul uyobora itorero rya Zion Temple mu Rwanda no ku isi yose yaraye yitabye Imana mu ijoro ryakeye.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo inkuru y'urupfu rw'uyu mubyeyi yamenyekanye ishyizwe hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe barimu barinubira ingwa bakoresha ku itegeko rya REB bakavuga ko zishobora kubatera uburwayi
Bamwe mu barimu bakomeje kwinubira ingwa bakoresha ku itegeko rya REB, bavuga ko usibye kutandika, zitumuka cyane bikaba byabatera uburwayi.
Ni ikibazo kimaze iminsi ndetse abarimu bavuga ko bagiye bakigeza ku babakuriye nabo!-->!-->!-->!-->!-->…