Browsing Category
Uncategorized
Mahamat Idriss Déby Itno wasimbuye ise ku buyobozi bwa Tchad ni muntu ki?
Nyuma y'amasaha make gusa igihugu gitangaje ko Idris Deby yitabye Imana, Leta ya Tchad yemeje ko igihugu kigiye kuyoborwa n'umuhungu we.
Nubwo abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Tchad bateye utwatsi umwanzuro wa Gisirikare wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yibukije ko buri muntu afite uburenganzira bwo gutunga perimi
Polisi y'u Rwanda yibukije ko gutunga perimi ari uburenganzira bwa buri Munyarwanda ko bityo bakwiye kwirinda kunyura mu nzira z'ubusamo
Polisi y'u Rwanda irakangurira abaturarwanda kwirinda inzira z'ubusamo bashaka impushya zo!-->!-->!-->!-->!-->…
Dubai: Leta yataye muri yombi abagore 12 bari bifotoje bambaye ubusa
Ubuyobozi bwa Leta ya Dubai bwataye muri yombi itsinda ry'abagore 12 bashyize hanze amafoto yabo bambaye ubusa.
Amashusho yatangajwe ku mbuga za internet ku wa gatandatu agaragaza itsinda ry’abagore bambaye ubusa barimo kwifotoreza!-->!-->!-->!-->!-->…
Clarisse Karasira yanenze igikorwa polisi yakoreye abageni cyo kubaraza muri stade.
Clarisse KARASIRA umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda yanenze igikorwa polisi y'u Rwanda iherutse gukorera abageni ibaraza kuri stade kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda covid-19.
Mu mpera z'iki cyumweru turangije nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuzima bwinjwangwe buratangaje cyane isinzira amasaha 20!
Injangwe , Ipusi Nyirahuku ,cyangwa Inturo Iyo yibera mu ishyamba sobanukirwa bumwe mu buzima aho imara amasaha agera kuri 20 isinziriye
gusinzira ku ipusi biherekezwa no guhirita
Injangwe ni imwe mu nyamaswa!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Africa: Loni yambitse imidali y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa…
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe abapolisi b’u Rwanda bagera ku 139 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Central Africa(MINUSCA) bambitswe imidali yo kubashimira!-->!-->!-->…
Gisagara: Abagera kuri 94.5% bamaze gutanga mitiweri, AbanyaKigali baza ku mwanya wa nyuma
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, cyatangaje mu gutanga ubwisungane mu kwivuza bwa 2020/2021, Akarere ka Gisagara kari imbere aho kageze ku kigero cya 94.5%.
Akarere ka Gisagara kaje ku mwanya wa mbere kuko kamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’imyaka 21 akurikiranyweho icyaha cyo kwica umukunzi we nyuma yo kumusambanya.
Umusore w'imyaka 21 y'amavuko wo mu karere ka Muhanga akurikiranyweho ubwicanyi bw'umukobwa bakundanaga nyuma yo kumusambanya ku gahato.
Ku wa 24 Werurwe 2021, Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, bwashyikirijwe dosiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Pasitori wa Restoration church ukurikiranyweho icyaha cyo guhoza ku nkeke umugore
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwataye muri yombi Pasteur Rwamasunzu wo mu itorero rya Restoration church kubera icyaha cyo guhoza ku nkeke umugore we.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Pasiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore umutonore w’imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai izahembwa MISS Rwanda 2021
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, abanya Kigali bamurikiwe imodoka nziza yo mu bwoko bwa Hyundai izahembwa nyampinga w'u Rwanda wa 2021.(Photo:Igihe.com)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 15 Nibwo abasanzwe bategura!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Meya arashinjwa kurengera mudugudu ushinjwa kurandura imyaka y’abaturage.
Abaturage bo mu murenge wa Muhoza, mu mudugudu wa Muhe barashinja umuyobozi w'Akarere kurengera mudugudu witwa Delphine uherutse kwirara mu nsina z'abaturage arazirandura.
Abaturage bo mu Kagari ka Ruhengeri mu Murenge wa Muhoza,!-->!-->!-->!-->!-->…
Abdul Gakara wakanyujijeho muri Ruhago ari mu maboko ya Polisi kubera gusambanya umugore…
Abdul Gakara wigeze gukinira amakipe atandukanye mu Rwanda ari mu maboko ya polisi azira gusambanya umugore w'abandi.
Amakuru y'itabwa muri yombi rya Bwana ABDUL GAKARA wigeze gukinira amakipe atandukanye hano mu Rwanda harimo na!-->!-->!-->!-->!-->…
Ishyaka Green Party risaba ko umusoro ku bukonde bw’ubutaka ukurwaho.
Bwana Frank HABINEZA umuyobozi w'ishyaka rya Rwanda democratic Green Party arasanga Leta y'u Rwanda ikwiye gukuriraho Abanyarwanda umusoro ku butaka.
Ubwo inteko ishingamategeko y'u Rwanda yari iteranye ngo yige ku mushinga wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya IZABAYO Diane wifuza guhinduza Amazina
Bwana IZABAYO Diane mwene HATEGEKIMANA Aloys na MUKAMUKAMA Cosesa utuye mu Karere ka Rutsiro, arasaba uburenganzira bwo guhindura amazina ye yari asanzwe akoresha nka IZABAYO DIANE akitwa IMANIZABAYO DIANE akaba ariryo ryandikwa mu!-->!-->!-->…
Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya RUSESABAGINA yasaga kuburanishwa n’inkiko…
Urukiko rukuru mu Rwanda rwatangaje ko nzitizi zatanzwe na Paul Rusesabagina ko rudafite ububasha bwo kumuburanisha nta shingiro zifite.
Paul Rusesabagina n'abantu 20 baregwa muri dosiye imwe ibyaha by'iterabwoba bishingiye ku!-->!-->!-->!-->!-->…