Browsing Category
Uncategorized
Bugesera: Umusaza yapfuye anizwe n’inyama ya burusheti yaryaga.
Niyibizi Jean Baptista w'imyaka 61 y'amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Mukoma Akagari ka Maranyundo yapfuye urupfu rw'amarabira nyuma y'uko ariye inyama ya burusheti ikamuniga bigakekwa ko yanze kumanuka ngo irenge umuhogo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umukozi wa RCS wasohotse mu modoka agakubita urushyi umugenzi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS) wagaragaye mu mashusho bivugwa ko yakubitiye umukarani mu muhanda rwagati.
Ni nyuma y’amashusho yagaragaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda, Tanzania na Kenya byahawe kwakira igikombe cy’Afurika cy’abagabo cya 2027.
Tariki 15 Gicurasi uyu mwaka ni bwo ibihugu bya Uganda, Tanzania na Kenya byo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba, byishyize hamwe mu cyiswe ” Pamoja” bivuze gushyira hamwe mu Kinyarwanda, byandikiye Impuzamashyirahamwe y’umupira!-->!-->!-->…
Andi makuru mashya kuri Kazungu wiyemerera kwica abakobwa akabashyingura mu gikoni cye
Umusore utuye mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, wasanzwe yarashyinguye abantu bataramenyekana umubare aho atuye, yemera ko ari we wishe abo bantu, akavuga ko ari abakobwa babaga bahuriye mu tubari akabatahana nk’abagiye!-->!-->!-->…
EMINEM YATANZE GASOPO KU BARI KWIYAMAMARIZA KUZAYOBORA AMERIKA UMWAKA UTAHA
EMINEM YIYAMYE VIVEK WUMU REPUBLIKANI AMUSABA KUREKA KURIRIMBA INDIRIMBO ZE MU GIHE YIYAMAMAZA
EMINEM YABUJIJE UMUKANDIDA WUMU REPUBLIKANI RAMASWAY KUZONGERA GUKORESHA INDIRIMBO ZE YIYAMAMAZA
Mugihe mada y'imyaka ine ya Perezida!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
TAYLOR SWIFT KURUHEMBE MU BAZAHATANIRA IBIHEMBO BYA MTV MUSIC AWARDS 2023
TAYLOR SWIFT AYOBOYE URUTONDE RW'ABAZAHATANIRA IBIHEMBO BYA MTV AWARDS 2023
Ku mugoroba w'ejo hashize tariki 8 Nyakanga, 2023 nibwo hasohotse urutonde rw'abahanzi bazahatanira ibihembo bitegurwa na tereviziyo ikomeye yitwa MTV aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Haganujwe abatarahiriwe n’ibihe hatangizwa na agahunda ya “BugeseraNightrun”
Kimwe n'ahandi hose mu gihugu mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa gatanu taliki ya 4 kanama umwaka wa 2023 bizihije umunsi w'umuganura, ni umunsi waranzwe no ku ganuza abaturage batahiriwe n'ibihe by'ihinga bahabwa imbuto nkuru zirimo!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yihanganishije umuryango wa Emir wa Qatar
Ku Gicamunsi cyo ku Cyumweru taliki ya 23 Nyakanga, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yifatanyije n’abandi bayobozi batandukanye ku Isi mu gufata mu mugongo umuryango w’Umuyobozi w’Ikirenga (Emir) wa Qatar Sheikh Tamim bin!-->!-->!-->…
“Igihe ni iki ngo mwicarane n’abana” minisitiri w’uburezi yagiriye inama…
Minisitiri w’uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yasabye ababyeyi kumarana umwanya uhagije n’abana babo muri iki gihe cy’ibiruhuko ndetse bakanabakebura mu gihe bagize imyitwarire idahwitse. Ni mu gihe bagiye kumarana na bo amezi agera!-->!-->!-->…
Umubyeyi yavuze uko umuhungu we ajya ashaka kumufata ku ngufu.
Umugore utuye mu Kagari ka Nyakabanda II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, yagaragarije abaturanyi be ko abangamiwe n’umwana we w’umuhungu anashimangira ko yari agiye kumusambanya.
Ibi byabaye ahagana saa munani z’amanywa!-->!-->!-->…
Gufuha byatumye umugabo aruma urutoki umugore we amuca urutoki.
Musanze: Umugabo wo mu Karere ka Musanze aravugwaho kuruma urutoki rw’umugore we akaruca, biturutse kumufuhira, akaba ngo yaramukubise amabuye mu mutwe agambiriye “kumuvutsa ubuzima.”
Mukandutiye Vestine wo Mudugudu w’Akumugeni,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwongereza bwateye utwatsi icyemezo cy’urukiko cyo kutohereza abimukira mu Rwanda
Guverinoma y’u Bwongereza, yatangaje ko yiteguye kujuririra mu rukiko rw’ikirenga icyemezo cy’urukiko rw’ubujurire, gitesha agaciro gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda.
Minisitiri w’Intebe Rishi Sunak, yavuze ko u Rwanda ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Transfers: #Rice #Kovacić, #Loftus-Cheek, #Cuadrado, #Ziyech
Ikipe ya Manchester city inaheruka gutwara ibikombe bitatu birimo Igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo cya UEFA CHAMPIONS LEAGUE, igikombe cy'igihugu cya FA cup ndetse na Shamoiyona y'icyiciro cya mbere yatwaye ipanguruye!-->!-->!-->…
Siriya: U Burusiya burashinjwa igitero cy’indege cyahitanye 10
Igitero cy’indege cyagabwe mu isoko ricururizwamo imboga mu Majyepfo y’Iburengerazuba bwa Siriya cyahitanye abantu bagera ku 10.
Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru itangaza ko abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Siriya bavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA ibonye umuyobozi mushya
Nk’uko byari byitezwe, Munyatwali Alphonse wa Police FC ni we watorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda mu gihe cy’imyaka 2 iri imbere ku majwi 50 muri 56 batoye.
Uyu munsi nibwo habaye amatora ya Komite Nyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…