Browsing Category
Uncategorized
Transfers: #Rice #Kovacić, #Loftus-Cheek, #Cuadrado, #Ziyech
Ikipe ya Manchester city inaheruka gutwara ibikombe bitatu birimo Igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo cya UEFA CHAMPIONS LEAGUE, igikombe cy'igihugu cya FA cup ndetse na Shamoiyona y'icyiciro cya mbere yatwaye ipanguruye!-->!-->!-->…
Siriya: U Burusiya burashinjwa igitero cy’indege cyahitanye 10
Igitero cy’indege cyagabwe mu isoko ricururizwamo imboga mu Majyepfo y’Iburengerazuba bwa Siriya cyahitanye abantu bagera ku 10.
Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru itangaza ko abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Siriya bavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA ibonye umuyobozi mushya
Nk’uko byari byitezwe, Munyatwali Alphonse wa Police FC ni we watorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda mu gihe cy’imyaka 2 iri imbere ku majwi 50 muri 56 batoye.
Uyu munsi nibwo habaye amatora ya Komite Nyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Dosiye ya Karasira yongerewe uburemere hashyirwamo ibindi byaha bishya
Ubushinjacyaha bwongereye ibyaha bibiri bishya ku byo bukurikiranyeho Karasira Uzaramba Aimable; birimo icyaha cyo kudasobanura inkomoko y’umutungo n’icyaha cy’iyezandonke.
Ibi birego bije byiyongera ku byaha bitatu Karasira ugiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Yagerageje kwica umugore we, byanze ariyahura
Umugabo witwa Jean Bosco yiyahuye nyuma y'aho agerageje kwica umugore we amutemye ariko ntapfe ahubwo agakomereka.
Mu Karere ka Musanze haravugwa inkuru y'umugabo witwa Jean Bosco NZEYIMANA yapfuye yiyahuye kuri iki cyumweru nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC itwaye championnat 2022-2023 ku nshuro ya kane yikurikiranya
APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda ya 2022-23 kiba igikombe cya 4 yegukanye yikurikiranya ibintu yaherukaga gukora hagati ya 2008 na 2012, ni nyuma yo gutsinda Gorilla FC2-1.
Yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu:Ubunyangamugayo buke butumye batabwa muri yombi
Aba yobozi bo mu murenge wa Rugerero, bafashwe tariki 18 Gicurasi, 2023 ni Uwiringiyimana Alice, w’imyaka 28, ni SEDO w’Akagari ka Kabirizi na Habumugisha Cyprien w’imyaka 33 y’amavuko, we ni Umuyobozi w’umudugudu wa Nyamyiri.
amakuru!-->!-->!-->…
Rusizi: RIB yaraye itaye muri yombi abantu batatu bakekwaho kwica umupolisi
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi y’Igihugu, RNP, rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umupolisi uherutse gusangwa mu muhanda yapfuye.
Mu gitondo cyo ku wa 12!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore uko ibihugu byo mu Karere no ku isi bikurikirana mu bwisanzure bw’itangazamakuru
Raporo y'uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw'itangazamakuru ku isi ishyira u Burundi ku mwanya wa 114 n'amanota 52.14 ku 100, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n'amanota 46.58 ku 100 mu bihugu 180 byakoreweho!-->!-->!-->…
Yasuye Padiri apfirayo abeshye umugabo ko agiye gushyingura.
Uyu ni umugore wa maze gupfa na padiri Abel
Nk’uko newslexpoint,yabivuze padiri Abel Mwelwa yatumiye uwo mugore wubatse mu rugo rwa paruwasi mu ijoro ryo ku wa Kane Mutagatifu.Umugore usanzwe afite umugabo yasanzwe yapfuye mu nzu!-->!-->!-->…
Kirehe: Akurikiranyweho kwica umwana atemeraga ko ari uwe
Umugabo witwa Murwanashyaka Aphrodis bakunda kwita Herman ari mu maboko y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), akaba akurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana w’imyaka itatu y’amavuko atemeraga ko ari we wamubyaye.
Ku wa Kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umwaka urihiritse Akarere karamwimye akazi yatsindiye ko kuyobora ishuri
Umwaka wose urarenze ashyizwe ku rutonde rw'abatsindiye umwanya wo kuyobora ikigo cy'ishuri ariko ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwanga kukamuha
Umugabo uvuga ko akora akazi k'uburezi mu Karere ka Nyanza, mu murenge wa Busasasmana!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri n’abarimu baturutse mu ishuri rya gisirikare muri Kenya bagiriye uruzinduko mu…
Itsinda ry’abanyeshuri, abarimu n’abakozi baturutse mu ishuri rikuru rya gisirikare muri Kenya bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kubungura ubumenyi mu nzego zirimo ubukungu n’iterambere by’u Rwanda.
Iri tsinda kuri uyu wa Kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Mutesi Jolly yanyomoje amakuru yari amaze iminsi avuga ko atwite
Miss Mutesi Jolly ufite ikamba rya Miss Rwanda 2016, yanyomoje amakuru amaze iminsi akwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko atwite.
Ni amakuru yatangiye kuvugwa cyane mu ntangiro z’iki cyumweru ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Imfungwa yari mu bitaro yambaye amapingu yatorotse
Muri Kenya, Polisi irashakisha umufungwa watorotse ibitaro kandi yari yambitswe amapingu, mu rwego rwo kwirinda ko yacika.
Yari yajyanywe kwa muganga nyuma yo gufatwa na Cholera ariko bigeze nka saa tatu z’ijoro arabura, kuko ngo!-->!-->!-->!-->!-->…