Browsing Category
Uncategorized
Central Africa: Abapolisi b’u Rwanda batanze ubuvuzi ku bafungwa
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Nzeri, abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Central Africa bazindukiye mu gikorwa cyo kuvura imfungwa no!-->!-->!-->…
Police FC yabonye umutoza mushya ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Nzeri nibwo Francis Nuttall Elliot w’imyaka 53 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yageze mu Rwanda anashyira umukono ku masezerano atoza ikipe y’umupira w’amaguru ya Polisi y’u Rwanda (Police FC). Uyu!-->!-->!-->…
Prezida Kagame yazamuye mu ntera Lt. Col Innocent Munyengango na Lt. Col Claver Karara.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Paul Kagame, yazamuye mu ntera abasirikare babiri barimo Lt. Col Innocent Munyengango wahawe ipeti rya Colonel, anagirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bweguje ku gahato ba gitifu b’imirenge 2 yo muri ako…
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rubavu bweguje abanyamabanga nshingwabikorwa b'Imirenge babiri bubaziza imikorere idahwitse.
Amakuru dufitiye gihamya aturuka mu Karere ka Rubavu aravuga ko ubuyobozi bw'Akarere bumaze kwakira amabaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Min.Gatabazi yasabye rubanda kutirara kuko Covid-19 igihari
Minisitiri w’Ubutegetsi bw'Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko kuba ingamba zorohejwe zijyanye no kwirinda icyorezo cya Covid19, atari umwanya wo kwirara, yerura ko abazafatwa banyuranya n’amabwiriza yatanzwe!-->!-->!-->…
MINEDUC yakuyeho urujijo ishyira hanze ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2021-2022.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane Mineduc yashyize hanze ingengabihe igaragaza igihe umwaka w'amashuri 2021-2022 uzatangirira.
Abatari bake cyane cyane ababyeyi, abarezi ndetse n'abanyeshuri bari bamaze igihe bibaza igihe umwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yasobanuye impamvu yahagaritse abajyanama be.
Prezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko ariwe ubwe wiyukaniye bamwe mu bajyanama be kubera ko bamutanye akazi.
Mu minsi ishize nibwo hakomeje gutambuka zimwe mu nkuru zavugaga ko Prezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Hissène Habré wigeze kuyobora Tchad imyaka 8 yose yahitanywe na Covid-19.
Bwana Hissene Habre wigeze kuyobora igihugu cya Tchad amaze gushiramo umwuka azize uburwayi bwa Covid-19
Amakuru y'urupfu rw'uyu musaza wari umaze kugira imyaka 79 y'amavuko yashyizwe hanze n'ibiro ntaramakuru by'Abafaransa ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 17 irashize Abanyamulenge 166 biciwe mu Nkambi y’i Gatumba mu Burundi.
Imyaka 17 irashize Abanyamulenge bagera ku 166 bishwe batwitswe mu nkambi bari bacumbikiwemo mu Gatumba mu gihugu cy'u Burundi.
Hari ku italiki nk'iyi ngiyi ya 13 z'ukwezi kwa munani mu mwaka w'i 2004 ubwo umutwe w'inyeshyamba wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Umusaza yafatiwe mu cyuho aha ruswa Gitifu ngo amufashe kunyaga umwana we
Umusaza w’imyaka 65 wo mu Karere ka Kirehe, yafatiwe mu cyuho n’inzego z’umutekano aha Umunyamabnga Nshingwabikorwa w’Akagari ruswa y’ibihumbi 50 by’amafaranga y’u Rwanda ngo amufashe kunyaga isambu y’umwana we.
Ibi byabaye kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
U Bufaransa bugiye gushyiraho umukozi uzaba ahuza inzego zabwo z’ubutabera n’u Rwanda
Mbere y'uko ukwezi gutaha kwa Nzeri kurangira, muri ambasade y'u Bufaransa mu Rwanda hazaba hari umukozi wihariye uzaba ahuza inzego z'ubutabera z’u Rwanda n’iz’u Bufaransa.
Ibi ni ibyatangajwe na ambasaderi w'u Bufaransa mu Rwanda,!-->!-->!-->!-->!-->…
Placide uzwi nka Trump wayoboraga Musanza FC nawe abishingutsemo.
Bwana Tuyishimire Placide bakunze kwita Trump na komite ye yose bamaze kwandikira ubuyobozi bw'Akarere ka Musanze ko beguye ku nshingano zabo zo kuyobora ikiope ya Musanze FC.
Amakuru atugeraho aravuga ko Bwana Tuyishimire Placide!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaturage barashimira imbaraga Akarere gashyira mu kurwanya Covid-19
Abaturage b'Akarere ka Nyanza barashimira ubuyobozi bw'Akarere kabo imbaraga bari gukoresha mu gukumira ikwirakwira ry'icyorezo cya covid-19
Nubwo u Rwanda n'isi muri rusange rwazahajwe n'icyorezo cya Covid-19, by'umwihariko Akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Guinea Equatoriale yafatiriye indege y’Abafaransa
Leta ya Guinee Equatoriale yafatiriye indege y'Abafaransa yavogeraga ikirere cyayo nta burenganzira.
Leta y'igihugu cya Guinee Equatoriale yemeje amakuru y'ifatirwa rya kajugujugu y'Abafaransa nyuma y'uko iyo kajugujugu yavogeraga!-->!-->!-->!-->!-->…
Irasubiza Chris wari waravukanye umwenge ku mutima yitabye Imana
Irasubiza Chris (nyakwigendera) ni umwe mu mpanga ebyiri zabyawe na Mutezimana Venantie wo mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo, Irasubiza akaba yari amaze imyaka irenga ibiri arwana n’ubuzima kubera ikibazo cy’umutima wari umaze!-->!-->!-->…