Browsing Category
Izindi nkuru
Itangazo rya IGIRIMBABAZI usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa IGIRIMBABAZI Josephine mwene Karimunzira Berchmas na Nyiranzakizwanimana utuye mu Mudugudu wa Gisunzu, Akagali ka Rurara, Umurenge wa Mushonyi, mu Karere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba yanditse asaba uburenganzira bwo!-->…
Inkubi y’umuyaga yiswe Ana igaragaza ko ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe…
Uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana muri Mozambique UNICEF, Maria Luisa Fomara, avuga ko inkubi y’umuyaga yiswe Ana yibasiye ibihugu byo mu majyepfo y'Afrika, igaragaza ko ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yifurije Perezida Suluhu wa Tanzania isabukuru nziza
Kuri uyu wa Kane taliki ya 27 Mutarama 2022, Perezida wa Repubulika y’Ubumwe ya Tanzania Samia Suluhu Hassan, yujuje imyaka 62 y’amavuko. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko ye, kurama!-->!-->!-->…
Mozambique-Malawi: Umubare w’abamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe Ana wageze ku bantu 12
Ubuyobozi bwatangaje ko abamaze guhitanwa n’inkubi y’umuyanga wiswe Ana bamaze kugera kuri 12 muri Mozambique na Malawi, nubwo hagikomeje ibikorwa byo kubarura ibyagizweho ingaruka n’uyu muyaga wibasiye igice cy’amajyepfo y'Afrika kuwa!-->!-->!-->…
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri byaraye bisimbuje Dr Sabin ku buyobozi bwa RBC
Prof Claude Mambo Muvunyi ni we wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) nk’uko byatangajwe mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya mbere y’uyu mwaka wa 2022, yateranye ku wa Gatatu taliki ya 26!-->!-->!-->…
COVID-19: Amasaha yo kuba abantu bageze mu rugo yashyizwe saa sita z’ijoro
Amabwiriza mashya y’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 26 Mutarama, yongereye igihe abantu bagoba kuba bageze mu rugo aho cyakuwe kuri saa Yine (22:00 PM) kigashyirwa saa sita z’ijoro(00:00 AM).
Muri aya!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abana 13 bari baburiwe irengero babonetse
Abanyeshuri bo mu Karere ka Karongi bari baburiwe irengero bivugwa ko bahunze urukingo rwa Covid-19, bongeye kuboneka nyuma y’iminsi itatu, bashonje cyane.
Aba bana bo mu Kagari ka Bubazi, Umurenge wa Rubengera, mu cyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Babiri bafatanwe ubutumwa buhimbano bugaragaza ko bipimishije COVID-19
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Mutarama, abapolisi bakorera mu ishami rishinzwe ibazamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga bafashe abagabo babiri bari bafite ubumwa buhimbano bugaragaza ko bipimishije!-->!-->!-->…
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 52 ku Isi mu kurwanya ruswa, ruvuye kuwa 49 rwariho mu 2020
Icyegeranyo mpuzamahanga kigaragaza uko ruswa ihagaze ku Isi (CPI2021), cyashyize u Rwanda kumwanya wa 52 n’amanota 53, ruvuye ku mwanya wa 49 rwariho mu 2020.
Iki cyegeranyo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri taliki ya 25 Mutarama!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Imirimo yo kubaka ikiraro cya Mwogo igeze kure.
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Rwabicuma bashimishijwe n'aho imirimo yo kubaka ikiraro cya Mwogo igeze, bakaba bakibonamo igisubizo cy'ubuhahirane hagati ya bagenzi babo bo hakurya mu Murenge wa Nyagisozi.
Binyuze kuri!-->!-->!-->…
Itangazo rya Harinditwari usaba uburenganzira bwo guhinduza izina.
Uwitwa HARINDINTWARI mwene Mungarurire na Nakabonye utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Boneza, Akagali ka Nkira, umudugudu wa Murambi yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Burundi: Raporo ya HRW inyuranya n’amakuru yatanzwe na Leta ku baguye mu nkongi kuri Gereza ya…
Raporo yasohowe n'umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), ivuga ko abafungiye muri gereza ya Gitega mu Burundi, bemeza ko hapfuye bagenzi babo hagati ya 200 na 400.
Perezida w'Uburundi Evariste!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarezi n’abayobozi b’ibigo bashya hafi 10,000 binjijwe mu kazi
Leta y’u Rwanda yohereje abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye bagera ku 9,985, hagamijwe kuziba ibyuho byagaragaye mu turere twose tw’Igihugu.
Ubuyobozi bw’ Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwongeye gusabira Paul Rusesabagina igifungo cya burundu
Ku nshuro ya kabiri, Ubushinjacyaha bwongeye gusaba Urukiko rw’Ubujurire ko Paul Rusesabagina ahanishwa igifungo cya burundu, mu gihe yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 n’Urukiko Rukuru, Urugereko Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga!-->!-->!-->…
Rubavu: Imvura nyinshi yatumye amazi yinjira mu nzu z’abaturage
Imvura nyinshi yabyutse igwa mu karere ka Rubavu yatumye amazi yinjira mu nzu z’abatuye mu tugari twa Bugoyi n'Umuganda asenya inkuta 10 z'inzu.
Bamwe mu bahuye n'ibiza bari gukuramo ibikoresho bari bafite mu nzu, nubwo imvura!-->!-->!-->!-->!-->…