Browsing Category
Izindi nkuru
IGP Gen Simon Nyakaro ukuriye polisi ya Tanzania yitabiriye ubutumire bwa mugenzi we Dan Munyuza.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Nzeri nibwo Umuyobozi wa Polisi y’Igihugu cya Tanzaniya, IGP Gen Simon Nyakaro Sirro n’intumwa ayoboye bari bageze ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. Bakiriwe!-->!-->!-->…
Imidugudu yahize indi i Nyagatare mu bikorwa by’indashyikirwa yahembwe inka z’ubumanzi
Abatuye mu Midugudu yahize indi, ikanaza ku isonga mu bikorwa by’indashyikirwa yo mu karere ka Nyagatare barishimira ko bahawe inka z’ubumanzi nk’ishimwe ryo gukora neza, aho bemeza ko batazasubira inyuma ahubwo ngo gahunda ni!-->!-->!-->…
USA: Miss Bahati yasabwe, aranakwa mu muco wa Kinyarwanda
Miss Bahati Grace umaze igihe yibera muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yasabwe aranakwa mu muco wa Kinyarwanda.
Miss Bahati Grace wigeze kuba Nyampinga w'u Rwanda mu mwaka wa 2009 yasabwe aranakwa n'umukunzi we witwa Murekezi!-->!-->!-->!-->!-->…
USAID yageneye u Rwanda inkunga ya miliyoni 75 z’amadorari
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda rwasinyiye inkunga ingana na miliyoni 75 z'amadorari, ni ukuvuga agera kuri miliyari 75 z'amafaranga y'u Rwanda rwahawe n'ikigo cy'Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga USAID.
Aya mafaranga!-->!-->!-->!-->!-->…
Banki y’isi irashimira u Rwanda uburyo rukoresha neza inkunga ruhabwa
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w'Intebe Dr Edourd Ngirente yakiriye Dr Taufila Nyamadzabo umwe mu bagize inama y'Ubutegetsi ya Bank y'isi, washimiye uburyo u Rwanda rukoresha neza inkunga ruhabwa nayo, mu bikorwa n'imishinga igamije!-->!-->!-->…
ACP Rugwizangoza yarangije ishingano yari afite muri Sudani y’Epfo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Nzeri abapolisi bari mu butumwa bw 'umuryango w'abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y'Epfo basezeye Assistant Commissioner of Police (ACP) Barthelemy Rugwizangoga warangije ishingano ze zijyanye!-->!-->!-->…
Umuhanzi Jay Polly yitabye Imana
Umuhanzi Jay Polly yitabye Imana aguye mu bitaro bya Muhima.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Jay Polly rwamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa akane taliki ya 2/9/2021 aturutse ku bitaro byo ku Muhima aho bivugwa ko yaguye.
Kugeza!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nishimwe wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa NISHIMWE mwene Munyarukiko na Nyiransabimana, utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, ho mu Kagali ka Kavumu, yanditse asaba gihindurirwa amazina yari asanganywe ariyo NISHIMWE, hakinyongeraho!-->!-->!-->…
Rwanda: Perezida Kagame yashumbushije inka eshanu umuturage warasiwe ize.
Inka eshanu zihaka zatanzwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, zashyikirijwe Twagirayezu Jean de Dieu wo mu Karere ka Rubavu, nyuma y’uko ize zirashwe n’abantu bitwaje intwaro bari bavuye mu mashyamba ya Congo.
Izo nka!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyungu y’asaga miliyoni 780 yavuye mu bukerarugendo agiye gusaranganywa abaturiye za parike
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwita izina ingagi 24 zavutse, Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB ruravuga ko muri uyu mwaka hateganyijwe imishinga 30 igamije gusaranganya mu baturage inyungu zavuye mu ubukerarugendo, imishinga ifite!-->!-->!-->…
Umurambo wa Habineza Joseph uherutse kwitaba Imana wagejejwe i Kigali
Umurambo wa Joseph Habineza uherutse kwitaba Imana azize uburwayi wamaze kugezwa i Kigali ngo asezerweho bwa nyuma n'inshuti n'umuryango.(Photo:Igihe)
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo inkuru y'incamugongo yatashye mu matwi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Biravugwa ko abakozi b’Ubutasi ba Amerika CIA babonanye mu ibanga n’Abatalibani
Hari amakuru avuga ko urwego rw'ubutasi rwa USA rwaba rwaragiranye ibiganiro by'ibanga n'ubuyobozi bw'Abatalibani.
Biravugwa ko mukuru wa CIA yahuye mu ibanga n’umuyobozi w’Abatalibani.BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko ku munsi wo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Polisi yashyikirije umuryango utishoboye inzu yawubakiye ifite agaciro ka miliyoni 18 zose
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Kanama Polisi y'u Rwanda yashyikirije Sumwiza Sylivain w'imyaka 75 n'umufasha we Ntabahweje Agnes w’imyaka 66 n'abana babo 2 inzu yabubakiye nk'umuryango!-->!-->!-->…
Ministeri y’ibidukikije yatangaje ko hari imyanda imwe n’imwe igiye kujya ibyazwa…
Minisiteri y'ibidukikije yatangaje ko mu bihe biri imbere imwe mu myanda iva mu baturage, izajya igurwa n'amasosiyete ayibyaza umusaruro, mu gihe byari bimenyerewe ko ari abaturage bishyura kugira ngo iyi myanda ibavire mu ngo cyangwa!-->!-->!-->…
Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Lesotho n’ikipe ayoboye basuye polisi y’u Rwanda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Kanama Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Lesotho Commissioner of Police Holomo Molibeli n'intumwa ayoboye basuye Polisi y'u Rwanda. Ku cyicaro gikuru cya Polisi y'u Rwanda ku!-->!-->!-->…