Browsing Category
Izindi nkuru
Imyaka 58 irashize Valentina abaye umugore wa mbere ugiye mu isanzure.
Tariki 16/06/1963 Umurusiya Valentina Tereshkova yabaye umugore wa mbere ugiye mu isanzure. Yazengurutse inzira (orbits) 48 ziri mu gice cy'isanzure cyegereye isi mu rugendo yamazemo hafi iminsi itatu.
Ubwo icyogajuru Vostok-6 yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yakoze agashya amanukira mu mutaka agwa mu kibuga mu mukino wahuzaga Ubufaransa…
Umuntu wigaragambyaga wo mu muryango mpuzamahanga utegamiye kuri Leta wita ku bidukikije wa ‘Greenpeace’ washakaga kugaragaza politiki mbi ya ‘Volkswagen’ ku bijyanye n’ibidukikije, yahanukiye mu kibaga abakinnyi batangiye gukina. Ibyo!-->!-->!-->…
Rubavu: hoherejwe itsinda rigenzura ingaruka za Nyiragongo ku mwuka abantu bahumeka bitewe…
Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko yohereje mu Karere ka Rubavu itsinda ry’abashakashatsi bajya kugenzura ingaruka z’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ku mwuka wa Oxygène.
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 28 Gicurasi 2021 mu kiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
MAWAZO yise umwana we MUTONI wavukiye mu Rwanda ubwo nyina yahunga Nyiragongo.
Mawazo Devotha, Umunyekongo wabyariye mu nzira yerekeza mu Karere ka Rubavu ahunga iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo giherereye muri Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yahisemo kwita umwana we Umutoni kubera uko yakiranywe!-->!-->!-->…
Huye: Abantu 27 harimo abanyeshuri ba UR bafatiwe mu kabari ninjoro.
Abantu 27 bafatiwe mu kabari mu Karere ka Huye ahagana saa Mbili z’Ijoro bari kunywa inzoga barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
Bafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri bari mu kabari kari i Ngoma mu Mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Africa: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bahaye amazi meza abaturage.
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Central Africa kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Gicurasi bahaye amazi meza abaturage b’Igihugu cya Repubulika ya Central Africa bari mu murwa!-->!-->!-->…
Ingengo y’imari y’u Rwanda ishobora kwiyongeraho 10% umwaka utaha.
Guverinoma y'u Rwanda iratangaza ko ingengo y'imari ya leta y'umwaka utaha wa 2021/2022 ishobora kwiyongeraho 10% ugereranyije n'iy'uyu mwaka wa 2020/2021 ugana ku musozo. Ibi bikaba bikubiye mu mbanzirizamushinga y'iyo ngengo y'imari!-->!-->!-->…
Umutungo w’ama Banki mu Rwanda warazamutse ku rugero rwa 23.6%
Banki nkuru y'u Rwanda yatangaje ko umutungo w'amabanki y'ubucuruzi na za coperatize zakira zikanaguriza amafranga wazamutseho ku rugero rungana na 23.6% bingana n'agera kuri miliyari 4501 y'amafranga y'u Rwanda.
Banki Nkuru y'u!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ndayisaba wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa NDAYISABA mwene Ntawukirasongwa na Bihoyiki utuye mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro mu Ntara y'Iburasirazuba, arasaba guhindurirwa amazina ye yari asangaywe mu gitabo cy'irangamimerere NDAYISABA xxxx, maze hakongerwaho!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa Polisi y’U Rwanda ari mu ruzinduko rw’akazi muri Tanzaniya
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza, ku wa Mbere tariki ya 10 Gicurasi, yagiriye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Tanzania aho yahuye na mugenzi we uyobora Polisi yo muri icyo gihugu IGP Simon Nyakoro Sirro banagirana!-->!-->!-->…
Dr Gahakwa Daphrose yasabiwe igifungo cy’imyaka 7
Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi, yasabiwe gufungwa imyaka irindwi (7) kubera ibyaha akekwaho gukora ubwo yari umuyobozi w’agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB)
Ku wa 07 Gicurasi 2021!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese kubera iki ubutinganyi budacika iyi imyitwarire ikaba ikomeje kugonganisha abatuye Isi?
Ubutinganyi cyangwa se ukuryamana kw’abahuje ibitsina, bikomeje gufata indi ntera mu mico n’imigenzo itandukanye hirya no hino mu Isi, hamwe bakabyita “ikizira” abandi bakabusobanura “nk’ukwishyira ukizana” mu mudendezo ushingiye ku!-->…
Itangazwa ry’umwami mushya w’aba Zulu Misizulu ryatumye abavandimwe be bararakara cyane
Umuhungu w’imfura w’umwami w’aba Zulu wo muri Afurika y’epfo Goodwill Zwelithini uherutse gutanga ni we watoranyijwe nk’ugiye kumusimbura ku ngoma, mu gihe hari ubushyamirane bukomeye mu muryango.
Igikomangoma Misizulu, w’imyaka 46,!-->!-->!-->…
Ruhango: Ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri yanditse asaba imbabazi umunyeshuri nyuma yo…
Umuyobozi w’ishuri wungirije ushinzwe imyitwarire (préfet de discipline) wo ku ishuri rya College de Bethel APARUDE riherereye mu Kagari ka Nyamagana, mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Ruhango, yandikiye umunyeshuri ashinzwe kurera amusaba!-->…