Browsing Category
Izindi nkuru
Malawi: Abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi bagiranye ibiganiro
Umuyobozi mukuru wa Polisi y'u Rwanda n'umuyobozi mukuru wa Polisi ya Malawi kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Nyakanga bagiranye ibiganiro mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubufatanye buri hagati y'izi nzego zombi. Ni ubufatanye!-->!-->!-->…
Gishali: Abapolisi 30 baraye basoje amahugurwa yo gutwara moto zifashishwa mu gucunga umutekano.
Kuri uyu wa gatanu abapolisi bagera kuri 50 baraye bashoje amahugurwa yo gutwara moto za rutura zifasha mu gucunga umutekano wo mu muhanda.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Nyakanga mu ishuri rya Polisi riherereye mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupadiri yanditse asezera ashaka gushinga urugo
Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite ariko harimo no gushinga umuryango.
Umupadiri witwa Fidèle de!-->!-->!-->…
Omar Talal Ali Ambasaderi mushya w’Ubwongereza mu Rwanda yishimiye icyayi cy’u Rwanda
Ambasaderi mushya w’u Bwongereza mu Rwanda Omar Talal Ali Daair, yatangaje ko yanyuzwe n’urugwiro Abanyarwanda bamugaragarije bamwakira, ashimangira ko yakunze ikirere cy’u Rwanda by’umwihariko icyayi cy’u Rwanda gifite !-->!-->!-->…
Impinduka zikomeye mu bizami bya Leta byatangiye gukorwa kuri uyu munsi.
NESA, ikigo cy'igihugu gishinzwe ibizamini n'igenzura ry'imyigishirize cyashyizeho impinduka zitari zisanzweho mu bizamini bya Leta biri gukorwa.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 20 Nyakanga 2021, nibwo hatangizwaga ku mugaragaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate arasanga kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Basketball y’abagore akwiye…
Nyuma y'aho kapiteni w'ikipe y'igihugu ya basketball y'abagore Tierra Monay Henderson, yambitswe impeta n’umukunzi we w’umugore witwa Amanda Thompson bitegura kurushinga, Bwana Sadate yanenze iyo myitwarire nka kapiteni w'ikipe!-->!-->!-->…
Abarenga 100 bari mu bizamini bya Leta barwaye Covid-19
Mu banyeshuri barengaho gato ibihumbi 195 batangiye ibizami bya Leta bisoza icyiciro cya mbere cy'amashuri yisumbuye, ndetse n'abarangiza ayisumbuye, abagera ku 106 barwaye covid-19.
Kuri uyu munsi wa kabiri nibwo abanyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…
“U Rwanda rufite ibyo rwasangiza abandi mu miyoborere myiza” Meya wa Paris Anne Hidalgo
Umuyobozi w’Umujyi wa Paris mu Bufaransa Anne Hidalgo, ari mu Rwanda aho yitabiriye Inteko ya 41 y’Ihuriro ry’Abayobozi b’Imijyi itandukanye y’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (Association Internationale des Maires!-->!-->!-->…
Ba mudugudu 3,621 bari guhabwa terefone zigezweho zizabafasha mu kunoza akazi kabo.
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba, bwatangiye ibikorwa byo gukwirakwiza ‘smart phone’ 3621 ku bakuru b’imidugudu muri iyo Ntara, mu rwego rwo kuborohereza akazi (Photo:Igihe).
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko!-->!-->!-->!-->!-->…
Izindi mpunzi 133 zivuye muri Libya zaraye zigeze mu Rwanda
Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda rwakiriye icyiciro cya gatandatu cy’impunzi n’abasaba ubuhunzi 133 bavuye muri Libya, Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) ikabayemeje ko bageze i Kigali amahoro.
Nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Diamond amaze kwibikaho imodoka y’igitangaza ifite agaciro k’arenga miliyoni…
Umuhanzi wo muri Tanzaniya uzwi nka Diamond Platnumz amaze kwibikaho imodoka y'igikurankota ifite agaciro k'arenga miliyoni 650 y'amanyarwanda.
Ibi bibaye nyuma y'aho uno muhanzi yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uno!-->!-->!-->!-->!-->…
Abana bagera ku 254,678 harimo n’abanduye covid-19 batangiye ibizami bisoza amashuri abanza
Abanyeshuri 254,678 uyu munsi baratangira ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza mu gihe igihugu ubu cyugarijwe n'inkubiri nshya y'icyorezo Covid-19.
Minisiteri y'uburezi yatangaje ko abanyeshuri banduye Covid barwariye iwabo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guhera kuri italiki 30 kamena 2021 nta muntu uvuye Uganda azajya yinjira mu Bwongereza
Leta y'Ubwongereza yashyize igihugu cy'Ubugande ku rutonde rw'ibihugu aho ababivamo batemerewe kwinjira muri icyo gihugu.
Ibi bigendanye no kwiyongera kw’abanduye Coronavirus n’ubwoko bushya bw’iyi virus bwandura vuba cyane, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Umunyamakuru byamurenze aho gusoma amakuru, yivugira uburyo amaze igihe adahembwa
Ibyo byabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ku masaha y’umugoroba, ubwo umunyamakuru witwa Kabinda Kalimina yarimo asoma ingingo z’ingenzi z’amakuru kuri Televiziyo yo muri Zambia yitwa ‘KBN TV News’ (Kenmark Broadcasting Network),!-->!-->!-->…
Gisagara: Abaturage bahawe inka ntagatifu zivuye mu mujyi wa Yeruzalemu
Ambasaderi w'igihugu cya Israel mu Rwanda yoroje abaturage bo mu Karere ka Gisagara abaha inka zigera kuri 20 zose ziturutse mu mujyi wa Yeruzalemu
Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa kane taliki ya 24 Kamena 2021 ubera mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…