Browsing Category
Izindi nkuru
Abahanga mu bumenyi bw’ikirere basobanuye ibyaraye bibaye mu Kiyaga cya Ruhondo.
Umuhanga mu bijyanye n'ubumenyi bw'isi yatanze ubusobanuro ku bitangaza byaraye bibereye mu kiyaga cya Ruhondo.
Ku munsi w'ejo mu masaha y'ikigoroba nibwo amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga yagaragazaga amazi ari kuzamuka!-->!-->!-->!-->!-->…
FC Barcelona niyo itwaye ibendera ry’amakipe akize cyane kuri ino si.
Ikipe ya Barcelona FC yaje ku mwanya wa mbere mu makipe y'umupira w'amaguru afite agatubutse ku isi, umwanya wari umazeho igihe wicayeho ikipe ya Real Madrid
Ikinyamakuru cy'Abanyamerika kizwi cyane mu kwandika inkuru zijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya HAKIZIMANA wifuza guhindura izina
Uwitwa HAKIZIMANA JEAN DAMASCENE mwene BIZIYAREMYE na NYIRAHABIMANA utuye mu Kagali ka Twabugezi mu Murenge wa Murunda, mu Karere ka Rutsiro, Intara y'Uburengerazuba arifuza guhindurirwa amazina yari asanzwe akoresha ariyo HAKIZIMANA!-->!-->!-->…
Ayanna Williams yaciye inzara ze yari yarateretse imyaka hafi 30 yose.
Ayanna Williams wari warateretse inzara ze mu gihe cy'imyaka 28 yose kera kabaye yemeye kuzica.
Ayanna Williams, ni umuturage wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas, Williams arazwi cyane ndetse yanditswe no mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umunyarwenya ukomeye wo muri Kenya yisabiye Diamond kumutera inda.
Umunyarwenya uzwi cyane mu gihugu cya Kenya yeruye yisabira Diamond ko yamutera inda maze akamubyarira umwana.
Umunyarwenya umaze kwandika izina rikomeye mu gihugu cya Kenya yisabiye umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Tanzaniya witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Aliko DANGOTE akomeje kuyobora urutonde rw’abaherwe ku mugabane wa Afrika
Aliko Dangote, umunya Nigeria niwe ukomeje kuyobora urutonde rw'abaherwe bafite agatubutse ku mugabana wa Afrika.
Umunya Nigeria ALIKO GANGOTE w'imyaka 64 y'amavuko niwe ukomeje kuyobora urutonde rw'abaherwe ku mugabane wa Afrika!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Ububiko bw’ibikoresho byo kwa muganga n’imiti bwahiye burakongoka.
Iyi nkongi y'umuriro yabaye mu masaha y'igitondo yibasiye ububiko bukomeye busanzwe bubikwamo imiti ndetse n'ibindi bikoresho byo kwa muganda.
Muri iki gitondo cyo kuwa gatanu taliki ya 9 Mata 2021 ahagana saa tanu zo mu gitondo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Beijing, umujyi w’abaherwe aho buri masaha 17 haboneka umukire mushya utunze miliyari…
Beijing ubu ni yo ifite abantu benshi batunze za miliyari z'amadorari ya Amerika kurusha indi mijyi ku isi, nk'uko biri ku rutonde rushya rw'umwaka wa 2020 rwa Forbes rw'abaherwe ku isi.
Uyu murwa mukuru w'Ubushinwa ubu ufite 100!-->!-->!-->!-->!-->…
Abazamura ibiciro by’ingendo kandi Leta ibaha lisansi bihanangirijwe.
Leta yihanangirije abashoferi bihaye ingeso yo kuzamura ibiciro by'ingendo muri iyi minsi.
Muri iyi minsi abagenzi bagana mu ntara zitandukanye z'igihugu bamaze iminsi binubira ibiciro bikabije by'ingendo byashyizweho n'abashoferi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Gitifu HABINEZA yagize icyo avuga nyuma yaho Disi Dieudonné amusabiye kwirukanwa
Nyuma yo gusabirwa kwirukanwa, Bwana HABINEZA Jean Baptiste, umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Nyagisozi yagize icyo avuga ku kibazo cye na Disi Dieudonné.
Kuri uyu wa gatanu w'icyumweru gishize taliki ya 2 Mata 2021,!-->!-->!-->!-->!-->…
Louis R. yasabye FERWAFA gusubiza amafranga FIFA yageneye amakipe y’abagore bitaba ibyo…
Bwana Louis Rurangirwa uyobora ikipe y'Abagore ya Rugende Women Football Club yandikiye prezida wa Ferwafa amusaba ko amakipe y'abagore ahabawa amafranga FIFA uabageneye.
Bwana Lous RURANGIRWA, ni zina rizwi cyane muri Ruhago!-->!-->!-->!-->!-->…
IMPINDUKA:Amavugurura yakozwe n’itorero ADEPR arasiga abakozi barenga 6,000 basezerewe mu…
Mu itorero ry’Abapantekote mu Rwanda (ADEPR) ryatangije impinduka mu gihugu hose, bivugwa ko zishobora kuvana mu kazi abashumba n’abandi bakozi barenga 6,000 nyuma yo kugabanya paruwasi zari zirigize zirenga 400 hagasigara 143.
!-->!-->!-->…
Itorero ADEPR rishobora gusezerera abashumba 435 n’abavugabutumwa 3600
Itorero ry'umwuka mu Rwanda ADEPR biravugwa ko rishobora gusezerera abakozi babo barenga ibihumbi 10.
Igihunga,ubwoba kwibaza uko ubuzima buri imbere burakomeza nibyo byuzuye mu mitima y’Abavugabutumwa(Mwalimu)bayoboraga imidugudu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwato bw’akataraboneka bwa Sheebah Karungi bwarohamye
Ubwato bw'akataraboneka bwari buheruse kugurwa na SHEBBAH KALUNGI bwarohamye.
Umuhanzi uzwi cyane mu gihugu cya Uganda ku mazina ya SHEBBAH KALUNGI yari amaze igihe yibitseho ubwato bw'akataraboneka bwitwa Queen Karma.
Ubwo bwato!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyungu ya BRALIRWA yikubye inshuro zirenga 600 mu mwaka wa 2020.jj
Uraganda rwa Bralirwa rwatangaje ko inyungu yayo yiyongereye arenga 600 ku ijana mu mwaka wa 2020 ugereranije n'umwaka wa 2019.
Mu gihe byinshi mu bikorwa by'ubucuruzi byahungabanijwe cyane n'icyorezo cya covid-19, siko byagenze ku!-->!-->!-->!-->!-->…