Browsing Category
Izindi nkuru
Rwamagana: Abakozi bashya b’Akarere barashinjwa kudindiza iterambere
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buravuga ko impamvu Akarere kasubiye inyuma mu myaka ibiri ugereranyije n’imyaka itanu ishize byatewe n’abakozi bashya kakiriye bagatangira imirimo batarinjizwa neza mu nshingano.
Babitangaje ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kubera gushyirwa ku gitutu ngo arongorwe, yahisemo kwikorana ubukwe nta mugabo
Uyu munsi igihugu cya Uganda kirikwizihiza umunsi cyaboneyeho ubwigenge, ni ibyishimo bidasanzwe kubaturage bagituye bishimira aho iki gihugu cyavuye naho kigeze ubu, kuri uyu munsi ni umunsi udasanzwe ku mukobwa witwa Jemimah Lulu,!-->!-->!-->…
Kenya: Yashimuswe nyuma yo kugirwa umwere ku gitero cy’iterabwoba
Liban Abdullahi wagizwe umwere kuwa gatatu yahise ashimutwa
Liban Abdullahi wari umaze kugirwa umwere ku gitero cy’iterabwoba cyakozwe ku iguriro rya Westgate Mall mu mujyi wa Nairobi yashimuswe n’abantu batazwi ubwo yavaga mu biro!-->!-->!-->!-->!-->…
Akarere ka Nyanza kahembye inyana y’ishashi Bwana Sylvain wabaye umwalimu…
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwahembye inyana y'ishashi Bwana Bizirema Sylvain nyuma y'uko ahesheje ishema Akarere kose akaba umwarimu w'indashyikirwa ku rwego rw'igihugu umwaka ushize wa 2019.
Ni mu muhango wabaye ku gicamunsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Pst RUTAYISIRE, KARASIRA nawe yanenze MUCHOMA uherutse kugaragara aca bibiliya
Izina Muchoma rikomeje kurikoroza cyane mu bemeramana, nyuma yaho uyu musore ashyize hanze indirimbo yise ‘Ni ikibazo’, agaragaramo acagagura Bibiliya Yera benshi bafata nk’irimo ibyahanuwe ku bari muri iyi si, akagera aho ayitwika!-->!-->!-->…
Cameroune: Abatekamutwe bibasiye ministre Dodo bamutwara numero ye ya Terefone
Abatekamutwe bo mu gihugu cya Cameroune bibasiye ministre w'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro bamutwara numero ye ya terefoni.
Abatekamutwe bo mu gihugu cya Cameroune batekeye umutwe Bwana Gabriel Dodo usanzwe ayobora ministeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUKAHIGIRO UWIMANA usaba guhindura izina.
Uwitwa MUKAHIGIRO UWIMANA Epiphanie mwene NTABANGANYIMANA na NYIRAMVUKIYEHE arasaba guhindura izina, Ubusanzwe yitwaga MUKAHIGIRO UWIMANA Epiphanie, akaba yifuza ko MUKAHIGIRO rikurwaho, bityo akitwa UWIMANA Epiphanie akaba ari naryo!-->…
Mukanyandwi arasaba guhindurirwa izina yari asanganywe
Uwitwa Mukanyandwi asaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina, ubusanzwe yitwaga MUKANYANDWI akaba asaba ko ku izina rye hongerwaho ESPERANCE bityo akitwa MUKANYANDWI ESPERANCE akaba ari nayo mazina yandikwa mu gitabo k'irangamimerere,!-->…
Bwana GAHIGI uyobora ikipe ya Bugesera yarekuwe nyuma yo gusanga ari umwere
Umuyobozi w’ikipe ya Bugesera FC, Gahigi Jean Claude wari ukurikiranyweho gusambanya umukobwa ku gahato, yagizwe umwere nyuma y’ibimenyetso byakusanyijwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha.
Tariki ya 20 Nzeri 2020, nibwo RIB!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikigo QA Venue Solutions Rwanda cyahawe isoko ryo gucunga Kigali Arena mu myaka irindwi
Ikigo QA Venue Solutions Rwanda cyasinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano y’imyaka irindwi yo gucunga Kigali Arena, inyubako igezweho ishobora kwakira ibikorwa binyuranye bihuriza hamwe abantu bagera ku 10,000.
Nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…
Isazi yakomye mu nkokora ibiganiro mpaka muri Amerika
Isazi yaguye ku mutwe wa Pence yakomeje kugarukwaho na benshi
Isazi yagaragaye ku mutwe wa visi perezida Pence yateje impagararaMu gihe Mike Pence na Kamala Harris bari mu biganiro mpaka.
Ubwo iyi sazi yagaragaraga kuri umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho parike ya Nyungwe yashyizwe mu maboko ya African Parks
Ku wa Gatatu tariki 07 Ukwakira 2020, Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) hamwe n’Ikigo Nyafurika kita ku ma pariki (African Parks), basinyanye amasezerano y’uko iki kigo kigiye gufatanya n’u Rwanda gucunga neza Pariki ya Nyungwe.
!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC yamaze impungenge bamwe mu barimu bari bafite ubwoba ko bazirukanwa nibatsindwa
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) itangaza ko ibizamini by’Icyongereza abarimu n’abandi bakozi b’ibigo by’amashuri barimo gukora ntawe bigamije kwirukana mu kazi, ahubwo ari ukugira ngo bagenerwe amahugurwa abongerera ubumenyi muri urwo!-->!-->!-->…
Madame Jeannette Kagame yibukije abageze mu zabukuru ko aribi nkingi y’iterambere
Hari ibitekerezo n’imigani bitagira ingano byagiye bivugwa ku bageze mu zabukuru; nubwo baba bagowe no gucika inteke z’umubiri ariko ikidashishidikanywaho ni ubunararibonye bwabo buvomwaho amasomo y’ubuzima atandukaye bigiye mu!-->!-->!-->…
Liberiya: Inoti y’amadori 20 yatumye arohama mu mugezi arapfa.
Umugabo wo muri Liberiya witwa Tamba Lamine yarohamwe mu mugezi arapfa ubwo yasimbukaga ku iteme ajya gutora inoti y’amadorari 20(arenga gato ibihumbi 19,000Rwf) yari iguye mu mugezi wo mu murwa mukuru Monronviya.
Tamba!-->!-->!-->!-->!-->…