Browsing Category
Izindi nkuru
Mu marira menshi, Rutahizamu wa Manchester united Odian Ighalo aratabariza abanya Nigeria
Ighalo aratabaza UN ku bwicanyi bukomeje gukorerwa abaturage muri Nigeria
Kumugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo ingabo za Nigeria mu mugi wa Lagosz ahukaga mu bigaragambyaga barwanya ubuhubutsi bw'abapolisi bumaze iminsi bugaragara!-->!-->!-->…
Umwe mu bahanzi bakomeye bo muri Nigeria yahungiye mu Rwanda
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Douglas Jack Agu uzwi nka Runtown ari kubarizwa mu mujyi wa Kigali aho yahungiye imyigaragambyo irikubera iwabo muri Nigeria, Joe Boy we yahungiye muri Tanzania, WizKid ari nawe wakongeje iyi!-->!-->!-->…
Uganda: Abantu 11 Bafatiwe ku kibuga k’indege bazira impapuro mpimbano zigaragaza ko batanduye…
Ku kibuga mpuzamahanaga cya Entebbe giherereye mu gihugu cya Uganda abantu bagera kuri 11 barimo abagore 3 n’abagabo 8, batawe muri yombi kuri uyu wa mbere bazira kwitwaza ibyangombwa by’ibihimbano bigaragaza ko bapimwe bagasanga!-->!-->!-->…
Vietnam: Inkangu yahitanye abasirikare 11, abandi baracyari gushakishwa
Inkangu yahitanye abasirikare 11, abandi baracyari gushakishwa
Muri Vietnam mu ntara ya Quang Tri inkangu yagwiriye ikigo cya Gisirikare gihinduka itongo, inahitana abasirikare 11 mu gihe abandi barimo gushakishwa.
Byabaye mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abana babiri b’imyaka 14 batawe muri yombi nyuma yo gusambanya akana k’imyaka itandatu
Ubwana bubiri bw'ubusore buri kamwe gafite imyaka 14 bwatawe muri yombi nyuma yo gusambanya ku ngufu agakobwa k'imyaka itandatu.
Mu gihugu cya Tanzaniya mu gace kitwa Shinyanga, haravugwa inkuru y'udusore tubiri tw'imyaka 14 twatawe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministri w’ibikorwa remezo yanyuzwe n’aho amavugurura y’ikibuga k’indege cya…
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MINIFRA) yatangaje ko yanyuzwe n’aho ibikorwa byo kuvugurura Ikibuga k’Indege cya Kamembe giherereye mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, kubaka imipaka n’Icyambu cya Rusizi bigeze bishyirwa mu!-->!-->!-->…
Banki y’abaturage igiye kwishyura imigabane y’abanyamuryango bayo bayifuza
Bamwe mu babitsa muri Banki y’Abaturage (BPR) ya Ngoma mu Karere ka Huye, bavuga ko hashize igihe bifuza gusubizwa imigabane yabo, ariko bakaba babona baratindiwe.
Impamvu bavuga ko bifuza gusubizwa iyo migabane yabo, ngo ni ukubera!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana: Umupasitori yasabye abakristo kwambura amakariso akabakorera isuku mu myanya y’ibanga
Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ubwo yategekaga abagore basengeraga mu rusengero rwe kumwegera bagakuramo amakariso yarangiza akabogosha ku bitsina byabo.
Uyu mupasiteri wafashwe amashusho ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu babaye indashyikirwa bazajya batoranywamo abayobozi b’amashuri.
Ikigo k’Igihugu gishinzwe Uburezi mu Rwanda (REB), cyagaragaje ko abarimu b’indashyikirwa mu myaka itandukanye ko ari abageni batoranywamo abayobozi b’amashuri.
Sitati nshya y’abarimu yasohotse ku wa 16 Werurwe 2020 by’umwihariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’umwaka abyisabiye Prezida wa Repubulika, FARUDA ukomoka muri DRC yahawe ubwenegihugu
Salukumbo Mamisa Faruda, ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda nyuma y’uko tariki ya 10 Gicurasi 2019 yabwisabiye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ubwo yasuraga Akarere!-->!-->!-->…
Nigeria: Leta yahaye uburenganzira umuhanzi Davido bwo gukuraho umutwe wa Polisi wa SARS
Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria, Davido, yatangaje ko yahawe na guverinoma uburenganzira bwo gushyiraho itsinda ryigenga ryo gusuzuma no kugenzura itsinda ryihariye ry’abapolisi (SARS) bashinzwe kurwanya ubujura bwibasiye iki!-->!-->!-->…
Kenya: Abadepite bari mu marushanwa yo kubyina indirimbo ya “Jerusalem”
Abagize Nteko ishinga amategeko ya Kenya, Umutwe w’Abadepite, bari mu marushanwa yo kureba bake bahiga abandi kubyina indirimbo yitwa Jerusalema y’abahanzi MasterKG afatanyije na Nomcebo bakomoka muri Afurika y’Epfo.
Video iri kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Abacukuzi b’amabuye y’agaciro batunguwe n’ikemezo cy’Akarere…
Ibigo 24 bicukura amabuye y’agaciro mu Karere ka Ngororero byahagaritswe by’agateganyo imirimo yabyo, mu rwego rwo kunoza ibiteganywa n’amabwiriza y’ubucukuzi.
Guhagarika by’agateganyo ibikorwa by’ubucukuzi bibaye nyuma y’uruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Babiri bagwiriwe n’ikirombe, umwe ahita apfa.
Ni impanuka yabaye hagati ya saa munani na saa cyenda z'ijoro rishyira kuwa mbere, mu Mudugudu wa Murende mu Kagali ka Kirambi mu Murenge wa Nyagisozi, aho ikirombe cyagwiriye abantu abantu 2 bacukuraga amabuye y'agagaciro mu buryo!-->…
Kilimandjaro, umusozi muremure muri Afrika wibasiwe n’inkongi y’umuriro
Umusozi muremure muri Afrika uherereye muri Tanzaniya wibasiwe n'inkonji y'umuriro.
Amakuru dukesha ikinyamakuru the citizen cyo mu gihugu cya Tanzanuya kiratangaza ko guhera ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki ya 12 Ukwakira!-->!-->!-->!-->!-->…