Browsing Category
Izindi nkuru
Nyamasheke: Mwalimu Ndayisaba Fidèle yatawe muri yombi nyuma yo kwiba sima
Umwalimu witwa Ndayisabye yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho yiba sima igenewe kubaka amashuri
Bwana NDAYISABYE Fidèle w'imyaka 32 ukora muri GS MPISHYI yafatiwe mu cyuho yibye sima zigera kuri 4 azigurisha n'umuturage ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Myugariro w’ikipe ya Gent yangiritse bikomeye ku gitsina bisaba ko bakidoda
Gent Igor Plastun yangiritse bikomeye ku gitsina ubwo yari mu kibuga bisaba ko bakidodesha indodo.
Bwana GENT IGOR Plastun myugariro w'umunya Ukraine yaraye ahue n'akaga gakomeye ubwo yasekuranaga bikomeye n'umunyezamu w'ikipe bose!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yasabye abarangije muri UGHE kugira uruhare mu gukemura ibibazo biri mu buzima
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abanyeshuri bahawe impamyabushobozi z’icyiciro cya 3 muri Kaminuza ya University of Global Health Equity iri i Butaro mu Karere ka Burera, kwifashisha ubumenyi bahawe mu gukemura!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Akarere kashyize ku isoko imitungo yose yasizwe na banyirayo
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyarugenge bwashyize ku isoko imitungo yose iherereye muri ako Karere yasizwe na banyirayo.
Mu itangazo ryashyizweho umukono kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Kanama 2020 na Madame Umutoni Teddy umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Hatashywe ibyumba by’amashuri 51 n’ubwiherero 108 byubatswe ku nkunga ya Banki…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere mu Karere ka Ruhango hatashywe ibyumba by'amashuri 51 n'ubwiherero 108
Ku gicamunsi cyo kuri uyu 10/08/2020 mu mu Karere ka Ruhango hatashywe ku mugaragaro ibyumba 51 by'amashuri n'ubwiherero 108!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: 3 baciriwe igifungo k’imyaka 30 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutera amabuye…
Abantu batatu harimo umugore umwe n'abagabo babiri bo mu Ntara ya Kayanza bakatiwe n'urukiko imyaka 30 y'igifungo nyuma yuko bahamijwe icyaha cyo gushaka guhitana prezida wa Repubulika bakosheje amabuye.
Aya makuru tuyakesha Radio!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaruro muke watumye JOSEPH HABINEZA avanwa ku buyobozi bwa ‘Radiant yacu’ yari…
Joseph Habineza wari umaze umwaka ayobora kiriya kigo, yavanywe kuri uriya mwanya mu cyumweru gishize nk’uko umuseke dukesha ino nkuru ibikesha abafite amakuru yizewe yo muri kiriya kigo cy’Ubwishingizi buciriritse.
Bivugwa ko inama!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya Julia Pastrana umugore w’uburanga bubi ku isi wabenze abagabo barenga 20 bamwifuzaga
Julia PAstrana niwe mugore kugeza ubu wagize uburanga bubi ariko akaba yarabenze abasore n'abagabo barenga 20 bose bifuzaga kumugira umugore.
PASTRANA Julia ni umugore wakomokaga mu gihugu cya Mexico, yari umuhanzi akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Parike ya Tsavo yugarijwe n’inkongi y’umuriro, hitabajwe igisirikare mu kuzimya
Igisirikare cya Kenya cyohereje ingabo muri Tsavo West National Park gufasha abazimya umuriro bari kugerageza kuva kuwa gatandatu ubwo umuriro ukomeye wongeye kwibasira iki cyanya.
Amafoto amwe yagaragajwe ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC na REB Zirashinjwa uburangare bigatuma hasohoka ibitabo byuzuyemo amakosa
Hakomeje kugaragara amakosa menshi mu bitabo bishyirwa hanze na ministeri y'uburezi, Bamwe mu babyeyi barasanga ari uburangare bwa MINEDUC na REB
Nyuma y'aho mu minsi ishize hagaragajwe amafuti ari ku gifuniko (cover) k'igitabo!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Umuriro wadutse ahavurirwa abarwayi ba Coronavirus uhitana abagera ku 10
Uwo muriro wadutse kuri hoteli iri kwifashishwa by'agateganyo mu kuvura abarwayi ba Covid-19
Abarwayi batari munsi ya 10 bapfuye ubwo inkongi y'umuriro yadukaga ku bitaro byakira mu buryo bw'agateganyo abanduye Covid-19 byo mu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Alphonsine wari ufite ubukwe vuba yarohamye mu Kivu arapfa abo bari kumwe bose bararokoka.
Alphonsine wari ufite ubukwe muri uku kwezi kwa cumi ariko abo bari kumwe bose bararokoka.
Mu mper z'icyumweru gishize umukobwa witwa Alphonsine Tombola wari ufite ubukwe mu Ukwakira 2020, yarohamye mu Kivu ahita apfa. Urupfu rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Umusirikare uheruka kurasa abantu 14 yafashwe n’abaturage.
Umusirikare w’Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC), uheruka kurasa ku baturage 14 bakitaba imana naho umunani bagakomereka, yafashwe n’irondo ry’abaturage kuri uyu wa Kane bamwitiranije n’umujura, bamushyikiriza ingabo za Congo.
Tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Indege yacitsemo kabiri, ihitana abantu 18
Mu gihugu cy'Ubuhinde, mu gace kazwi nka Kerala indege ya kompanyi Air India Express yacitsemo kabiri, abantu 12 bahasiga ubizima.
Abategetsi bavuga ko indege ya kompanyi Air India Express yari irimo abantu 190 yakoreye impanuka ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku myaka 96 ye y’amavuko Paterno yabonye diplome y’ikiciro cya mbere cya kaminuza
Umutaliyani Giuseppe Paterno wariho mu gihe cy’intambara ya kabiri y’isi yakuriye mu bukene bituma atiga. Ku wa gatanu tariki 07 Kanama 2020 afite imyaka 96, yasohoje kaminuza abona impamyabumenyi mu mitekerereze ya muntu, akaba ari we!-->!-->!-->…