Browsing Category
Izindi nkuru
Huye: Hatangijwe ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kwirinda gucukura amabuye mu buryo…
Mu Karere ka Huye hatangijwe ubukangurambaga bushishikariza abaturage kwirinda ubucukuzi bw'amabuye mu buryo bwa magendu
Umuyobozi w'Akarere ANGE SEBUTEGE ari kumwe n'abagize inama y'umutekano itaguye y'Akarere bari mu bikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Harry Maguire kapiteni wa Manchester United yatawe muri yombi nyuma yo gukubita umupolisi
Kapiteni wa Manchester United, Harry Maguire, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu nyuma yo gukubita umupolisi ku kirwa cya Mykonos mu Bugereki.
Itangazamakuru ryo mu Bugereki ryatangaje ko Harry Maguire yatawe muri yombi ubwo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Undi mwana w’imyaka 16 yaraye arohamye mu cyuzi cya Kadahokwa arapfa
Undi mwana wari ufite imyaka 16 y'amavuko nawe yaraye arohamye mu cyuzi cya Kadahokwa ubwo yari arimo kwidumba na bagenzi be.
Amakuru y'urupfu rw'uno mwana yamenyekanye ku munsi w'ejo ku wa kane taliki ya 20 Kanama atanzwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Kim Jong Un yazamuye mushiki we mu ntera
Perezida Kim Jong Un umaze imyaka icyenda ayobora Korea ya Ruguru, yahaye mushiki we, Kim Yo Jong, ububasha bwo kuyobora ‘imwe mu mirimo rusange y’igihugu’, nk’uko byatangajwe n’Ibiro by’ubutasi bya Korea y’Epfo.
Amakuru avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ministre SHYAKA na guverineri basuye abaturage bashishikariza babashishikariza gukunda…
Ministre w'ubutegetsi bw'igihugu Bwana Pr Shyaka Amnastase aherekejwe na guverineri w'intara y'amagepfo na meya w'Akarere ka Nyanza, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Kanama basuye imirenge ibiri yo muri ako Karere ka!-->!-->!-->…
Nyanza: Ministre wa Sport yasuye Akarere ka Nyanza byongera ikizere ku ikipe ya Nyanza FC
Meya Erasme yasobanuriye ministre wa sport imishinga ya siporo inyuranye iteganijwe gukorwa mu Karere ka Nyanza bituma ikizere ko ikipe ya Nyanza yemererwa gukina mu kiciro cya kabiri kizamuka
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Kanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore ibihug 10 aho gusomana cyangwa guhoberana mu ruhame ari icyaha
Nubwo benshi bavuga ko guhoberana cyangwa gusomana ari ikintu kiza ku buzima bw'umuntu, ndetse bamwe na bamwe mu bihugu bitandukanye bakabikorera mu ruhame, ariko hari ibindi bihugu aho gusomana cyangwa guhoberana mu ruhame ari icyaha!-->!-->!-->…
Regis Muramira arasanga APR FC idafite ubushobozi bwo gutwara igikombe cya Champions league Nyafrika
Bwana Regis MURAMIRA uzwi cyane mu itangazamakuru rya Sport hano mu Rwanda yatangaje ko Ikipe ya APR FC idashobora gutwara igikombe cy'amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afrika nubwo aribyo ikeneye bwose.
Nyuma y'aho visi prezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yafatiriye imitungo y’Abagande 4 bahamijwe icyaha cy’ubucuruzi bw’abana.
Leta zunze ubumwe za Amerika zafatiriye imitungo y'abagande bane bahamijwe n'urukiko icyaha cyo gucuruza abana.
Nk’uko minisiteri y’imari y’Amerika ibitangaza, aba baturage ba Uganda bane ni abacamanza babiri, Mukiibi Moses na!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Inkongi y’umuriro yibasiye inzu ikorerwamo ubucuruzi hangirika byinshi
Mu mugi wa Musanze inkongi y'umuriro yibasiye inzu zikorerwamo ubucuruzi hangirika ibintu bifite agaciro karenga miliyoni ijana.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere mu mujyi wa Musanze, inzu y’ububiko bw’ibicuruzwa, yibasiwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Afurika y’Epfo: Yiyahuriye muri kasho nyuma yo kwica abagore batanu
Abagore batangiye imyigaragambyo nyuma yo kurakazwa nuko umwicanyi yiyahuye
Minisitiri ushinzwe Polisi muri Afurika y'epfo yatangaje ko umugabo wari umaze kwemera ko yishe abagore bo mu cyaro cyo mu ntara ya KwaZulu-Natal yiyahuriye!-->!-->!-->…
KARASIRA aratakambira abamushukaga kumufasha nyuma yaho yirukanywe mu kazi ka Leta
Nyuma y'aho kaminuza y'u Rwanda imwirukanye kubera icyo yise imyitwarire idahwitse, Bwana Karasira aimable aratakambira abamushukaga kumufasha.
Tariki ya 14 Kanama 2020, nibwo Kaminuza y’u Rwanda yandikiye Bwana KARASIRA Aimable!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: RURA yahaye gasopo abashoferi basaba abagenzi kurenzaho amafranga yo kubikuza
RURA irihanangiriza abashoferi batwara imodoka zizwi nka twegerane bishyuza abagenzi kurenzaho mu gihe bushyura bakoresheje ikoranabuhanga
Nyuma y'aho bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gicumbi bakoresha uburyo bwo gutega imodoka!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abamotari barinubira ikemezo cy’abayobozi babo babategeka kunywera lisansi ahantu…
Bamwe mu bamotari barinubira icyemezo cyafashwe n'abayobozi babo kibategeka kunywera essence kuri station imwe gusa.
Abamotari bo mu Karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera urinubira icyemezo cyafashwe n'ubuyobozi bwa koperative!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wari uherutse gufungurwa ku mbabazi za Prezida yafatiwe mu bujura bw’inka hadaciye na…
Bwana Hamisi wari uherutse kurekurwa n'imbabazi za Prezida Magufuli yongeye afatirwa mu cyaha cy'ubujura bw'inka hadashize kabiri.
Ku bufatanye bw'abaturage na Polisi, umusore witwa Hamisi Juma ufite imyaka 29 y'amavuko yongeye!-->!-->!-->!-->!-->…