Browsing Category
Izindi nkuru
Israel: havumbuwe agapfukamunwa gafite ubushobozi bwo kwica Covid-19
Iyi ndwara y'icyorezo cya covid 19 imaze kwandurwa n'abantu basaga miliyoni 8.3 ku isi yose mugihe cy'amezi agera kuri 6 gusa. Ni mu gihe muri bo ibihumbi 400 bamaze guhitanwa nayo, Naho abasaga miliyoni 4.3 bakaba barayikize neza!-->!-->!-->…
Leta Izakenera abarimu basaga ibihumbi 7 mu mwaka w’amashuri utaha
Ikigo k'igihugu gishinzwe Uburezi cyatangaje ko uno mwaka hazakenerwa abarezi basaga ibihumbi birindwi
Umuyobozi w'ikigo gishinzwe uburezi mu Rwanda REB Bwana Dr NDAYAMBAJE IRENÉ yatangaje ki nyuma yaho Leta ifashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Umuforomo yatawe muri yombi nyuma yo gufata ku ngufu umurwayi wari uje gufata ifu ya…
Umuforomo yasambanije ku ngufu umukobwa w'imyaka 17 wari uje gufata ifu ya SOSOMA kwa muganga
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB, rwataye muri yombi kuri uyu wa mbere Umuforomo ukorera mu kigo nderabuzima cya Kibirizi mu Murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Prezida MAGUFULI yasabye Abanyagihugu gusengera nyina umaze igihe arembye
Prezida John Pombe Magufuli wa Tanzaniya yasabye Abatanzaniya gusengera nyina umubyara umaze igihe arembeye mu bitaro
Prezida MAGUFULI Uyobora igihugu cya Tanzaniya ubwo yari arimo ashyikiriza ijambo rye mu nteko ishingamategeko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ibihumbi 598 bitumye Gitifu w’Umurenge yirukanwa we akavuga ko ari amatiku!
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ntyazo mu Karereka Nyanza, Alfred Nsengiyumva kuri uyu wa Mbere tariki 15 Kamena 2020 yirukanywe mu kazi na Komite nyobozi y’Akarere imukekaho kunyereza 598 000 Frw. We avuga ko yazize amatiku!-->…
Sudan: Hatahuwe ibyobo rusange byiciwemo abanyeshuri ku ngoma ya Al Bashir
Mu gihugu cya Sudan havumbuwe ibyobo rusange bagiye bajugunyamo abanyeshuri nyuma yo kubica
Ubushinjacyaha buvuga ko bwatangije iperereza, bukaba bukeka ko ababishe ari abahoze mu butegetsi bwa Perezida Bashir, ariko ubu bamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Umugabo w’imyaka 43 yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya umukobwa yibyariye…
Umugabo w’imyaka 43 y’amavuko wo mu Murenge wa Musaza mu Karere ka Kirehe, ari mu maboko y’Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana we yibyariye ufite imyaka 10 yamavuko.
Nkuko amakuru dukesha IGIHE!-->!-->!-->…
Polisi yerekanye abantu 17 bishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo n’abavuye i Rusizi
Abantu 17 bari mu byiciro bine nibo Polisi yafashe mu bihe bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kurwanya Koronavirusi. Beretswe itangazamakuru uyu munsi taliki ya 14 Kamena, muri bo harimo abantu batanu bafatiwe mu mujyi wa Kigali bawujemo!-->…
Mu birori bisekeje, umukecuru w’imyaka 65 yasezeranye n’umusore yareraga w’imyaka…
Mbah Gambreg w'imyaka 65 y'amavuko yasezeranye na Ardi Waras w'imyaka 24, Nyuma y'uko bahuriye mu majyepfo ya Sumatra muri Indonesia, akamugira umwana we.
Mbah Gambreng yasezeranye n'umwana yareraga, witwa Ardi arusha imyaka 41
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Inzu y’ubucuruzi yahiye irakongoka
Inzu ibikwamo ibicuruzwa yafashwe n'inkongi y'umuriro irashya irakongoka
Inzu y’ububiko bw’ibicuruzwa iherereye mu kagari ka Cyabajwa mu Murenge wa Kabarondo mu gikari cy’isoko rya Kabarondo mu karere ka Kayonza yafashwe n’inkongi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abajura 18 bakubiswe n’inkuba barapfa ubwo barimo bagabana ibyo bibye
Abajura 18 baraye bakubiswe n'inkuba mu gihugu cya Cameroune bahita bitaba
Abajura bakibiswe n’inkuba ubwo bari barimo kugabana ibyo bibye. Muri bo 18 bahise bapfa, ibi byabereye mu Ntara ya Adamawa mu ishyamba riri ahitwa Toungo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gahunda ya #Gumamurugo# yamaze amezi atanu yatumye yiyongeraho ibiro 100 byose
Umusore wo mu gihugu cy'Ubushinwa yiyongereyeho ibiro bigera ku ijana mu gihe cy'amezi atanu bari bamaze mu rugo kubera gahunda ya gumamurugo
Umusore w’imyaka 26 utuye i Wuhan mu Bushinwa yiyongereye ibiro 101 mu gihe cy’amezi!-->!-->!-->!-->!-->…
“Umushahara muto wa Mwalimu uri mubidindiza ireme ry’uburezi ryifuzwa” Frank…
Honorable Frank HABINEZA arasanga Umushahara muto wa Mwalimu uri mubidindiza ireme ry'uburezi mu Rwanda
Honorable Frank HABINEZA umudepite w'ishyaka rya Green Party mu Rwanda, yatanze igitekerezo kuri komisiyo ishinzwe uburezi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamaze kumenyekana Radio J.Luc na bagenzi be bazerekezaho nyuma yo gusezererwa muri Radio& TV10
Nyuma yo gusezererwa kuri radio&TV10, abanyamakuru Jean Luc, Sudik,Gicumbi, na Fuadi bashobora kwerekeza kuri radio nshya igiye gufungura mu minsi ya vuba
Nyuma y'aho abanyamakuru bakunzwe cyane mu Rwagasabo mu gisata k'imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamukwaya Valens wari umaze imyaka 38 mu itangazamakuru yasezewe nk’intwari yakoranaga…
RWAMUKWAYA Valens wari umaze imyaka 38 mu kazi ko gufata amashusho harimo na 26 yamaze muri RBA
Hari abantu benshi bita gusa ku byo no ku bantu tureba kuri za Tereviziyo zacu ariko tukirengagiza akazi gakomeye k'abandi kaba kakozwe!-->!-->!-->!-->!-->…