Browsing Category
Izindi nkuru
Arabiya Saoudite yamaze gutangaza ko nta munyamahanga uzemererwa gukorera umutambagiro mutagatifu…
Ubwami bwa Arabiya Saoudite bwamaze gutangaza ko nta munyamahanga uzaturuka hanze uzemererwa gukorera umutambagiro mutagatifu muri icyo gihugu uno mwaka
Umutambagiro mutagatifu ugomba gukorerwa mu gihugu cya Arabiya saoudite ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Yahawe umurambo w’umugabo we warangiritse cyane nyuma y’amezi arenga 3 apfuye
Umubyeyi witwa Esperance yashenguwe umutima no guhabwa umurambo w'umugabo we wari umaze amezi atatu apfuye
Umubyeyi witwa KAKURE Esperance utuye mu Karere ka kicukiro, Umurenge wa Kigarama mu Kagali ka Nyenyeri aravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Amababi y’inturusu yabaye imari ikomeye mu kwifashishwa hirindwa covid-19
Hari abantu bari gucuruza Amababi y'inturusi, ngo ari kwifashishwa mu gukora umuti wo kwirinda Coronavirus
Mu mihanda y'umugi wa Bujumbura mu gihugu cy'Uburundi haragaragara abantu benshi bafite Amababi y'inturusu bari kugenda!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yahunze ava iwabo nyuma yuko ateye bashiki be inda mugihe cya”Guma mu rugo”
Muri Afurika y’Epfo, umusore w’imyaka 17 yahunze iwabo nyuma yuko bivugwa ko yateye inda bashiki be babiri batoya muri iki gihe cya guma mu rugo kubera Covid-19 ikomeje kwibasira isi.
Nk’uko byatangajwe kuri Twitter n’umudamu uzwi ku!-->!-->!-->…
Kicukiro: WASAC yavumbuye uruganda rwa Kawunga rwibaga amazi rukoresha!
Ikigo gishinzwe Amazi n’Isukura (WASAC) cyatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki ya 22/06/2020 cyafashe uwitwa M. Nkubana yiba amazi yakoreshaga mu bikorwa by’uruganda rwa Kawunga ruzwi ku izina rya "Akanyange LTD"
Ubutumwa WASAC!-->!-->!-->…
Umugore yihaniye papa we wamusambyanyaga amukata igitsina arangije ajya kugita mu isoko!
Umugore w’imyaka 29 wo mu gihugu cya Thailand yatawe muri yombi nyuma yo guca se umubyara igitsina akoresheje icyuma gikata imigati,amuhora kumufata ku ngufu guhera ku myaka 10 kugeza akuze.
Uyu mugore yavuze ko yatangiye gusambanywa ku!-->!-->!-->…
Inzira zigoye 10 ku isi kurusha izindi abana banyuramo bagiye ku ishuri!
Bamwe mu banyeshuri iyo bajya ku mashuri banyura mu nzira zigoye, aha twatekereza ibyo dukunze kubona kubana, iyo bajya cyangwa bava ku ishuri ukuntu bagenda bakina inzira zose, uzabibona iyo umupira w'umwana usimbukiye mu muhanda,!-->…
MUSANZE: Umugabo n’umugore baguwe gitumo barimo kubaga ihene bibye umugabo amaguru ayabangira…
Byabereye mu mudugudu wa Kiryi mu kagari ka Kigombe mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze
Mu rukerera rwejo ku itariki 19 Kamena 2020 umugore n’umugabo bakekwaho kwiba ihene 2, babaguye gitumo hafatwa umugore n’uwari waje kubafasha!-->!-->!-->…
Israel: havumbuwe agapfukamunwa gafite ubushobozi bwo kwica Covid-19
Iyi ndwara y'icyorezo cya covid 19 imaze kwandurwa n'abantu basaga miliyoni 8.3 ku isi yose mugihe cy'amezi agera kuri 6 gusa. Ni mu gihe muri bo ibihumbi 400 bamaze guhitanwa nayo, Naho abasaga miliyoni 4.3 bakaba barayikize neza!-->!-->!-->…
Leta Izakenera abarimu basaga ibihumbi 7 mu mwaka w’amashuri utaha
Ikigo k'igihugu gishinzwe Uburezi cyatangaje ko uno mwaka hazakenerwa abarezi basaga ibihumbi birindwi
Umuyobozi w'ikigo gishinzwe uburezi mu Rwanda REB Bwana Dr NDAYAMBAJE IRENÉ yatangaje ki nyuma yaho Leta ifashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Umuforomo yatawe muri yombi nyuma yo gufata ku ngufu umurwayi wari uje gufata ifu ya…
Umuforomo yasambanije ku ngufu umukobwa w'imyaka 17 wari uje gufata ifu ya SOSOMA kwa muganga
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB, rwataye muri yombi kuri uyu wa mbere Umuforomo ukorera mu kigo nderabuzima cya Kibirizi mu Murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Prezida MAGUFULI yasabye Abanyagihugu gusengera nyina umaze igihe arembye
Prezida John Pombe Magufuli wa Tanzaniya yasabye Abatanzaniya gusengera nyina umubyara umaze igihe arembeye mu bitaro
Prezida MAGUFULI Uyobora igihugu cya Tanzaniya ubwo yari arimo ashyikiriza ijambo rye mu nteko ishingamategeko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ibihumbi 598 bitumye Gitifu w’Umurenge yirukanwa we akavuga ko ari amatiku!
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ntyazo mu Karereka Nyanza, Alfred Nsengiyumva kuri uyu wa Mbere tariki 15 Kamena 2020 yirukanywe mu kazi na Komite nyobozi y’Akarere imukekaho kunyereza 598 000 Frw. We avuga ko yazize amatiku!-->…
Sudan: Hatahuwe ibyobo rusange byiciwemo abanyeshuri ku ngoma ya Al Bashir
Mu gihugu cya Sudan havumbuwe ibyobo rusange bagiye bajugunyamo abanyeshuri nyuma yo kubica
Ubushinjacyaha buvuga ko bwatangije iperereza, bukaba bukeka ko ababishe ari abahoze mu butegetsi bwa Perezida Bashir, ariko ubu bamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Umugabo w’imyaka 43 yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya umukobwa yibyariye…
Umugabo w’imyaka 43 y’amavuko wo mu Murenge wa Musaza mu Karere ka Kirehe, ari mu maboko y’Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana we yibyariye ufite imyaka 10 yamavuko.
Nkuko amakuru dukesha IGIHE!-->!-->!-->…