Browsing Category
Izindi nkuru
RDC: Abantu 23 bahitanwe n’imvura irimo kugwa muri iyi iminsi muri Kivu y’Amajyepf.
Imvura ikomeye imaze iminsi igwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Mujyi wa Uvira, imaze guhitana abantu 23 abandi barenga 50 barakomereka.
Ubuyobozi bwatangaje ko hari ibintu byinshi!-->!-->!-->…
Abanyarwanda benshi barasanga gahunda ya #gumamurugo# yakongezwaho indi minsi
Mu gihe haburaga iminsi ibiri gusa ngo Leta itangaze umwanzuro kuri gahunda ya #gumamurugo#, benshi mu Banyarwanda barasanga ino gahunda ikwiye kongerwa
Mu gihe benshi mu Banyarwanda bategerezanije amatsiko menshi umwanzuro Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’imyaka 16 bamusanze yimanitse ku giti yiyahuye.
Kuri uyu wa gatatu tariki 15 Mata, mu Murenge wa Gitensi mu Karere ka Karongi habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 16 uziritse umugozi mu ishami ry’igiti, amaguru akora hasi habamo gushidikanya ko yaba yiyahuye.
Umurambo w’uriya!-->!-->!-->!-->!-->…
MUSANZE:Abarokotse Jenoside batuye mu mudugudu wa Susa barizezwa kubakirwa.
Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Nuwumuremyi Jeannine, arizeza abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batuye mu Mudugudu wa Susa, mu Murenge wa Muhoza ubufasha bwa Leta bwo kubakirwa kuko inzu batuyemo zatangiye kwangirika.
Uwo!-->!-->!-->…
KAMONYI: Bwana HAKIZIMANA bamusanze mu bushorishori bw’igiti yiyahuye
Umusore w'imyaka 18 y'amavuko bamusanze mu bushorishori bw'igiti yiyahuye kubera umujinya w'umuranduranzuzi.
Umusore w'imyaka 18 y'amavuko wo mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyarubaka bamusanze yimanitse ku mugozi mu bushorishori!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru:Baguwe gitumo bari gusengera mu rugo rw’Umukecuru bamwe amaguru bayabangira ingata.
Abantu 21 bo mu Kagari ka Bitare, mu Murenge wa Ngera, mu karere ka Nyaruguru baguwe gitumo bari gusengera mu nzu yahoze ituwemo n’umukecuru akaza kuyimukamo kubera ko yari mu manegeka.
Aba baturage 21 bari bihishe bari gusengera muri!-->!-->!-->…
Kigali:Ambasade ya Israel mu Rwanda yatanze inkunga y’ibiribwa kubakeneye ibiribwa i Kigali.
Ambasade ya Israel mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki 10 Mata 2020 yatanze inkunga ya toni enye zigizwe n’ibishyimbo, umuceri, n’ifu y’ibigori, bihwanye na Miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda(3,000,000frw), ku miryango!-->…
USA: Umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko yiyahuye kubera kurambirwa itegeko rya Leta ryo kuguma mu…
Umukobwa witwa Jo’Vianni Smith w’imyaka 15,yasanzwe yiyahuye mu Cyumweru gishize nyuma yo kurambirwa gahunda yashyizweho n’igihugu cyabo .
mubyeyi w’uyu mwama w’umukobwa witwa Danielle Hunt yavuze ko umwana we yiyahuye kubera ubwigunge!-->!-->!-->…
MINANI Epimaque Yanze umwanya wo kuba Umudepite mu Nteko ishingamategeko
Bwana MINANI Epimaque wagombaga gusimbura NGABITSINZE ku mwanya w'umudepité yanze uwo mwanya ushyirwamo undi.
Nyuma y'aho Honorable J.Crysostome NGABITSINZE wari umudepite mu nteko ishingamategeko watanzwe n'ishyaka rya PSD!-->!-->!-->!-->!-->…
#Kwibuka26#: NYUNGURA Corneille yasabye imbabazi nyuma yo gukoresha imvugo isa n’ihakana…
Bwana NYUNGURA Corneille yiseguye ku mubare munini w'abamukurikira kuri twiter kubera imvugo ihakana genocide yakorewe Abatutsi yari yakoresheje
Ejo hashize ku italiki ya 7 Mata, u Rwanda n'isi yose nibwo hatangijwe icyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyina wa Guardiola umutoza wa Man.City yapfuye azize Covid-19
Nyina wa Pep Guardiola yaraye apfuye kuri uyu wa mbere azize indwara ya Coronavirus
Kuri uyu wa mbere umutoza w'ikipe ya Manchester City Bwana PEP GUARDIOLA yapfushije nyina azize icyorezo cya Coronavirus nk'uko byatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagore bakubiswe nk’iz’akabwana bagaragurwa muu byondo nyuma yo gusangwa muri Lodge
Abagore 5 basanzwe muri Lodge bari kumwe n'abagabo banze gukurikiza amabwiriza yo kwirinda Covid-19 bakubitwa nk'izakabwana banagaragurwa mu isayo ry'ibyondo
Abashinzwe umutekano mu Karere ka Amuru, mu gihugu cya Uganda mu gihe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba Ministre n’abandi bakozi bakuru muri guverinoma bemeye kwigomwa umushahara w’ukwezi…
Leta y'u Rwanda imaze kwemeza ko bamwe mu bagize guverinoma,na bamwe mu bakozi ba Leta bo ku rwego rwo hejuru bazigomwa umushara w'ukwezi kwa 4 mu kunganira Leta ku ngamba zafashwe mu guhangana n'icyorezo cya Covid-19
Mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Dj MILLER wafatwaga nk’umuhanga mu kuvangavanga imiziki hano mu Rwanda yitabye Imana
Bwana VIRGILE wari uzwi mu kuvangavanga imiziki ndetse wafatwaga nk'umuhanga yamaze kwitaba Imana
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Virgile KARURANGA umu DJ ukomeye mu Rwanda, reawamenyekanye cyane mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Rurageretse hagati y’imiryango y’abagabo 2 baherutse kuraswa na Polisi…
Rurageretse hagati y'imiryango y'abasore babiri baherutse kuraswa n'umupolisi n'ubuyobozi bw'umurenge k'ugomba kugira uruhare mu ishyingurwa ry'abo basore.
Ku italiki ya 24 Werurwe 2020 nibwo abasore babiri batuye mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…