Browsing Category
Izindi nkuru
Nyanza: Hatangijwe igikorwa cyo guca inzererezi mu mugi wa Nyanza
Mu Murenge wa Busasamana hatangijwe igikorwa cyo guca inzererezi muri uwo mugi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 13 Gashyantare 2020 mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana urwego rw'umurenge, ku bufatanye bwa Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi iranyomoza amakuru avuga ko Kizito yafashwe agiye gutoroka
Umuvugizi wa Polisi yanyomoje amakuru yavugaga ko Kizito MIHIGO yafashwe agerageza gutoroka.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane abantu benshi babyutse bavuga ko Bwana KIZITO MIHIGO ari mu maboko ya polisi nyuma yaho agerageje!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yakiriye anemera ubwegure bwa Min Evode na Dr ISAAC
Nyuma yaho Evode na Isaac bashyikirije inyandiko zabo zisaba kwegura, Nyakubahwa prezida Repubulika yemeye ubwegure bwabo.
Nyuma y'aho kuri uyu wa 6 Gashyantare 2020 uwahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegekonshinga n'andi!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB igiye gusuzumisha Bwana BARAFINDA ukekwaho uburwayi bwo mu mutwe
Urwego rw'igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha rwatangaje ko rugiye gusuzumisha Bwana BARAFINDA kuko bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwamenyesheje ko rugiye gusuzumisha bwana BARAFINDA FRED!-->!-->!-->!-->!-->…
Bus TRINITY yahiye Imana ikinga akaboko ntihagira upfa
Bus ya kompanyi itwara abagenzi ya Trinity yagiriye mu gihugu cya Uganda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 bus (soma bisi) ya kompanyi itwara abagenzi izwi ku izina rya TRINITY yakoreye impanuka mu!-->!-->!-->!-->!-->…
PELE, umunya Brezil wabaye icyamamare muri Ruhago ubuzima bwe bugeze ahaga
MELBOURNE, AUSTRALIA - MARCH 26: Pele holds a replica Wolrd Cup trophy during a press conference at The Peninsula on March 26, 2015 in Melbourne, Australia. (Photo by Robert Cianflone/Getty Images)
Ubuzima bw'uwahoze ari icyamamare mu!-->!-->!-->…
Ngoma: Iduka ricuruza ibikoresho by’ubwubatsi ryahiye rirakongoka.
Iduka ryacuruzaga ibikoresho by'ubwubatsi rya Bwana Leonidas ryahiye rirakongoka ntihagira na kimwe arokoramo.
Ahagana saa munani zo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Gashyantare 2020 nibwo iduka rya Bwana LEONIDAS!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Meya ELASME NTAZINDA yasabye abakozi b’Umurenge wa BUSASAMANA kuba ikitegererezo mu…
Bwana NTAZINDA ELASME umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yasabye abakozi b'Umurenge wa Busasamana kuba ikitegererezo mu gutanga Serivisi nziza
Ibi Bwana NTAZINDA ELASME umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yabivugiye mu mwiherero w'umunsi umwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwalimukazi n’abana be batandatu bahiriye mu nzu barapfa
Umwalimukazi wo muri Leta ya Mississipi muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yahiriye mu nzu n'abana be batandatu barapfa.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu muri Leta ya Mississipi muri Leta Zunze ubumwe za Amerika ahagana saa sita!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibihumbi by’Abanya Kenya bakomeje gusezera bwa nyuma ARAP MOI wayoboye Kenya imyaka 24 yose
Ibihumbi by'abanya Kenya bakomeje gusezera umurambo w'uwahoze ari Prezida wa Kenya umaze hafi ucyumweru apfuye.
Ku wa kabiri w'icyumweru gishize nibwo hamenyekanye inkuru y'urupfu rwa DANIEL ARAP MOI wayoboye igihugu cya Kenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Jackie Chan Yemereye akayabo nk’igihembo umuntu uzavumbura urukingo rwa…
Jackie Chan wabaye ikirangirire mu mafilime yemeye gutanga igihembo ku muntu uzavumbura urukingo rwa coronavirus.
Umukinnyi w'amafilime y'imirwano wabaye ikirangirire mu myaka ishize JACKIE CHAN yemeye gutanga akayabo ka miliyoni!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yahuye na Ministri w’intebe wa Canada
Prezida Paul KAGAME yaraye abonanye na Ministre w'intebe baganira ku butwererane bw'ibihugu byombi
Kuri uyu wa 8 Gashyantare 2020 prezida wa Repubulika PAUL KAGAME yabonanye na ministre w'intebe w'igihugu cya Canada Justin Trudeau!-->!-->!-->!-->!-->…
Bunani Agiye guhembwa nk’uwakoze igikorwa k’indashyikirwa
Nyuma yahoyo Bonane arokoreye umwana wari ugiye gutwarwa n'umuvu w'amazi ya ruhurura, kuri ubu ministeri igiye kumuhemba.
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana amashusho y'umusore ukora akazi!-->!-->!-->!-->!-->…
Claudette wigaruriye imitima ya benshi mu “Inama y’Umunsi” ku Isango STAR nawe…
NSENGIMANA CLAUDETTE wamenyekanye cyane mu kiganiro Inama y'umunsi cyanyuraga ku Isango Star nawe amaze gusezera kuri icyo gitangazamakuru.
Biragoye kumva cyangwa kubona umuntu muri iyi minsi utazi ikiganiro cyangwa utarigeze yumva!-->!-->!-->!-->!-->…
MTN yakuyeho uburyo bwo gucuruza ama unités hifashishijwe amakarita
Mu rwego rwo gushimangira isuku mu gihugu, MTN igiye gukuraho uburyo bwo gucuruza ama karita y'amayinites
Ni mu itangazo ryashyizweho umukono n'ubuyobozi bukuru bwa MTN Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 4!-->!-->!-->!-->!-->…