Browsing Category
Izindi nkuru
Hamenyekanye impamvu Mwalimu Christine yiyahuye
Mwalimu Christine IRAKUJIJE yiyahuye muri iki gitondo nyuma yo gutekerwaho umutwe akamburwa amafranga na mudasobwa(laptop)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Gicurasi 2020 nibwo mwalimu IRAKUJIJE CHRISTINE yiyahuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu Barimu ntibashimishijwe n’umushinga wa INGABIRE ugamije gushyiraho ihahiro rya…
Bamwe mu barimu barasanga umushinga wa INGABIRE REHEMA, umukobwa uri mu bahatanira ikamba rya nyampinga 2020 ari umushinga ugamije gushinyagura kuko ngo nawe ubwe aziko atabishobora
INGABIRE REHEMA ni umwe mu bakobwa 20 bari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking news: Umuhanzi KIZITO MIHIGO yiyahuye arapfa
Polisi y'igihugu imaze kwemeza ko umuhanzi KIZITO MIHIGO yapfuye yiyahuye mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo Polisi y'u Rwanda yasohoye itangazo ku rukuta rwayo rwa twitter rivuga ko Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana BAZIL ukora mu nzu babikamo imirambo (morgue) yavuze ibibazo ahura nabyo hanze y’akazi
Bwana BAZIL ENATU umaze imyaka 32 mu kazi ko gushyira imirambo muri morgue yavuze ibibazo ajya ahura nabyo hanze y'akazi.
Bwana Bazil ENATU ni umugabo w'imyaka 57 y'amavuko wo mu guhugu cya Uganda, akaba amaze imyaka igera kuri 32!-->!-->!-->!-->!-->…
Yarakubiswe anirukanwa mu bukwe bwe basanze afite abandi bagore
Umukwe yirukanywe mu bukwe bwe n'ababutashye bagize umujinya nyuma y'uko umugore we wa mbere ahageze akabwira abari mu bukwe ko uyu ari umugabo we bashyingiranywe kandi yanashakanye n'uwundi mugore abafite ari babiri.
Asif!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru ANGELI MUTABARUKA yanenze Igifaransa prezida wa RAYON SPORT yakoresheje kuri twitter
Ubu nibwo butumwa buri mu rurimi rw'Igifaransa Prezida wa Rayon Sport SADATE yashyize ku rubuga rwe
Nyuma y'aho ibinyamakuru byanditse ko Bwana Jado Castar yanenze prezida wa Rayon ku mikoreshereze ye y'imbuga nkoranyambaga,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo w’umwongereza yafunzwe azira gukora ku kibuno cy’umupolisi ushinzwe umutekano mu…
Umugabo witwa Toni Comoccio afungiwe mu Misiri azira gukorakora umusekirite wo ku kibuga cy'indege .
Ubwo uyu mugabo w'imyak 51 yarageze ku kibuga cy'indege we numuryango we doreko bari bamaze iminsi icumi barajyiye kuruhukira!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yasutseho umugabo we amazi ashyushye amutwika umugongo wose(Amafoto)
Mu gihugu cya Kenya umugore yatwitse umugabo we amuziza ku muca inyuma maze umugongo wose uragenda urababuka.
Ibi ngo byaje nyuma yaho nyamugabo agiye agirana ibiganiro nabandi bagore kuri Facebook,nyuma umugore yaje kubibona!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hatangijwe igikorwa cyo guca inzererezi mu mugi wa Nyanza
Mu Murenge wa Busasamana hatangijwe igikorwa cyo guca inzererezi muri uwo mugi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 13 Gashyantare 2020 mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana urwego rw'umurenge, ku bufatanye bwa Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi iranyomoza amakuru avuga ko Kizito yafashwe agiye gutoroka
Umuvugizi wa Polisi yanyomoje amakuru yavugaga ko Kizito MIHIGO yafashwe agerageza gutoroka.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane abantu benshi babyutse bavuga ko Bwana KIZITO MIHIGO ari mu maboko ya polisi nyuma yaho agerageje!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yakiriye anemera ubwegure bwa Min Evode na Dr ISAAC
Nyuma yaho Evode na Isaac bashyikirije inyandiko zabo zisaba kwegura, Nyakubahwa prezida Repubulika yemeye ubwegure bwabo.
Nyuma y'aho kuri uyu wa 6 Gashyantare 2020 uwahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegekonshinga n'andi!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB igiye gusuzumisha Bwana BARAFINDA ukekwaho uburwayi bwo mu mutwe
Urwego rw'igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha rwatangaje ko rugiye gusuzumisha Bwana BARAFINDA kuko bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwamenyesheje ko rugiye gusuzumisha bwana BARAFINDA FRED!-->!-->!-->!-->!-->…
Bus TRINITY yahiye Imana ikinga akaboko ntihagira upfa
Bus ya kompanyi itwara abagenzi ya Trinity yagiriye mu gihugu cya Uganda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 bus (soma bisi) ya kompanyi itwara abagenzi izwi ku izina rya TRINITY yakoreye impanuka mu!-->!-->!-->!-->!-->…
PELE, umunya Brezil wabaye icyamamare muri Ruhago ubuzima bwe bugeze ahaga
MELBOURNE, AUSTRALIA - MARCH 26: Pele holds a replica Wolrd Cup trophy during a press conference at The Peninsula on March 26, 2015 in Melbourne, Australia. (Photo by Robert Cianflone/Getty Images)
Ubuzima bw'uwahoze ari icyamamare mu!-->!-->!-->…
Ngoma: Iduka ricuruza ibikoresho by’ubwubatsi ryahiye rirakongoka.
Iduka ryacuruzaga ibikoresho by'ubwubatsi rya Bwana Leonidas ryahiye rirakongoka ntihagira na kimwe arokoramo.
Ahagana saa munani zo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Gashyantare 2020 nibwo iduka rya Bwana LEONIDAS!-->!-->!-->!-->!-->…