Browsing Category
Politike
“Inzira y’ibiganiro yaranze, igikurikiraho ubu ni intambara ku Rwanda” Perezida…
Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yahamagariye urubyiruko rw’iki gihugu “kwinjira mu gisirikare ku bwinshi” kuko “intambara abaturanyi badushojeho isaba ibitambo bya buri umwe muri twe”.
Mu ijambo yagejeje ku gihugu mu ijoro!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakongomani baba mu Rwanda barashimira Abanyarwanda uburyo bakomeje kubabanira muri bino bihe.
Umuryango w’Abanye-Congo baba mu Rwanda washimye uko ukomeje kubanirwa na bagenzi babo muri iki gihugu, usaba ko igitotsi kiri mu mubano w’ibihugu byombi cyagukurwamo, abaturage bagakomeza umubano w’ubuvandimwe bafitanye.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
“Mu ntambara utoranyamo iyo uri burwane n’iyo utari burwane” Gen.Kabarebe
General KABAREBE Yatanze umucyo kuri bamwe bakomeje gutekereza u Rwanda ruzatera DRC nyuma y'aho icyo gihugu kivuze ko cyo cyiteguye kurangiriza intambara mu Rwanda.
kuri uyu wa gatatu taliki ya 2 Ugushyingo 2022, Umujyanama wa!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC yatangaje ko u Rwanda rugiye guhura n’akaga kubera inzira rwahisemo rugatera Congo
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamukuru Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,yatangaje ko bagiye kugaba igitero ku Rwanda kugirango barwumfishe uko intambara iryoha.
Patrick Muyaya yakomeje agira ati: u!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage batwitse imodoka ya MONUSCO bayishinja gutwara abarwanyi ba M23.
Abaturage bo mu gace ka Kanyaruchinya hafi y’umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bariye karungu batwika imodoka y’Ingabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro (Monusco) bakeka ko itwaye inyeshyamba za M23.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Me NTAGANDA arasaba amahanga gufatira ibihano bikakaye u Rwanda kubera ubufasha ruha M23
Umunyapolitiki Me Bernard NTAGANDA arasanga amahanga akwiye gukaza igitutu ku Rwanda rukareka gukomeza gutera inkunga umutwe wa M23.
Bwana Bernard NTAGANDA uyobora ishyaka rya PS Imberakuri igice kitemewe mu Rwanda kuri ubu ari!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwavuze igikurikiraho ku bapolomate ba DRC nyuma y’aho Vincent Karega yirukanywe
Nyuma y'aho Leta ya DRC ifashe icyemezo cyo kwiruka Karega Vincent wari uhagarariye u Rwanda muri icyo gihugu, Leta y'u Rwanda yavuze igikurikiraho ku ba dipolomate ba DRC mu Rwanda.
Kuwa 29 Ukwakira 2022 nibwo i Kinshasa ku murwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kagame yakiriye min.w’ububanyi n’amahanga wa Angola wari umaze kubonana Felix Tshisekedi
Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, António Tete wanakiriwe na Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri iki Cyumweru.
Hon. António Tete yakiriwe na Perezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika y’Epfo: Perezida Ramaphoza umaze iminsi aregwa ubujura yasabwe kwegura ku buyobozi
Minisitiri w’Ubukerarugendo muri Afurika y’Epfo, Lindiwe Sisulu yavuze ko byaba byiza Perezida w’iki gihugu, Cyril Ramaphosa yeguye haba ku mwanya wo kuyobora igihugu n’uwo mu ishyaka rya ANC kubera ibyaha bya ruswa akekwaho.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekenaye ibyo Perezida Kagame yavuganye na Guteres uyobora Loni ku kibazo cya DRC
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twiter, perezida Paul Kagame yatangaje ko yagiranye ibiganiro n'umunyamabanga mukuru wa LONI ku kibazo cya Congo.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere perezida Paul KAGAME uyobora u Rwanda yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Leta yahambirije ambasaderi w’u Rwanda ahabwa amasaha 48 ngo abe yabaviriye ku butaka
Mu nama bivugwa ko yari ikomeye yaraye ihuje kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29 Ukwakira 2022 perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Felix Tshisekedi n'inzego zishinzwe umutekano muri icyo gihugu, hanzuwe ko ambasaderi!-->!-->!-->…
“Gukemura ikibazo neza si ugukora raporo nziza” Minisitiri Gatabazi
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yavuze ko gukemura neza ibibazo by’abaturage atari ugutanga raporo, ahubwo ari ukubikurikirana bigakemurwa.
Yabigarutseho kuri uyu wa Kane taliki ya 27 Ukwakira 2022, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yasabye u Rwanda kureka gukomeza gutera inkunga umutwe wa M23
Leta zunze ubumwe za Amerika zongeye kwihanangiriza u Rwanda zirusaba guhagarika ubufasha ubwo aribwo bwose ruha umutwe wa M23 umaze igihe mu mirwano na FARDC.
Mu cyumweru gishize nibwo imirwano hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani: Umugore aratabarizwa mbere yo guterwa amabuye ngo apfe.
Ibikorwa byo kurengera umugore ukomoka muri Sudan, wahanishijwe kwicwa atewe amabuye kugeza apfuye nyuma yo guhamywa icyaha cy’ubusambanyi biri gukomwa mu nkokora n’uko nta nzego zibishinzwe ziri mu gihugu.
Hashize umwaka Sudani!-->!-->!-->!-->!-->…
“Uburyo bwonyine bwo kwitura mama, ni ukuba perezida wa Uganda, kandi nzamuba”…
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yifuza kuba perezida w’icyo gihugu, nk’uburyo bwamufasha kwitura nyina.
Ni amagambo ashyize ahabona nyuma y’iminsi myinshi yandika cyane ubutumwa kuri politiki!-->!-->!-->…