Browsing Category
Ubuzima
Abasaga 200,000 bamaze gusura isanduku ya Papa Benedigito mu minsi itatu gusa
Abantu hafi 200,000 bamaze gutambuka imbere y’isanduku irimo umurambo wa Papa Benedict XVI mu minsi itatu ishize bamusezeraho, nk’uko Vatican ibivuga.
Umurambo we urashyingurwa none kuwa kane.
Papa Francis niwe uri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Musenyeri Aupetit wabaye Arikiyepiskopi wa Paris arakekwaho ihohotera rishingiye ku gitsina
Musenyeri Michel Aupetit wabaye Arikiyepiskopi wa Diyosezi ya Paris mu Bufaransa ari gukorwaho iperereza ku ihohotera rishingiye ku gitsina bivugwa ko yakoreye umwe mu bagore bo muri iki gihugu.
Ku wa Kabiri tariki 3 Mutarama 2023!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mukobwa washinjwaga gusambanya agasore k’imyaka 17 yahamijwe icyaha arakatirwa
Umukobwa w'imyaka 35 uherutse gufatirwa mu cyuho aryamanye iwe n'umwana w'umusore w'imyaka 17 yahaijwe icyaha akatirwa igifungo cy'imyaka 25.
Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022 urukiko rwisumbye rwo mu KArere ka Huye rwahanishije igifungo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarundi bahungiye mu Rwanda banze intashyo za Perezida Ndayishimiye
Kuri uyu wa Kabiri, itsinda ryoherejwe na Guverinoma y’u Burundi mu gushishikariza Abarundi bahungiye mu Rwanda gutahuka ku bushake, ryasuye Inkambi ya Mahama kuri ubu icumbikiye Abarundi barenga 39,000 bahungiye mu Rwanda mu mwaka wa!-->!-->!-->…
Menya ibyajuririwe n’abunganira Bamporiki mu rukiko.
Abunganira Edouard Bamporiki barasanga umukiliya wabo yaritwaye neza imbere y'urukiko bityo ko igihano yahawe cyasubikwa ndetse agakurirwaho ibindi byaha agasigarizwaho kimwe gusa.
Edouard Bamporiki wahoze ariumunyamabanga wa leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamporiki yageze imbere y’urukiko kuburana Ubujurire
Muri iki gitondo, Urukiko Rukuru ruri kuburanisha ubujurire bw’urubanza ruregwamo Bamporiki Edouard, wahamijwe ibyaha bibiri agahishwa igifungo cy’imyaka ine no gutanga ihazabu ya miliyoni 60 Frw.
Bamporiki Edouard wahoze ari!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buhinde: Abantu 31 bapfuye nyuma yo kunywa inzoga zihumanye
Abapfuye bari batuye mu midugudu ibiri yo mu gace gakennye cyane mu Burasirazuba bw’u Buhinde, aho gucuruza no kunywa inzoga zo mu bwoko bwa likeri (liquor) bibujijwe guhera mu 2016.
Nyuma yo kunywa inzoga bivugwa ko yarimo ibintu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Umusore yapfuye azize imirimo yakoze bagiye gushyingura mushiki we
Umusore wo gihugu cya Zambia yapfuye nyuma y'iminsi ibiri mushiki we ashyinguwe. Amakuru avuga ko yazize imirimo yakoze mu muhango wo gushyingura umuvandimwe we.
Uyu musore witwa Godfrey Mwango w'imyaka 33 yaguye ku giti arakomereka!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Umugore yakatiwe gufungwa kubera gusomana n’umugabo
Umugore wo muri Sudani warezwe ubusambanyi yarokotse kwicwa ahanishwa gufungwa amezi atandatu nyuma yo kwemera ko yasomye umugabo.
Uwo mugore w’imyaka 20 mbere yari yakatiwe urwo gupfa atewe amabuye, bituma ibi byamaganwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Kompanyi ya Klasha yashyizeho itegeko riha ikiruhuko abagore bose bari mu mihango
Kompanyi yo muri Nigeria yitwa Klasha yashyizeho itegeko rishya ryemerera abakozi bayo gufata ikiruhuko mu gihe bari mu mihango.
Bivugwa ko ariyo kompanyi ya mbere muri Nigeria ishyizeho itegeko rigena ikiruhuko cy’imihango!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Kenya yapfiriye kuri stade mu mukino w’igikombe cy’isi ari mu kazi
Umunya Kenya yapfiriye muri stade yo muri Qatar ubwo yahanukaga ari mu kazi ko gucunga umutekano mu mukino w’igikombe cy’isi.
Ibi byemejwe na Qatar Supreme Committee for Delivery & Legacy, ari nabo bashinzwe gutegura igikombe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Kutarangirizwa imanza byiganje mu bibazo bagaragarije umuvunyi
Mu rwego rwo kurwanya ruswa n’akarengane, serivisi z’umuvunyi zegereye abaturage i Nyamagabe, hanyuma mu Murenge wa Gasaka bahereye bagezwaho ibibazo byiganjemo iby’uko abantu bagiye baburana bagatsinda, ariko ntibarangirizwe imanza.
!-->!-->!-->!-->…
Tshisekedi yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu kubera abarenga 100 bapfuye i Kinshasa
Perezida wa DR Congo, ari muri Amerika, yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu mu gihugu guhera none kuwa gatatu nyuma y’uko abantu barenga 100 bishwe n’inkangu n’imyuzure bivuye ku mvura yaguye mu ijoro ryo kuwa mbere rishyira kuwa!-->!-->!-->…
Kigali: Dosiye y’abafungiwe gukubita Umurundi agapfa yashyikirijwe ubushinjacyaha
Inzego z’ubutabera zikomeje gukurikrana idosiye y’urupfu rwa Muhizi Emmanuel wari umushoferi w’ikamyo ukomoka mu Burundi, wakubitiwe mu kabare gaherereye i Kabuga mu Karere ka Gasabo bikamuviramo kubura ubuzima.
Urwego rw’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Chala Muana wabiciye bigacika mu njyana ya Rumba yitabye Imana ku myaka 64
Umuhanzi wabaye icyamamare n'ikimenya bose mu myaka yo ha mbere Chala Muana ukomoka mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu.
Imwe mu nkuru z'incamugongo yabyukiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…