Browsing Category
Ubuzima
Senateri Uwizeyimana avuga ko asigaye yigengesera ngo adakora amakosa nk’ayo yakoze bigatuma…
Senateri Uwizeyimana Evode yavuze ko amakosa yanyuzemo yatumye yegura muri Guverinoma y’u Rwanda yayakuyemo amasomo akomeye ku buryo bidashobora gusubira.
Muri Gashyantare 2020, nibwo Uwizeyimana yeguye ku mwanya w’Umunyamabanga wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Maniraguha bari bamaze iminsi barabuze bamusanze mu nzu amanise ku mugozi
Umugabo witwa Maniraguha J.Claude bivugwa ko yari amaze iminsi yarabuze baje kumusanga mu nzu yari asanzwe abamo yimanitse ku mugozi, birakekwa ko yaba yariyahuye.
Mu Karere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye, haravugwa inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Babiri baguye mu mpanuka ya Fuso yagonganye na coaster.
Mu gace kazwi nko muri Buranga mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke, habereye mpanuka yahitanye ubuzima bw’abantu babiri, ikomerekeramo abantu 20 barimo babiri bakomeretse bikomeye.
Iyo mpanuka yabaye mu ma saa saba z’igicamunsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Amayobera ku rupfu rw’umwana w’imyaka 11 yasanzwe mu cyumba yiyahuye
Ikibazo cy'mwana w'imyaka 11 y'amavuko wasanzwe mu cyumba cye yimanitse ku mugozi gikomeje kuba mayobera ku muryango we ndetse no ku baturanyi.
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki ya 20 Ugushyingo 2022 nibwo mu Karere ka Gasabo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Umusaza w’imyaka 73 n’umuhungu we bagwiriweho n’inzu barapfa.
Umusaza Nyirimbuga w’imyaka 73 yagwiriwe n’inzu ari kumwe n’umuhungu w’imyaka 8 mu Murenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro, bose bahita bashiramo umwuka.
Ibi byabaye mu masaha y’igitondo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 19 Ugushyingo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kinyoni wanditse indirimbo nyinshi zirimo ’Kora’ ya The Ben yitabye Imana
Kinyoni wanditse indirimbo zirimo Kola ya The Ben, Dokima ya Emmy n’izindi nyinshi zitandukanye yitabye Imana azize uburwayi.
Ni mu itangazo ryatangajwe n’Ubuyobozi bwa Country Records, imwe muri studio zigezweho muri iyi minsi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Yageragezaga kuramira moto ye ngo idatwarwa n’amazi birangira ariwe utwawe ahasiga ubuzima
Amazi y’imvura yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Kigali yatwaye umumotari Kimisagara arapfa, ni nyuma yo gushaka kuramira moto ye yari atembanye.
Imvura nyinshi yaraye iguye bikomeye mu Mujyi wa Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
Urubanza rwa Prince Kid rwongeye rurasubikwa ku nshuro ya kabiri
Urubanza rwa Prince Kid rwari rutegerejwe kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2022 rwasubitswe rwimurirwa ku wa 17 Ugushyingo 2022.
Amakuru y’isubikwa ry’uru rubanza IGIHE dukesha iyi nkuru yayahamirijwe n’umwe mu bunganira Princekid wavuze!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mudepite uherutse kwegura kubera ubusinzi yasabye perezida n’Abanyarwanda imbabazi.
Dr Gamariel uherutse kwegura kubera gufata agatama ku rwego rukabije, yandikiye perezida wa Repubulika amausaba imbabazi ndetse ahiga kutazongera kunywa inzoga.
Nyuma yo kwandika ibaruwa yo kwegura mu nteko ishingamategeko kubera!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umugabo apfiriye muri gare ategeje imodoka imujyana kwa muganga
Umugabo wari uhawe transfert yo kumujyana kwivuriza i Huye yaguye muri gare ya Nyanza ubwo yari ategereje imodoka imujyana kwivuriza muri CHUB.
Mu Karere ka Nyanza haravugwa urupfu rw'amayobera rw'umugabo wapfiriye muri gare aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakobwa bari bafungiye icyaha cyo kwangiza imyanya y’ibanga ya mugenzi wabo bahawe imbabazi.
Abakobwa 6 n’umusore umwe bari bafungiye icyaha cyo kwangiza imyanya y’ibanga ya mugenzi wabo, ku Cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2022, bahawe imbabazi na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, bahita bafungurwa.
Umuvugizi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Umwana w’umukobwa wari wagiye gusura bagenzi be yarohamye mu Kivu arapfa
Umukobwa w’imyaka 18 yarohamye mu Kiyaga cya Kivu ku gice giherereye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro aho yari yagiye gusura mugenzi we, arapfa.
Iyi mpanuka yabaye ku wa 13 Ugushyingo 2022, ahagana saa Cyenda n’igice!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Bagiye kwiba amabuye y’agaciro ibirombe bibagwaho barapfa
Abagabo babiri bo mu Karere ka Kayonza bagwiriwe n’ikirombe bahita bitaba Imana, undi umwe arakomereka nyuma yo kujya gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko mu kirombe cyaherukaga gucukurwamo n’Ababiligi.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umugabo witwa Djuma yapfiriye mu kabari ari kunywa inzoga zitwa “Icyuma”
Umugabo witwa Djuma yaraye apfiriye mu iduka ricuruza inzoga nyuma yo kunywa izo bamwe bavuze ko zirengeje urugero rwe.
Mu Karere ka Huye, mu kagali ka Ngoma, ho mu udugudu wa Ngoma ya II haravugwa urupfu rw'umugabo witwa Djuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Igikomangoma Märtha Louise cyaretse iby’ibwami ngo ajye gukorana na fiancé w’umupfumu
Igikomangoma cya Norway Märtha Louise yivanyeho icyubahiro n’inshingano z’ibwami kugira ngo yibande ku bushabitsi mu buvuzi akorana na fiancé we, uvuga ko ari ‘umupfumu’.
Louise azagumana izina rye ry’ibwami, ariko inshingano ze!-->!-->!-->!-->!-->…