Browsing Category
Ubuzima
Dosiye y’umunyamakuru Theogene yaregewe urukiko mu yindi sura
Kuri uyu wa gatanu urwego rw'ubugenzacyaha RIB rwashyikirije parike (Urukiko) dosiye y'umunyamakuru Theogene Manirakiza ariko.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu taliki ya 290 Ukwakira 2023 nibwo dosiye y'Umunyamakuru Theogene!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Abagabo bubatse barashinjwa gushuka abangavu, bakabatera inda
Abangavu bo mu Karere ka Nyabihu batewe inda bavuga ko bashukwa akenshi n’abagabo baba bakuze kandi bafite abagore babo, ngo bakaba batera aba bangavu inda bashingiye ko rimwe na rimwe baba bafite amikoro.
Umwe mu bangavu wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukozi w’Akarere ka Musanze afungiwe gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Ukwakira 2023, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi Ntibansekeye Leodomir, Umukozi w’Akarere ka Musanze ushinzwe Ibikoresho (Logistic), akurikiranyweho icyaha cyo!-->!-->!-->…
Biden yerekeje muri Israel mu gihe umubare w’abapfuye muri Gaza wiyongereye
Perezida w'Amerika Joe Biden yitezwe kugera muri Israel kuri uyu wa gatatu kugaragaza ko yifatanyije nayo no kuganira n'abategetsi bayo kuri gahunda y'intambara.
Ariko uruzinduko rwe rwagize ingorane zikomeye zitewe n'ikintu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza-Ntyazo: Umusore w’imyaka 19 yapfuye arohamye mu kidendezi cy’amazi
Umusore bivugwa ko yari afite ubumuga bwo mu mutwe yasanzwe mu kidendezi cy'amazi yapfuye.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 17 Ukwakira 2023 mu mudugudu wa Nkomane, akagari ka Bugari mu murenge wa Ntyazo, hagaragaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: RIB iri gutanga amahugurwa ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Abakozi b'urwego rw'ubugenzacyaha bazindukiye mu gikorwa cyo guhugura abayobozi b'inzego z'ibanze ku rwego rw'umudugudu ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 17 Ukwakira 2023, umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
“Bazamuguhe umurye…” Amwe mu magambo atumye RIB ita muri yombi J.Paul Nkundineza
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Jean Paul Nkundineza nyuma y'aho uyu mugabo yumvikanye ku mbuga nkoranyambaga yikoma uwitwa Jolly.
Babinyujije ku rukuta rwabo rwa X, umuvugizi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: 1573 bahawe telefoni zigendanwa muri Gahunda ya ‘Connect Rwanda 2.0’
Kuri uyu wa mbere tariki 16 Ukwakira, Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangije ku mugaragaro gahunda ya Airtel Rwanda yiswe Connect Rwanda 2.0 igamije gufasha abanyarwanda kugera ku ikoranabuhanga no kwihuta mu iterambere.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abantu 10 nibo bamaze kumenyekana ko bagwiriweho n’urusengero barapfa
Mu gihugu cy'Uburundi haravugwa urupfu rw'abayoboke b'itorero rya Pentekoste bapfuye nyuma y'aho urusengero rubaguyeho mu materaniro yo kuri iki cyumweru.
Mu gihugu cy'abaturanyi i Burundi haravugwa abayoboke b'itorero pentekoste bagera!-->!-->!-->…
Ngoma: Abayobozi babiri barimo na Gitifu w’umurenge bafatiwe mu cyuho bakira ruswa
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafatiye mu cyuho Mutembe Tom, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma na Mutabazi Célestin Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere!-->!-->!-->…
Nyanza: Abajyanama b’ubuzima barinubira ababasiragiza mu kubaterera imiti irwanya Malaria
Abajyanama b’ubuzima basanzwe bafasha mu bikorwa byo gutera imiti yica imibu itera Malaria, baravuga ko bakigorwa na bamwe mu baturage bo mu bice by’umujyi wa Nyanza bataborohereza.
Gahunda yo gutera imiti yica imibu itera Malaria!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umusore aravugwaho kwica umukobwa w’inshuti ye, na we ariyahura
Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2023, umusore yavuzweho kwica umukobwa w’inshuti ye, na we ahita yiyahura.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umusigire w’Umurenge wa Kimisagara, Ufiteyezu Jean Damascene yemeje aya makuru,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi bwagaragaje ko urubyiruko arirwo rwibasiwe n’ibibazo by’ubuzima bwo mu…
70% by'abafite ibibazo by'ubuzima bwo mu mutwe mu Rwanda, ni urubyiruko kandi abenshi muri rwo bibatangira bakiri munsi y'imyaka 25.
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe hakaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Bwana Nyandwi Celestin yatekewe umutwe bamugurisha toni 70 z’inyibano
Ibyabaye ku mucuruzi Nyandwi Celestin ni ubuhamya bukomeye avuga ko bukwiye kubera abandi urugero rwo kujya barangura babanje gushishoza, kubera ko toni 70 za sima y’inyibano yaguze zatumye agarukira mu marembo y’igororero ndetse!-->!-->!-->…
Urukingo rwa malariya rwitezweho kugabanya umubare w’impfu ku bana
Ishami ry'umuryango w'abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi OMS ryemeje ikoreshwa ry'urukingo rwa malariya mu guhashya iyo ndwara no kugabanya impfu zaterwaga n'ubwo burwayi
Urukingo ruhendutse rwa malariya rushobora gukorwa ku!-->!-->!-->!-->!-->…