Browsing Category
Umutekano
Muhima: Umugore w’indaya yateye icyuma umusambane we wari ugiye kwiruka atamwishyuye
Umugore witwa Hawa utuye mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge yateye icyuma ndetse akubita icupa ry’inzoga yari arimo kunywa umugabo bari bamaze kuryamana bapfa amafaranga 400.
Uyu mugore usanzwe akora mu kagari ka Tetero mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Africa: Umusirikare w’u Rwanda yahitanywe n’inyeshyamba
Umusirikare w'u Rwanda wo mu butumwa bwo kugarura ituze muri Centrafrique, buzwi nka MINUSCA, yiciwe mu gitero cy'abitwaje intwaro ubwo yari ari ku irondo.
Ubuyobozi bw'ubutumwa bw'amahoro mu muryango w'abibumbye muri Repubulika ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: RIB yataye muri yombi umuforomo ukekwaho gusambanya uwari ugiye kubyara
Umuforomo wakoreraga ku kigo nderabuzima cy'i Mahama yatawe muri yombi, arakekwaho gusambanya umugore wari uje kubyara.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB mu Karere ka Kirehe rwataye muri yombi umuforomo w'ikigo nderabuzima cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo arashakishwa uruhindu akekwa kwiyicira umugore we n’abana be batatu
Inzego z’umutekano mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabare, ziri gushakisha umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 wishe umugore n’abana be batatu agahita atoroka.
Uyu mugabo yishe abo mu muryango we mu ijoro ryo ku wa Gatatu mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Rusumbabahizi yahamijwe icyaha cyo kwica umugore we akatirwa gufungwa burundu
Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwahamije uwitwa Rusumbabahizi wo mu Karere ka Ruhango, icyaha yo kwica umugore we n’umwana yari atwite, rumukatira igifungo cya burundu.
Mu isomwa ry’urubanza ku gicamunsi cyo ku wa 09 Kamena 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umunyamategeko ukomeye yaraye yarashwe urufaya rw’amasasu ubwo yatahaga
Umunyamategeko wari ukomeye mu gihugu cya Uganda yaraye arashwe urufaya rw'amasasu arapfa ubwo yinjiraga mu gipangu iwe.
Bwana Ronald Mukisa, umunyamategeko w'imyaka 45 y'amavuko yaraye arashwe urufaya rw'amasasu mu marembo y'urugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Bwana Theoneste yitabye Imana azize inkoni yakubitiwe mu nzira ataha
Mu Kagari ka Songa, Umurenge wa Muko mu Karere ka Musanze, haravugwa urupfu rw’umugabo w’imyaka 36 witwa Maniraguha Théoneste, aho bivugwa ko yishwe n’inkoni yakubiswe n’abataramenyekana.
Amakuru Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa musore uherutse gufatirwa mu cyuho asambanya intama y’abandi, yiyahuye
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Gicurasi 2023, mu mudugudu wa Ruzo, Akagari ka Kibali, Murenge wa Byumba, mu karere ka Gicumbi, nibwo umusore witwa Ishimwe Aimable w’imyaka 17, yiyahuye yimanitse mu mugozi ariko imbarutso akaba ari!-->!-->!-->…
Burera: Bafatanywe ibilo 16 by’urumogi bakuye muri Uganda
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Burera, ku wa Gatatu taliki ya 24 Gicurasi, yafashe abantu babiri bari bafite umufuka urimo ibilo 16 by’urumogi.
Abafashwe ni umugore w’imyaka 28 n’umugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Bane bitabye Imana ubwo FDLR na FARDC bumvanaga intege bapfa amakara
Amakuru aturuka muri DRC aremeza ko mu gace Mutaho hari kubera imirwano ikaze hagati y'ingabo z'igihugu FARDC n'umutwe w'inyeshyamba wa FDLR, ngo barapfa amakara.
Hari amakuru aturuka mu gihugu cya DRC avuga ko mu gace ka Mutaho, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Abantu bane bafashwe bakekwaho kwica umuntu bakamujugunya mu musarani
Abaturage bane barimo abagore babiri n’abagabo babiri bo mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza, bamaze gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano, nyuma yuko hagaragaye umurambo w’umusore w’imyaka 27 wishwe akajugunywa mu musarani.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umusore yatawe muri yombi nyuma yo kwica nyina akoresheje umuhini w’isuka
Mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y'umusore watawe muri yombi nyuma y'uko atikuye nyina umuhini w'isuka mu mutwe agahita yitaba Imana.
Umusore witwa Ndihokubwami utuye mu Kagari ka Gihembe mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Agakiriro ka Gisozi kongeye kibasirwa n’inkongi y’umuriro hangirika byinshi
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, Agakiriro ka Gisozi kongeye kibasirwa n'inkongi y'umuriro ku buryo umutungo utari muto wahangirikiye bikomeye.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Gicurasi 2023, mu mujyi wa Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
Litiro 600 z’inzoga yitwa “Igisasu” zafatiwe i Muhanga na Kamonyi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Inzego z’ibanze n’abaturage yangirije mu ruhame litiro 600 z’inzoga z’inkorano zizwi ku izina ry’Igisasu zafatanywe abagabo batanu mu Karere ka Kamonyi na Muhanga.
Batatu muri bo bafatiwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imirwano ikaze, Uburusiya bwigaruriye umujyi wa Bakhmut muri Ukraine
Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yashimiye itsinda ry’abarwanyi bo mu mutwe wa Wagner, nyuma yo kwemeza ko bigaruriye umujyi wa Bakhmut, mu Burasirazuba bwa Ukraine.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Gatandatu tariki ya 20 Gicurasi!-->!-->!-->!-->!-->…