Browsing Category
Umutekano
Rubavu: Habonetse ibisasu mu murima w’abaturage
Abaturage batuye mu Kagari ka Makurizo ho mu Mudugudu wa Nyamugari mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, bavumbuye ibisasu byari bihishwe muri ako gace.
Mu gitondo tariki 16 Kanama 2023 umwe mu bahatuye avuga ko yagiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Hoteli na resitora zemeye kurinda abakiliya impanuka ziterwa n’ubusinzi
Ku wa Gatatu tariki ya 16 Kanama, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda, ku Kacyiru, habereye inama yahuje Polisi y’u Rwanda n’Ihuriro ry’abatanga serivisi z’amahoteli na resitora yari igamije kubibutsa uruhare rwabo mu kurinda!-->!-->!-->…
Ngoma: Wa mudamu Angelique wari wabuze guhera mu mpera z’icyumweru gishize yasanzwe yapfuye
Umugore wo Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma, wari wabuze ubwo yavaga mu birori by’umubatizo, yabonetse yarapfuye, aho igice kimwe cy’umubiri we cyabonetse mu Kiyaga wa Mugesera, mu igihe ikindi kigishakishwa, bikaba bikekwa ko!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugore yakubise umugabo we majagu amuziza kujya gusura umupfakazi baturanye
Umugore w’imyaka 30 wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Murama yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukubita umugabo we isuka yo mu bwoko bwa majagu mu mbavu.
Uyu mugore ngo yazizaga uwo bashakanye gusura undi mugore!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Umugabo yishe urw’agashinyaguro mubyara we kubera ko yanze ko bashyingiranwa
Umugabo witwa Alfan yishe mubyara we urupfu ruteye ubwoba amuziza kuba yaranze ko bashyingiranwa.
Kuri uyu wa gatanu w'icyumweru gishize, umwana w'umukbwa witwa Nargis, ufite imyaka 23 y’amavuko wari utuye mu mujyi wa Delhi yishwe!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi abantu bane bihaye gukinisha abana muri film z’urukozasoni
Urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafashe Twizerimana David ufite chaines/channels za Youtube zitwa Smart Guys TV na Smart Nation TV na bagenzi be batatu bakurikiranyweho gukinisha abana filime z’urukozasoni no!-->!-->!-->…
DRC: Umusirikare arahigishwa uruhindu nyuma yo kurasa abasivili 13 biganjemo abana
Umusirikare wa FARDC ari gushakishwa uruhindu nyuma y'aho arashe abaturage bagera kuri 13 barimo abagore n'abana.
Umusirikare arimo guhigwa mu ntara ya Ituri nyuma y’uko kuwa gatandatu avuye aho yakoreraga yagera iwe akarasa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Akurikiranyweho kurya amafaranga y’ababyeyi ababeshya gushyira abana babo mu mushinga
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Burera, yafashe umusore w’imyaka 24, ukurikiranyweho kwambura ababyeyi amafaranga y’u Rwanda 31,500 na telefoni igezweho, abizeza gushyira abana babo mu mushinga!-->!-->!-->…
Rulindo: Abagabo 2 bagiye kunywa inzoga babuze ubwishyu barabahondagura babagira intere
Ahagana saa kumi z’igicamunsi cyo kuri uyu wa mbere Tariki ya 17 Nyakanga 2023, nibwo abagabo babiri bari bavuye mu murenge wa Nemba, mu karere ka Gakenke, n’uwa Cyungo wo mu Karere ka Rulindo, bagiye mu kabari kitwa Amahumbezi!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umugore uherutse gukubita umugabo we akamukuramo amenyo abiri
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwataye muri yombi umugore uherutse gushyamirana n'umugabo we maze akamukuramo amenyo abiri.
Urwego rw'igihugu RIB rwataye muri yombi umugore uherutse kuri iki cyumweru gushyamirana n'umugabo we!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhima: Umugore w’indaya yateye icyuma umusambane we wari ugiye kwiruka atamwishyuye
Umugore witwa Hawa utuye mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge yateye icyuma ndetse akubita icupa ry’inzoga yari arimo kunywa umugabo bari bamaze kuryamana bapfa amafaranga 400.
Uyu mugore usanzwe akora mu kagari ka Tetero mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Amezi atatu ararenze undi musore witwa Desire aburiwe irengero
Abagize umuryango wa Habimana Desire Ange uri mu kigero cy’imyaka 21 y’amavuko, baravuga ko bamaze amezi atatu basiragira mu buyobozi butandukanye bashakisha umusore wabo umaze igihe yaraburiwe irengero.
Bamwe mu bagize umuryango wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Africa: Umusirikare w’u Rwanda yahitanywe n’inyeshyamba
Umusirikare w'u Rwanda wo mu butumwa bwo kugarura ituze muri Centrafrique, buzwi nka MINUSCA, yiciwe mu gitero cy'abitwaje intwaro ubwo yari ari ku irondo.
Ubuyobozi bw'ubutumwa bw'amahoro mu muryango w'abibumbye muri Repubulika ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: RIB yataye muri yombi umuforomo ukekwaho gusambanya uwari ugiye kubyara
Umuforomo wakoreraga ku kigo nderabuzima cy'i Mahama yatawe muri yombi, arakekwaho gusambanya umugore wari uje kubyara.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB mu Karere ka Kirehe rwataye muri yombi umuforomo w'ikigo nderabuzima cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo arashakishwa uruhindu akekwa kwiyicira umugore we n’abana be batatu
Inzego z’umutekano mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabare, ziri gushakisha umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 wishe umugore n’abana be batatu agahita atoroka.
Uyu mugabo yishe abo mu muryango we mu ijoro ryo ku wa Gatatu mu!-->!-->!-->!-->!-->…