Browsing Category
Umutekano
Nsengiyumva Theogene Umuyobozi wa UMUBAVU TV n’abandi 5 batawe muri yombi
RIB yatangaje ko yataye muri yombi abantu batandatu barimo n'umuyobozi w'ikinyamakuru UMUBAVU TV, bose barashinjwa kwitwaza Youtube bagatangaza ibihuha.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko Ku bufatanye n'inzego!-->!-->!-->!-->!-->…
Abadepite b’ubumwe bw’Iburayi bwasabye U Rwanda kurekura Paul Rusesabagina nta mananiza
Inteko ishingamategeko y'ubumwe bw'ibihugu by'iburayi washyize igitutu kuri guverinoma y'u Rwanda, iyisaba kurekura Bwana Paul Rusesabagina agataha nta yandi mananiza.
Mu nama yabaye kuri uyu wa kane taliki ya 8 Ukwakira 2021 ihuza!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Polisi yafashe bamwe mu bakekwaho ubujura
Abapolisi bakorera mu Karere ka Kamonyi kuri iki cyumeru tariki ya 3 Ukwakira bafashe abantu 27 bagize itsinda ricyekwaho guhohotera no kwiba abaturage. Icyenda muri abo bantu, bafatiwe mu Murenge wa Ngamba aho abaturage bari!-->!-->!-->…
RDF yatangaje umubare w’abasirikare b’u Rwanda bamaze gusiga ubuzima mu gihugu cya…
Igisirikare cy'u Rwanda cyatangaje umubare w'abasirikare b'u Rwanda bamaze gusiga ubuzima mu butumwa bw'akazi bagiyemo muri Mozambique.
Binyujijwe mu muvugizi w'igisirikare cy'u Rwanda RDF, Col Ronald Rwivanga, umuvugizi w'ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr Christopher yahakanye ibyaha byose ashinjwa avuga ko ari ibihimbano gusa.
Dr Kayumba Christopher yitabye urukiko ahakana ibyaha byose ashinjwa n'ubushinjacyaha avuga ko ari ibihimbano bigamije kumwangisha rubanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Nzeli urukiko rw'ibanze rwa Kicukiro!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bwana Sebagori udupfunyika tw’urumogi turenga ibihumbi 2,300
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafashe Twishime Semagori Serukundo w'imyaka 29,yafatanwe udupfunyika tw 'urumogi 2,398. Yafashwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Nzeri afatirwa mu Karere ka!-->!-->!-->…
Musanze: Bamwe mu bacyekwaho kwiba inka bakazihisha mu mazu bafatanwe 6
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze iraburira abacyekwaho kwiba inka z’abaturage bakajya kuzihisha mu mazu nyuma bakazazibaga. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 na tariki ya 26 Nzeri abantu Barindwi Polisi!-->!-->!-->…
Ubufaransa bwatangiye gukurikirana Bwana Baguma ku byaha bya jenoside
Philippe Hategekimana (Biguma) yahawe ubwenegihugu bw’u Bufaransa mu mwaka wa 2005 anahindura izina yitwa Philippe Manier. Guhindura izina ntibyasibye isano n’amateka afitanye n’u Rwanda nk’igihugu cye cya kavukire, aho yasize icyasha!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umuturage yafatanwe magendu litiro 202 za mazutu.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Nzeri ahagana saa saba z’ijoro Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe uwitwa Mugisha Daniel w’imyaka 30. Yafatanwe litiro 202 za mazutu bicyekwa ko yari amaze!-->!-->!-->…
Ibihugu bitatu bikomeye ku isi bigiye kwishyira hamwe ngo bihangane n’Ubushinwa.
Ubwongereza, Amerika na Australia byatangaje ko byagiranye amasezerano yihariye yo mu rwego rw'umutekano yo gusaraganya ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare, mu muhate wo guhangana n'Ubushinwa.
Ubu bufatanye buzatuma ku nshuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda yohereje abanyarwanda 15 bari bamaze igihe bafungiwe muri icyo gihugu
Abanyarwanda 15 bari bamaze igihe kinini bafungiwe muri Uganda bagejejwe ku Mupaka wa Kagitumba uherereye mu Karere ka Nyagatare.
Aba Banyarwanda bagejejwe mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Nzeri 2021.
Itsinda rya mbere!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya ya ruguru yarashe ibisasu bibiri bya rutura byo mubwoko bwa ballistic missiles
Koreya ya ruguru yarashe ibisasu bibiri bya rutura byo mubwoko bwa ballistic missiles ku nkengera yayo, nk’uko byemezwa n’abategetsi ba gisirikare ba Korea y’Epfo ihana urubibe nayo.
Ibi kandi byanemejwe n’Ubuyapani aho butangaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhima: Bahangayikishijwe n’ubujura bubakorerwa basanzwe mu nzu.
Abaturage bo mu Kagari ka Rugenge,Umurenge wa Muhima ahitwa mu Kiyovu mu Karere ka Nyarugenge, baravuga ko batewe impungenge n’abajura basigaye babiba nijoro babasanze mu nzu, babura icyo batwara bagakuraho inzugi bakajya kuzigurisha.
!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Umwanditsi w’urukiko yatawe muri yombi kubera kwaka ruswa.
Urwego rw'ubugnzacyaha mu Rwanda RIB rwataye muri yombi umwanditsi w'urukiko kubera gukekwaho icyaha cyo gusaba ruswa.
Binyujijwe ku rukuta rwa Twitter, urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yaraye icakiye uwitwa Kwizera ushinjwa gukwirakwiza inoti z’impimbano
Kwizera Eugene w'imyaka 25 niwe wafashwe kuri iki cyumweru tariki ya 5 Nzeri, afatanwa amafaranga y'u Rwanda ibihumbi 20 by'amahimbano. Yafatiwe mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Muganza, Akagari ka Mashyesha, Umudugudu wa Idaga.
!-->!-->!-->!-->!-->…