Browsing Category
Umutekano
Umuganga n’umuforomo batawe muri yombi kubera gutanga ibyangombwa by’ibihimbano.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwafunze umuganga n’umuforomo batanga ibyangombwa bya muganga byemeza ko nta ndwara ababihawe barwaye kandi batapimwe, bikitirirwa ivuriro Sante pour Tous.
RIB ibinyujije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare w’u Rwanda yaguye mu mirwano mu butumwa bwa mahoro mu centra Africa
Umusirikare w’umunyarwanda uri mu butumwa bw’amahoro bwa UN muri Centrafrique yiciwe mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta zifatanyije n’iza UN hafi y’umurwa mukuru Bangui, nk’uko bitangazwa na MINUSCA.
Itangazo ry’umuvugizi!-->!-->!-->…
Nyuma y’ubwicanyi bwabereye i Rwamagana RIB yatangaje byinshi kuri ubwo bwicanyi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze umugabo witwa Semana Emmanuel ukurikiranyweho gutema uwitwa Rumanzi Egide muramu we waje kwitaba Imana ageze mu bitaro, ndetse ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko hari!-->…
Rwamagana: Bwana Emanuel yatawe muri yombi nyuma yo gutema abantu 2 umwe akahasiga ubuzima
Inkuru y’inshamugongo yabyutse kwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye n’iy’umuryango wo mu Mudugudu w’Umurinzi, Umurenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana wibasiwe na Semana Emmanuel watemaguye umusore!-->!-->!-->…
Rwamagana: Umugabo ukekwaho gutwikira mu nzu umugore we, nawe yishwe atemaguwe na muramu we.
Umugabo wo mu Karere ka Rwamagana, mu murenge wa Munyiginya ushinjwa gutwikira mu nzu umugore we bivugwa ko bari bamaze iminsi batumvikana nawe yishwe atemaguwe na basaza b'umugore.
Inkuru y'aya mahano yabaye mu ijoro ryakeye!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu bakomeje kwanga kwitaba Polisi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 imyirondoro yabo…
Nkuko Isi yose ikomeje ku garizwa n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwandu bwa Covid-19 gusa hari abatwara!-->…
CP Kabera – Ubu ni Guma mu karere
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yasabye abaturage batuye mu ntara zitandukanye kubahiriza amabwiriza mashya yashyizweho yo kwirinda Covid-19 aho yavuze ko bakwiriye kumva ko aribyo basabwa.
Mu kiganiro yagiranye na RBA,Umuvugizi wa!-->!-->!-->…
Nyagatare: Yatawe muri yombi azira gukubita umwana ngo yatije ibikoresho byo mu rugo!
Kuwa Gatandatu tariki ya 02 Mutarama 2021 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare mu Muremge wa Mimuli mu Kagari ka Mahoro yafashe uwitwa Uwamahoro Evangeline w’imyaka 34 akurikiranweho guhana umwana we by’indengakamere.
!-->!-->!-->!-->!-->…
“FPR yazanye uburezi kuri bose ariko budafite ireme” Victoire Ingabire
Madame Ingabire Victoire arashima FPR yazanye gahunda y'uburezi kuri bose ariko akongera akanenga ireme rya ntaryo muri ubwo burezi bwa bose.
Mu kiganiro cyakozwe na Bwana Gatanazi cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: Uruhare!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: Inyeshyamba zishe abaturage barenga 50
Abarwanyi b’intagondwa zigendera ku mahame akaze y’Idini ya Islam bagabye igitero mu duce tubiri two muri Niger abarenga 50 bahasiga ubuzima.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 2 Mutarama 2021 umutwe w'abarwanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Babiri bafungiwe gukora ibyangombwa bihimbano by’imodoka
Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 02 Mutarama 2021 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yerekanye abantu babiri aribo Ibyimana Eliab w’imyaka 40 na Mugenzi Florien w’imyaka 34. Bafatanwe impapuro mpimbano 6 harimo enye!-->!-->!-->…
Abagabo 2 batawe muri yombi bakekwaho gukora inyandiko mpimbano z’imodoka
Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 02 Mutarama 2021 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yerekanye abantu babiri ari bo Ibyimana Eliab w’imyaka 40 na Mugenzi Florien w’imyaka 34. Bafatanywe impapuro mpimbano 6 harimo enye!-->…
Centrafrique:Inyeshyamba zahawe isomo n’ingabo z’u Rwanda.
Umutwe wihariye w’Ingabo z’u Rwanda hamwe n’iz’u Burusiya hamwe n'izindi ziri muri Centrafrique mu bikorwa byihariye byo kubungabunga amahoro muri iki gihugu, wishe abarwanyi “benshi” b’Umutwe wa CPC washakaga guhungabanya umutekano mu!-->…
Impanuka zo mu muhanda hirya no hino mu gihugu zahitanye abantu 5 musaha asoza-2020
Polisi y’u Rwanda ivuga ko umubare w’abishwe n’impanuka mu ijoro rya nyuma ry’umwaka wa 2020 bagera kuri 5 hirya no hino mu gihugu.
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera avuga ko abishwe n’impanuka zibera mu muhanda!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Umwicanyi ruharwa wishe 93 nawe yapfuye Samuel Little.
Samuel Little, umugabo ibiro by'iperereza FBI bivuga ko ari we muntu wishe abantu benshi mu mateka ya Amerika, yapfuye afite imyaka 80.
Samuel Little ubwe yemeye ko yishe abantu 93
Uyu mugabo yaguye mu bitaro byo muri California kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…