Browsing Category
Umutekano
RIB yahamagaje Bwana KAYUMBA Christopher uherutse gushinga ishyaka ritavuga rumwe na Leta.
Bwana KAYUMBA Christopher uherutse gushinga ishyaka rya politiki ritavuga rumwe na Leta yatumijwe muri RIB ngo yisobanure ku birego byo gufata ku ngufu umwana w'umukobwa.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatumijeho Dr KAYUMBA!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Polisi yafashe uwari umaze iminsi akwirakwiza amafaranga y’amiganano
Ku makuru yatanzwe n’abaturage, kuri iki cyumweru tariki ya 21 Werurwe Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kiziguro yafashe Turabayo Pierre w’imyaka 38 arimo gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Yafatanwe inoti!-->!-->!-->…
Umugabo yishe abantu 10 barimo n’umupolisi abarasiye mu isoko
Umugabo witwaje imbunda yishe abantu 10, barimo n'umupolisi, nyuma y'impagarara zamaze amasaha mu isoko ry'imboga ryo muri leta ya Colorado, nkuko polisi y'Amerika ibivuga.
Icyo gitero cyabereye mu mujyi wa Boulder, cyarangiye hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Nkusi uri mu bayobozi b’ihuriro rya Dr Kayumba akurikiranyweho ubujura no kwiyitirira inzego.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Nkusi Jean Bosco usanzwe ari Umunyamabanga w’Umuryango witwa Rwandese Platform for Democracy (RPD) washinzwe na Dr Kayumba Christopher, ukekwaho ubujura no kwiyitirira inzego.!-->!-->!-->…
Kayonza: SEBAHUTU wibaga abaturage ababeshya ko akorera AIRTEL yafashwe
Bwana SEBAHUTU wari umaze iminsi yiba abaturage ababeshya ko ari umukozi wa sosite ya Airtel yatawe muri yombi na polisi yo mu Karere ka Kayonza
Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Werurwe nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Bwana Mariko yatawe muri yombi nyuma yo kwicisha umugore we agafuni.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwataye muri yombi Bwana Marc nyuma y'uko yishe umugore we akoresheje agafuni.
Umugabo witwa Marc utuye mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Mushonyi, Akagari ka Kaguriro ari mu maboko!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yataye muri yombi abantu 7 bacuruzaga magendo utwuma dupima SIDA na covid-19.
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu barindwi bakekwaho gucuruza mu buryo butemewe ibikoresho bipima Covid-19, virusi itera SIDA n’imiti itandukanye.
Kuwa Gatanu tariki ya 19 Werurwe 2021, nibwo herekanywe aba bantu barimo n’abakoraga!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbwa: Umusekirite wa ISCO yarashe mugenzi we akaguru.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Werurwe 2021, umukozi ushinzwe gucunga umutekano wo muri Kompanyi ya ISCO, urinda ku biro by’Umurenge SACCO-Byumba mu Karere ka Gicumbi, yarashe mugenzi we aramukomeretsa bikabije.
Iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Bwana Ildefonse yaraye yishe umugore we amuciye ijosi.
Umugabo witwa Nsengimana Ildefonse akurikiranyweho kwica umugore we amuciye ijosi.
Umugabo uri mu kigero k'imyaka 44 y'amavuko yaraye yishe umugore we amuciye ijosi, Bwana Ildephonse NSENGIMANA utuye mu Mudugudu wa Gasiza, Akagari!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Polisi yataye muri yombi abagabo 4 bari bagiye guha umuturage amadorari y’amahimbano.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Kayenzi ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage ku wa Mbere tariki ya 15 Werurwe bafashe abantu bane bari bagiye kwambura umuturage bamushuka ko bagiye kumuhama amadolari!-->!-->!-->…
Rubavu: Bane bafatanywe ibiro 100 by’urumogi n’udupfunyika twarwo 5,000
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafatanyije n’abandi bapolisi bo mu Karere ka Rubavu ndetse n’abaturage, mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 14 Werurwe bafashe abasore 3 bafite!-->!-->!-->…
FLN Iravuga ko iherutse gutera ibirindiro bya RDF ndetse ibatwara bimwe mu bikoresho.
Ingabo za FLN ziravuga ko ziherutse gutera ibirindiro by'ingabo z'u Rwanda i Bweyeye ndetse ngo zikaba zarabambuye bimwe mu bikoresho.
Aya ni amakuru yatangajwe na Sous Liyetona Steven Irambona Tambula akaba ariwe muvugizi wa CNRD!-->!-->!-->!-->!-->…
Batanu mu bayobozi ba ADEPR bakurikiranyweho kuba mu mutwe w’iterabwoba.
Bamwe mu bayobozi b'itorero rya ADEPR barakekwaho gukorana n'imitwe y'iterabwoba.
Umuhoza Aurelie w’imyaka 39 uyu munsi ni umuyobozi ushinzwe ubukungu, imari n’imishinga muri ADEPR kuva muri 2017, we n’abandi bantu bane!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: RIB yataye muri yombi abayobozi b’ishuri 4 bahishiraga umwarimu ukekwaho gusambanya…
Abayobozi bane bo ku kigo cy'ishuri cya Ruyumba bari mu maboko ya RIB nyuma yo guhishira umwarimu uvugwaho gusambanya abanyeshuri.
Amuyobozi w'ikigo k'ishuri giherereye mu Ntara y'amajyepfo mu Karere ka Kamonyi cyitwa GS RUYUMBU ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Polisi yataye muri yombi abagabo 3 bakwirakwizaga urumogi mu baturage
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Kayonza mu mirenge ya Ndego na Nyamirama tariki ya 01 Werurwe yahafatiye abantu batatu barimo gukwirakwiza urumogi mu baturage. Mu Murenge wa Ndego hafatiwe Habarurema Jean Paul w'imyaka 19 na!-->!-->!-->…