Browsing Category
Uncategorized
Umugande Julius sekitoleko wari waratorokeye i Tokyo yatawe muri yombi n’inzego…
Julius Ssekitoleko wari mu itsinda ry"abagande bagiye mu Buyapani mu mikino ya Jeux Olympique yafashwe nyuma yo gutoroka abandi.
Ni amakuru amaze kwemezwa n'inzego zishinzwe abinjira n'abasohoka mu mujyi wa Tokyo mu gihugu cya Japan!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwahakanye amakuru avuga ko rwanekaga umukobwa wa Rusesabagina rwifashishije programu ya…
Leta y'u Rwanda yahakanye amakuru avuga ko rumaze igihe runeka umukobwa wa Paul Rusesabagina rwifashishije programu ya mudasobwa yitwa Pegasus.
Ni inkuru yaje ku mitwe ya bimwe mu binyamakuru byo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri y’ibikorwa remezo iri kureba uburyo WASAC yagabanywamo ibigo bibiri
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yahishuye ko harimo kurebwa uburyo Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) cyagabanywamo ibigo bibiri, kimwe kigakora ibijyanye n’ubucuruzi mu gihe ikindi gikurikirana imishinga.
Ni ibyagarutsweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: 17 bafashwe banywa inzoga yitwa dunda ubwonko itemewe mu Rwanda
Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi abantu 17 bari bahinduye inzu akabari bari kunywa inzoga yitwa Dunda ubwonko itemewe mu Rwanda.
Ku mugoroba wa tariki ya 12 Nyakanga ahagana saa tatu z’ijoro abapolisi bakorera mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yafashe uwinjizaga mu gihugu ibiro 60 by’urumogi n’amavuta ya mukorogo.
Kuwa Gatandatu w'icyumweru gishize tariki ya 10 Nyakanga ahagana saa Cyenda z'amanywa ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro bafatanije n'abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bafashe uwitwa Mutabazi Innocent!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Polisi yaburijemo ibirori byari byateguwe n’urubyiruko rwarenze ku mabwiriza yo kurwanya…
Ku mugoroba wa tariki ya 04 Nyakanga Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge yafashe urubyiruko rw’abasore n’inkumi 19 bari bateguye ibirori by’isabukuru y’amavuko ya mugenzi wabo. Babiteguye barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo!-->!-->!-->…
Burera: Polisi yafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi byinjizwaga mu Rwanda
Tariki ya 3 Nyakanga na tariki ya 4 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage bafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi byarimo kwinjizwa mu Rwanda biva mu gihugu cya!-->!-->!-->…
Nyuma yo gushaka umugabo wimyaka 68 umurusha imyaka 44 amerewe nabi nabamwita “Sugar…
Umukobwa witwa Conni Cotton w’imyaka 24 yatangaje ko ababajwe cyane n’abantu bakomeje kumwibasira bamuziza gukundana n’umusaza umurusha imyaka 44 aho ngo basigaye bamwita “sugar baby”.
Abantu benshi baserereza uyu mukobwa bamubwira!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abanyeshuri 32 bo mu bihugu 5 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi.
Kuri uyu wa Gatanu, mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri mu karere ka Musanze, Abanyeshuri 32 baturutse mu bihugu 5 byo muri Afurika aribyo Kenya, Namibia, Somalia, Sudan y’Epfo n'u Rwanda basoje amasomo yo ku rwego rwo hejuru!-->!-->!-->…
Leta yanyomoje amakuru amaze igihe avuga ko Gosiame Sithole yabyaye impanga 10 icyarimwe
Leta ya Afrika y'Epfo yashyize hanze itangazo ryamagana amakuru yari amaze iminsi avugwa n'ibitangazamakuru ko uwitwa Gosiane Sithole wo muri icyo gihugu yabyaye impanga 10 icya rimwe
Mu byumweru hafi bibiri bishize, nibwo inkuru ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Abantu batari bake baguye mu gitero cy’indege Leta yagabye mu isoko i Tigray.
Amakuru avuga ko abantu babarirwa muri za mirongo bishwe cyangwa bagakomereka, nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kirwanira mu kirere kimishe ibisasu ku isoko ryo mu karere ka Tigray kari mu majyaruguru y'igihugu.
Ababibonye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Ethiopia Derseh niwe wegukanye Full Marathon, Abanyarwanda begukana Half Marathon
Mu gitondo cyo kuri yu munsi nibwo i Kigali mu Rwanda hatangizwaga amarushanwa yo gusiganwa ku maguru yitwa Kigali Internation Peace marathon, harimo ibyiciro bya Half and Full Marathon. Mu Irushanwa rya Half Marathon ibihembo!-->!-->!-->…
Ngwabije Bryan yageze mu Rwanda aje gukinira Amavubi mu mikino yagishuti.
Umukinnyi Ngwabije Bryan ukinira SC Lyon mu Bufaransa yageze mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere.
Ngwabije wavutse 30/05/1998 nawe aje kwifatanya na bagenzi be mu mikino ibiri Amavubi azakina na!-->!-->!-->…
DRC:Leta yivuguruje ivuga ko amakuru yari yatanze y’iruka ry’ikindi kirunga atariyo
Leta ya Repubulika iharanira Demokrasi ya Congo yavuguruje amakuru yari yatanzwe n'impuguke zayo, amakuru yavugaga ko ikirunga cya Nyamulagira nacyo cyarutse.
Ahagana mu masaha y'igitondo nibwo Leta ya Repubulika Iharanira Demokrasi!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mbarushimana wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa MBARUSHIMANA xxx mwene BAREBERAHO na BAVUKIYEHE akaba atuye mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango, mu Kagali ka Gihira, ho mu Ntara y'uburengerazuba yanditse asaba ko yahindurirwa amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->!-->!-->…