Browsing Category
Uncategorized
Rutsiro: Meya yasobanuye uburangare bwabaye mu gutanga ikizamini cya Leta umunsi wacyo utaragera.
Umuyobozi w'Akarere ka Rutsiro yasobanuye uburangare bwabayeho mu kizamini cya Leta ubwo abarimu batanze ikizamini mbere y'umunsi cyari giteganijwe gukorerwaho.
Ku munsi w'ejo nibwo twabagejejeho inkuru ivuga uburyo hari abarimu!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwateye utwatsi ibyifuzo by’umwunganizi wa Karasira Aimable rutegeka ko aba afunze…
Urukiko rw'ibanze rwa Nyarugenge rwateye utwatsi ibyifuzo by'unwunganizi wa Aimable Karasira butegeka ko aba afunzwe by'agateganyo mbere y'uko urubanza rwe rutangira mu muzi
Karasira akurikiranweho ibyaha byo guhakana Jenoside!-->!-->!-->!-->!-->…
Abapolisi babiri bashinjwa gusambanya abana babiri bari gukora ibizamini bya Leta batawe muri yombi
Abapolisi babiri basanzwe bakora akazi mu Murenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, batawe muri yombi bakekwaho gusambanyiriza abana b’abakobwa aho bakorera ibizamini bya Leta bisoza ikiciro rusange cy’amashuri yisumbuye.
Aba!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’Ubuholande yohereje Venant Rutunga ukekwaho ibyaha bya Jenoside.
Ubutabera bw’u Buholandi bwohereje mu Rwanda Venant Rutunga ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, aho bikekwa ko yabikoreye muri Perefegitura ya Butare, ubu ni mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Huye.
Uyu mugabo w’imyaka 72!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Hari abarimu bashinjwa gukopeza ikizamini cya Biology kizakorwa ejo
Hari abarimu icyenda n'abanyeshuri icyenda bakurikiranyweho gukopeza ikizamini cya Biology, ikizamini cyari giteganijwe gukorwa ejo.
Mu cyumweru gishize nibwo ibizami bisoza icyiciro cya mbere n'icya kabiri cy'amashuri yisumbuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida wa Espoir FC na komite ye yose beguye ku buyobozi bw’ikipe.
Umuyobozi w'ikipe ya Espoir FC Bwana KAMUZINZI Godefroid na komite ye yose beguye ku buyobozi bw'iyo kipe yabaye iya gatatu muri championnat y'ubushize.
Amakuru y'iyegura rya komite yose y'ikipe ya Espoir FC yemejwe na Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Tunisie: Prezida Kais Saied yirukanye ministre w’intebe anasesa inteko nshingamategeko.
Prezida wa Repubulika ya Tuniziya Bwana kais saied yirukanye ministre we w'intebe ndetse anasesa inteko ishingamategeko nyuma y'uko abaturage bamaganaga amabwiriza ya Covid-19 bangije byinshi mu gihugu.
Amakuru y'uko prezida KAIS!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugande Julius sekitoleko wari waratorokeye i Tokyo yatawe muri yombi n’inzego…
Julius Ssekitoleko wari mu itsinda ry"abagande bagiye mu Buyapani mu mikino ya Jeux Olympique yafashwe nyuma yo gutoroka abandi.
Ni amakuru amaze kwemezwa n'inzego zishinzwe abinjira n'abasohoka mu mujyi wa Tokyo mu gihugu cya Japan!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwahakanye amakuru avuga ko rwanekaga umukobwa wa Rusesabagina rwifashishije programu ya…
Leta y'u Rwanda yahakanye amakuru avuga ko rumaze igihe runeka umukobwa wa Paul Rusesabagina rwifashishije programu ya mudasobwa yitwa Pegasus.
Ni inkuru yaje ku mitwe ya bimwe mu binyamakuru byo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri y’ibikorwa remezo iri kureba uburyo WASAC yagabanywamo ibigo bibiri
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yahishuye ko harimo kurebwa uburyo Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) cyagabanywamo ibigo bibiri, kimwe kigakora ibijyanye n’ubucuruzi mu gihe ikindi gikurikirana imishinga.
Ni ibyagarutsweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: 17 bafashwe banywa inzoga yitwa dunda ubwonko itemewe mu Rwanda
Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi abantu 17 bari bahinduye inzu akabari bari kunywa inzoga yitwa Dunda ubwonko itemewe mu Rwanda.
Ku mugoroba wa tariki ya 12 Nyakanga ahagana saa tatu z’ijoro abapolisi bakorera mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yafashe uwinjizaga mu gihugu ibiro 60 by’urumogi n’amavuta ya mukorogo.
Kuwa Gatandatu w'icyumweru gishize tariki ya 10 Nyakanga ahagana saa Cyenda z'amanywa ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro bafatanije n'abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bafashe uwitwa Mutabazi Innocent!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Polisi yaburijemo ibirori byari byateguwe n’urubyiruko rwarenze ku mabwiriza yo kurwanya…
Ku mugoroba wa tariki ya 04 Nyakanga Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge yafashe urubyiruko rw’abasore n’inkumi 19 bari bateguye ibirori by’isabukuru y’amavuko ya mugenzi wabo. Babiteguye barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo!-->!-->!-->…
Burera: Polisi yafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi byinjizwaga mu Rwanda
Tariki ya 3 Nyakanga na tariki ya 4 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage bafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi byarimo kwinjizwa mu Rwanda biva mu gihugu cya!-->!-->!-->…
Nyuma yo gushaka umugabo wimyaka 68 umurusha imyaka 44 amerewe nabi nabamwita “Sugar…
Umukobwa witwa Conni Cotton w’imyaka 24 yatangaje ko ababajwe cyane n’abantu bakomeje kumwibasira bamuziza gukundana n’umusaza umurusha imyaka 44 aho ngo basigaye bamwita “sugar baby”.
Abantu benshi baserereza uyu mukobwa bamubwira!-->!-->!-->!-->!-->…