Browsing Category
Uncategorized
Umuyobozi wa Rayon Sport Bwana Munyakazi Sadate yakuriweho ibihano yari yahawe nishyirahamwe…
Akanama k’ubujurire ka Ferwafa kemeje ko Munyakazi Sadate akurirwaho ibihano by’amezi atandatu yari yahawe na Ferwafa.
Nyuma yo gusuzuma kwisobanura kwa Munyakazi Sadate wari wahanishjwe amezi atandatu atagaragara mu bikorwa by’umupira!-->!-->!-->…
Hari imibiri yasanzwe mu mbuga z’ibitaro bya Gitwe
Hari amakuru avugwa ko hari imibiri yabonetse mu mbuga y'ibitaro by'i Gitwe, birakwekwa ko ari imibiri y'abishwe muri genocide yakorewe abatutsi
Hari amakuru akomeje kuvuga ko hari imibiri yasanzwe ku mbuga z'ibitaro bya Gitwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abagera kuri 51 bafashwe bica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo gusengera ku musozi…
Abantu 51 bafashwe mu masaha y’igicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki 07 Kamena 2020 basengera ku musozi witwa Ndabirambiwe uherereye mu Murenge wa Muhoza mu Kagari ka Cyabararika.
Abafashwe bahise bashyikirizwa Polisi station ya!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Abakomeje imyigaragamyo bise umuhanda werekeza ku biro bya Perezida Trump “Black Lives…
Umuyobozi w’Umujyi wa Washington, Muriel Bowser, yifashishije abanyabugeni banyuranye, yanditse ijambo "Black Lives Matter" bivuze ngo “Ubuzima bw’Abirabura bufite agaciro” mu muhanda werekeza ku nyubako ‘White House’ Perezida wa!-->!-->!-->…
Rugwiro Herve abaye kapiteni wa Rayon sport asimbuye Rutanga Eric
Rugwiro Herve niwe ugiye kuyobora Rayon Sport nka kapiten
Nyuma y’umwaka umwe ageze mu ikipe ya Rayon Sports,Rugwiro Herve yagizwe kapiteni mushya wa Rayon Sports asimbuye Rutanga Eric wagiye muri Police FC mu kwezi gushize.
Muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Abaturage bariye karungu basaba pezida kwegura
Abaturage bo mu gihugu cya Mali babyukiye mu mihanda basaba prezida wabo kwegura akava ku butegetsi.
Abo baturage bavuga ko ntacyo yabashije gukora ngo iki gihugu kigire umutekano, ndetse n’ubukungu bukaba bwarazahaye muri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
GATSIBO: SEDO w’umurenge yatawe muri yombi akekwaho kwiba tereviziyo y’Abaturage
Umukozi ushinzwe iterambere n’imibereho myiza y’abaturage mu Kagari ka Nyabikiri mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo, yatawe muri yombi akekwaho ubujura bwa televiziyo abaturage bari bariguriye kugira ngo bajye bayireberaho!-->!-->!-->…
Burundi: Nyuma y’uko urukiko rutesheje agaciro ikirego cye, Agathon RWASA agiye kwitabaza…
Agathon RWASA uherutse gutsindwa amatora mu Burundi akanga ibyayavuyemo, yiyemeje kuzamura ikirego mu muryango wa EAC
Bwana Agathon RWASA umuyobozi w'ishyaka CNL uherutse gutsindwa mu matora yo mu gihugu cy'u Burundi, nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Aho bamwe ba bahombeye abaherwe b’abanyamerika niho bungukiye miliyari $565!
umuherwe ukomeje kuyobora abandi
Amezi atatu ashize yashegeshe cyane ubukungu bw’Isi muri rusange ariko ku baherwe b’abanyamerika batunze za miliyari z’amadolari ntabwo ari ko bimeze kuko umutungo wabo wiyongereyeho miliyari $565 kuva!-->!-->!-->…
“Nta modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange igomba kurenza saa mbiri iri mu…
RURA yatangaje ko imodoka zose zitwara abagenzi zambukiranya intara ko zigomba gufunga akazi saa mbiri mu rwego rwo kubahiriza abagenzi gutaha kare.
Mu ijoro ryakeye nibwo inama y'abaministri mu Rwanda yanzuye ko ingendo z'imodoka!-->!-->!-->!-->!-->…
Bari biteguye kutaha mu Ntara batungurwa nuko ingendo zasubitswe bitunguranye!
Abaturage benshi baraye muri gare ya Nyabugogo abandi bazinduka mu gicuku baherekeza kubera urukumbuzi bafitiye iwabo ariko mu gitondo bategereje imodoka barazibura kubera itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’intebe.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Umugabo yakubise ikibando undi mugabo arapfa!
Ku mugoroba saa 20h00 z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Gicurasi 2020, mu Murenge wa Nyamugari,mu karere ka Kirehe,haravugwa amakuru y’umugabo witwa Hakuzweyezu wakubise mugenzi we ikibando bimuviramo urupfu.
Amakuru avuga!-->!-->!-->…
USA:Wa mupolisi wishe George Floyd umugore we amwatse gatanya
Umugore witwa Kellie Chauvin wari uw’umupolisi witwa Derek Chauvin uherutse kwica umwirabura witwa George Floyd bikaba byateje imyigaragambyo ikomeye muri Minneapolis,yamaze gusaba gatanya.
Uyu mugore ngo akimara kumenya ubyo umugabo we!-->!-->!-->…
USA: Perezida Trump yahagaritse imikoranire na WHO kubera Covid-19
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika yatangaje ko yahagaritse imikoranire iki gihugu cyari gifitanye n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO).
Bwana Trump ashinja OMS kunanirwa gukurikirana Ubushinwa!-->!-->!-->…
Covid-19 itumye Abaganga 2 bakundana bakoreye ubukwe mu bitaro!
Umusore w’umuganga witwa Annaran Navaratnam ndetse n’umukobwa w’umuganga witwa Jann Tipping, kuri uyu wa 24 Gicurasi 2020 bakoreye ubukwe mu bitaro bakoreramo bya St Thomas, i Londres mu Bwongereza bitewe n’icyorezo cya Covid-19.
Jann!-->!-->!-->…