Browsing Category
Uncategorized
Abantu 28 batawe muri yombi nyuma yo kwimurira utubare mu ngo zabo mu gihe nk’iki cyo kwirinda…
Polisi y' U Rwanda yatangaje ko abantu bagera kuri 28 batawe muri yombi nyuma y'aho bafatiwe mu ngo zabo ariho bimuriye utubari.
Umuvugizi wa Polisi y'U Rwanda CP KABERA JOHN BOSCO yatangaje ko yataye muri ku mugoroba wo kuri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
#Covid-19: Abantu batatu(3)nibo banduye Covid-19, mu gihe bandi barindwi(7) bayikize, undi umwe ari…
Uyu munsi abantu batatu nibo bagaragaweho ubwandu bwa covid-19 mu gihe abagera kuri barindwi nabo bayikize.
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda yatangaje ko mu bipimo byakozwe uyu munsi ku bantu 722, abagera kuri batatu aribo basanzwemo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyamamare mu muziki Rihana,Jay-z n’umuyobozi wa Twitter batanze inkunga ku banyafurika…
Muri ibi bihe Isi yugarijwe n’icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Corona , ibihugu byose byo kuri uyu mugabane byagizweho ingaruka n’iki cyorezo cyane cyane mu bijyanye n’ubukungu kuko bwarahungabanye cyane.
Abagira neza!-->!-->!-->…
Abagera kuri 24 bafatiwe mu cyumba kimwe bari gusengera mu bucucike
Polisi yo mu Karere ka Rutsiro abantu bagera kuri 24 bafatiwe mu cyumba bari gusengera mu bucucike ngo isi ibarangiriyeho
Polisi y'igihugu mu Karere ka RUTSIRO yataye muri yombi kuri uyu wa 12 Mata abaturage bagera 24 bahuriye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda habonetse Abandi barwayi 7 ba covid-19
Mu Rwanda habonetse abandi barwayi ba Covid-19 mu gihe abandi barindwi bari basezerewe nyuma yuko bakize mu gihe cy'amasaha 24
Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko mu bipimo byafashwe kuri uyu minsi wa kabiri taliki ya 14!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Abarya ari uko bakoze PSF yabahaye ibiribwa bizabatunga ukwezi ni Abantu bagera70.
Itsinda ry’Ihuriro ry’Abikorera (PSF) mu Mujyi wa Ruhango ryahaye ibiryo abadozi, abanyonzi, abakobwa babyariye iwabo n’abandi babasha kubona icyo kurya ari uko bakoze mu buryo bw’umubyizi.
Umwe mu bahawe Ubufasha bavuga ko !-->!-->!-->…
Kirehe: Ari mu maboko ya Polisi kubera guhoza ku nkeke umugore we amubwira ko azamwica kubera ko ari…
Umugabo uri mu kigero k'imyaka 40 ari mu maboko ya Polisi nyuma yo gutoteza umugore we amubwira ko azamwica kubera ko ari umututsi
Polisi yo mu Karere ka Kirehe yafashe umugabo utari watangarizwa amazina imukurikiranyeho icyaha cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Coronovirus yishe abantu benshi muri Amerika mu munsi umwe gusa!
Muri Leta zunze ubumwe z 'Amerika coronavirus yishe abantu 1,736 mu gihe cy’umunsi umwe gusa w’ejo kuwa kabiri, nibo benshi iyi ndwara yishe mu gihugu kimwe ku munsi kugeza ubu.
Byatumye umubare w’abamaze kwicwa na COVID-19 muri Amerika!-->!-->!-->…
Bishop LILIANE yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya inzego z’umutekano
Bishop Liliane akurikiranyweho icyaha cyo kubeshya Polisi muri bino bihe abaturage basabwa kuguma mu rugo
Polisi y'u Rwanda ishami rya Nyarugenge ryatangaje ko Bishop MUKABADEGE Liliane ari mu maboko y'inzego z'umutekano ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
#Covid-19: Kenya iyoboye urutonde rw’ibihugu byo mu Karere mu kugira abarwayi benshi ba…
Igihugu cya Kenya nicyo gifite umubare munini w'abarwayi ba Coronavirus mu Karere k'ibihugu bya EAC
Nyuma y'imibare yashyizwe hanze na ministeri y'ubuzima mu gihugu cya Kenya ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 1 z'uku!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abantu babiri babasanzemo Covid-19, mu gihe mu Rwanda bamaze kuba 75 bose
Ministeri y'ubuzima mu gihugu cy'uBurundi imaze gutangaza imibare y'abantu babiri banduye Coronavirus
Kuri uyu wa kabiri, ministre w'ubuzima mu gihugu cy'U Burundi yatangaje ko hari abantu babiri basanze baranduye virusi yo mu bwoko!-->!-->!-->!-->!-->…
Koffi OLOMIDE yashyize hanze indirimbo yise:”Coronavirus, umwicanyi”
Bwana KOFFI OLOMIDE yashyize hanze indirimbo yitwa "Coronavirus l'assassin" akangurira abantu kuyirinda.
Umuhanzi wo mu gihugu cya Repubulika Iharanira demokrasi ya Congo uzwi ku izina rya KOFFI OLOMIDE yunze mu y'abandi bahanzi!-->!-->!-->!-->!-->…
umukinnyi wakiniye Police FC Niyigaba Ibrahim yitabye imana azize uburwayi
umukinnyi Niyigaba Ibrahim bitaga Lukaku wakinaga asatira mubimbere mu makipe atandukanye nka Rwamagana City na Police FC yitabye Imana muri iri joro ryo kuwa gatanu rishyira kuwa gatandatu azize uburwayi butunguranye mu bitaro!-->!-->!-->…
Ministiri w’intebe w’Ubwongereza bamusanzemo Covid-19.
Birakaze ibya Coronovirus ! Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, abaganga bamufashe ibizamini, bigaragaza ko yagezweho n’icyorezo cya COVID-19 gikomeje guhangayikisha isi.
Uyu minisitiri Boris Johnson w’imyaka 55!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisiteri y’uburezi yasobanuye uko abanyeshuri bazigira mu rugo muri ibi bihe…
Ibyumweru bibiri birashize ibihumbi by’abanyeshuri bo mu Rwanda mu mashuri abanza, ayisumbuye na Kaminuza basubiye mu ngo iwabo, kugira ngo hubahirizwe ingamba Leta yashyizeho zo guhangana n’icyorezo cya Coronavirus. kugirango kitaguma!-->…