Browsing Category
Uncategorized
U Rwanda rwaje mu bihugu bya mbere muri Afurika byubahiriza amategeko
Raporo Ngarukamwaka ya World Justice Project ya 2021 ku iyubahirizwa ry’amategeko ku Isi yashyize u Rwanda ku mwanya wa mbere mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara n’ibikiri mu nzira y’Amajyambere bigendera ku iyubahirizwa!-->!-->!-->…
Padiri MUGISHA akurikiranyweho icyaha cyo kwica umuntu.
Polisi mu Mujyi wa Masaka muri Uganda ikurikiranyeho Padiri Richard Mugisha wa Paruwasi Gatolika ya Bisanje, kwica Ronald Kyeyune, winjiye mu gipangu bivugwa ko yari agamije kwiba imodoka.
Padiri Mugisha areganwa na Cayimani, Joseph!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Bwana Boniface nyuma yo gukatirwa kwa Jado Castar
Rucagu Boniface yagize icyo avuga nyuma y'aho urukiko rwanzuye ko Jado Castar afungwa imyaka ibiri nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo gukoresha impapuro mpimbano.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu nibwo inkuru yanyuze hafi ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umucungagereza afungiwe gusambanya umugore asuye umugabo we
mucungagereza muri Gereza ya Thika GK iherereye mu Ntara ya Kiambu muri Kenya, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gufata ku ngufu umugore w’imyaka 21 y’amavuko wari ugemuriye umugabo we.
Ikinyamakuru The Standard cyatangaje ko uwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Umugore yataye umugabo we amuziza ko babyaye umwana ufite ubumuga.
Umugabo witwa Nkurunziza Jean De Dieu utuye mu murenge wa Cyanika mu karere ka Burera aravuga ko umugore we yamutaye ngo n’uko babyaye umwana ufite ubumuga.
Uyu mugabo yabwiye BTN TV dukesha iyi nkuru ko kuri ubu asaba ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Agnes Tirop wahagarariye Kenya mu mikino Olimpike i Tokyo yiciwe mu rugo rwe atewe icyuma
Umunya-Kenya, Agnes Tirop, wasiganwaga intera ndende ku maguru, akaba yarahagarariye igihugu cye mu Mikino Olempike ya Tokyo 2020, yapfuye afite imyaka 25 kuri uyu wa Gatatu, aho bivugwa ko yatewe icyuma asanzwe mu rugo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Apotre Bunjo yasabye Prezida Museveni gutangira gutekereza uko yarekura ubutegetsi
Apotre Bunjo, umwe mu bakozi b'Imana bakomeye muri Uganda, yasabye Prezida Museveni gutangira gutekereza ukuntu yarekura ubutegetsi.
Pasiteri witwa John Bunjo wo mu rusengero rwitwa Christian Restoration Ministries International!-->!-->!-->!-->!-->…
Urwego rw’umutekano rwaje ku isonga mu bipimo by’imiyoborere.
Ubushakashatsi bwa munani ku bipimo by’imiyoborere mu Rwanda, bwakozwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), bwagaragaje ko inkingi y’umutekano n’umudendezo yongeye kuza ku isonga n’amanota 95.47% mu zindi nkingi umunani zakozweho!-->!-->!-->…
Sam Karenzi yagizwe umuyobozi wa “Radio FINE FM”
Umunyamakuru Sam Karenzi nyuma yo kugera kuri Radio ya Fine FM atangije ikiganiro cy’imikino cyiswe ’Urukiko rw’Ubujurire’ yahise agirwa umuyobozi w’iyi Radio.
Iyi Radio ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yatangaje ko yishimiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabugogo: Umumasayi asabye amazi bayamwimye abateza inzuki.
Umugabo w'umumasai asabye amazi yo kumirisha irindazi yari aguze bayamwimye abateza inzuki
Ahagana saa cyenda z'amanywa, hano muri gare ya Nyabugogo nyuma y'aho abagenzi bakatishiriza amatike ya Bisi za Stella na Virunga, ahantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa Youtube bwasibye indirimbo zose za R.Kelly
Nyuma yo guhamnywa ibyaha n'inkiko zo muri Amerika, ubuyobozi bwa Youtube bwafashe icyemezo cyo gusiba indirimbo za R. Kelly
Ubuyobozi b'urubuga rwa Youtube rwafashe icyemezo cyo gusiba indirimbo z’umuririmbyi w'Umunyamerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta bongerewe icyumweru cyo kwitegura
Minisiteri y’Uburezi yamaze impungenge abanyeshuri basoza icyiciro cy’amashuri abanza bitagura gutangira ayisumbuye ndetse n’abasoje icyiciro rusange bagiye kwimukira mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye bari bafite ubwoba ko!-->!-->!-->…
Iradukunda Bertrand yabonye ikipe yo muri Botswana.
Bidasubirwaho Iradukunda Jean Bertrand yamaze gusinyira ikipe ya Township Rollers yo muri Botswana kuyikinira imyaka 2.
Mu minsi ishize nibwo ISIMBI dukesha iyi nkuru yatangaje ko uyu musore ukinira ikipe ya Gasogi United ashobora!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru yasabye imbabazi ku bw’amafoto y’ubwambure bwe, yikoma uwari umukunzi we
Baravuga ngo urukundo ni nk’intambara, biroroshye kurutangira ariko bikagora kurusoza, ni kenshi iyo abantu bashwanye bamwe bibagora kwakira gutandukana, ibi nibyo bishobora kuba byarabaye kuri Anne Nakawombe uzwi nka Annie Nixon,!-->!-->!-->…
Itangazo rya Byukusenge wifuza guhindurirwa amazina
Uwitwa BYUKUSENGE Modeste mwene Rwagasore na Nyiransabiyumva utuye mu mudugudu wa Kiryoha, akagali ka Milindi, Umurenge Mudende, Akarere Rubavu, mu ntara y'Uburengeranzira arasaba uburenganzira, yanditse asaba uburenganzira bwo!-->!-->!-->…