Browsing Category
Imyidagaduro
KANYE WEST, KENDRICK LAMAR NA FUTURE BATEGUJE ABATUYE MIAMI MU ISERUKIRAMUCO NGARUKAMWAKA
Kanye West, Kendrick Lamar, na Future bazayobora iserukiramuco rinini rya hip-hop ku isi nibagaruka kuri Stade ya Hard Rock muri Miami Gardens ku ya 22-24 Nyakanga.
Ni listeiriho inyenyeri zo muri Leta zunze ubumwe za Amerika kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
JAY-Z, YE NA P DIDDYBAGARAGAYE KU RUTONDE RW’ABINJIJE AGATUBUTSE MURI2022
Mu bahanzi bahembwa mwnshi muri hip hop muri Leta zunze ubumwe za America harimo Jay-z na kanye west ndetse na p diddy
Shawn Carter uzwi cyane nka Jay-Z ayoboye rap pack hamwe nakazi keza-miliyoni 470 $.Umwaka ushize, uyu muherwe wa!-->!-->!-->!-->!-->…
CELINE DION YONGEYE KUGIRA ICYO ATANGAZA NYUMA YO KUMARA IGIHE ARWAYE
Uurwayi bw’uyu muhanzi bwatumye ahagarika ibirtaramo bye yari afite bwari bwaratumye atagaragara ku mbuga nkoranyambaga gusa nyuma y’igihe yongeye kugira icyo atangaza
Celine dion yagarutse mu bihe bimwe na bimwe kugira ngo!-->!-->!-->!-->!-->…
Burna boy yababajwe n’abihutiye kumufotora aho kumutaba ubwo yari agize impanuka.
Umuhanzi Burna boy waraye ukozee impanuka yoroheje, yavuze ko yababajwe n'abantu bihutiye kumufata amafoto aho kumutabara.
Abinyujije ku rukuta rwe Instagramme, umuhanzi Damini Ebunoluwa Ogulu uzwi nka Burna Boy yavuze ko yaraye!-->!-->!-->!-->!-->…
LEE JOUNG-JAE WAKINNYE MURI SQUID GAME YONGEYE GUHABWA IKINDI GIHEMBO.
IYI FIRIME Y’URUHEREREKANE YO MURI KOREA Y’EPFO YAJE GUHABWA IGIHEMBO IHAGARARIWE NA LEE JOUNG-JAE WAYIGARAGAYEMO NDETSE NA JUNGO HO- YEON
Ni mu bihembo byaraye bitanzwe bya The Screen Actors Guild(SAG) aho Lee Jung-jae na!-->!-->!-->!-->!-->…
ELEMENT YATUYE UMUKURU W’IGIHUGU IGIHEMBO YATWATE CYA ISANGO NA MUZIKA AWARD
MU MUHANGO WO GUTANGA IBIHEMBO WABEREYE KURI CANAL OLYMPIA KURI UYU WA GATANDATU WASIZE ELEMENT ATWAYE IGIHEMBO CYA PRODUCER W’UMWAKA NYUMA AZA GUTANGAZA KO AGITUYE UMUKURU W’IGIHUGU.
Ni umuhango wabereye kuri Canal Olympia mu mpera!-->!-->!-->!-->!-->…
KIM KARDASHIAN YASABYE KO IMBUGA NKORANYAMBAGA ZITAKWIFASHISHWA NK’IBIMENYETSO
Kim Kardashian arashaka ko bahagarika kuzifashisha ibimenyetso bakuye ku mbuga nkoranyambaga kugira ngo babishingireho babaha gatanya mu cyumweru gitaha Kubera amakuru ariho
Uyu muhanzi uzwi ku izina rya Ye, imyaka 44, yahugiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Igikomangoma Harry N’umugore we Meghan Markle bavuze ko bari kumwe n’abatuye Ukraine
Ibi Harry na Markle babitangaje mugihe Uburusiya bwatangaje ko bugiye kujya mu ntambara na Ukraine nk’uko byari bimaze igihe bivugwa maze bagaragaza uruhande bahagazeho.
Benshi mu batuye isi bahangayikishijwe n’ikibazo kiri hagati!-->!-->!-->!-->!-->…
The weekend yashyize hanze amajwi asengera abatuye Ukraine bose.
Umuhanzi the weekend yakuyeho gahunda yo gutangaza amakuru nyuma y’uko kuri tweeter hagezweho inkuru zikomeye zihuye n’amakuru y’ibibazo bikomeje kubera muri Ukraine
Uyu munyakanada ukunzwe cyane mu muziki mu gihe cya none!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi YE yamuritse album ye yise donda 2 hamwe na Alicia keys Migos na Jack harlow
Kanye west usigaye yitwa YE yamurikiye I Miami Album ye yateguje abantu igihe kirekire mu ijoro ryakeye nyuma yo gutandukana n’umugore we.
Uyu muhanzi wari umaze iminsi akora kuri iyi album ndetse akaba yaranateguje cyane abantu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Zari yakuriye agahu ku nnyo abamaze iminsi bamubaza umukunzi we mushya
Nyuma yo guhozwa ku nkeke, Zari Hassan yakuriye agahu ku nnyo abamaze iminsi bamubaza umukunzi we mushya.
Zari Hassan, umunyamideli, n'umuherwe ukomoka mu gihugu cya Uganda, akomeje kuvugwa cyane mu ruhando rwa showbuzz nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’uko Jay-z yanze kumushyira mu gitaramo cye, The game arashinjwa na benshi kumuvuga…
The Game wari witeze kuza ku rutonde rw'abazafatanya na Jay-Z mu gitaramo cyiswe super bowl halftime show akomeza gushinjwa kuvuga nabi jay-Z ariko we akabihakana.
Iki ni igitaramo cyitabiriwe n'abahanzi bakomeye barimo Dr. Dre,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa firime muri Marvel yasezeranye na Jennifer Holland wagaragaye muri filime ikunzwe cyane…
Uyu mugabo witwa James Gunn mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo byatangajwe ko yambikanye impeta n’uyu mukinnyi wa filime igezweho yitwa peacemaker akaba agaragaramo yitwa Emilia Harcourt
Hari hashize igihe aba bombi bakundana!-->!-->!-->!-->!-->…
Justin bieber nyuma yo kwandura covid-19 umuhagarariye yamaze impungenge abategereje igitaramo cye.
Nkuko byatangajwe n’ushinzwe kureberera inyungu z’uyu muhanzi scott brown, hari icyizere ko azakira vuba.
Byatangajwe ko Justin bieber yanduye covud nyuma y’igitaramo yakoreye I San Diego kuwa gatanu tariki 18 Gashyantare!-->!-->!-->!-->!-->…
YARWANYE N’IFI NINI AGERAGEZA KUYIKUBITA MUMUTWE MAZE IRAMUREKURA AVA MU MAZI.
HEATHER WEST UZWIHO GUKORESHA TIK TOK YAGARAGAJE UKO YABASHIJE KUVA MU NZARA Y’IFI NINI YO MU BWOKO BWA SHARK YARI YAMUFASHE IKIRENGE KUGEZA AYIGOBOTOYE.
Heather West yasobanuye ukuntu yarwanye n’ifi yo mu bwoko bwa shark ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…