Browsing Category
Imyidagaduro
Ryan Coogler wayoboye Black Panther yibeshyweho ko ari umujura wa banki arafungwa
Uwayoboye filimi yamamaye cyane Black Panther yatawe muri yombi yibeshyweho ko ari umujura waje kwiba banki ubwo yariho abikuza amafaranga kuri konti ye muri Amerika, nk'uko raporo ya polisi ibyerekana.
Ryan Coogler yatawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho kelly clarkson yamaze gutandukana n’uwahoze ari umugabo we byemewe n’amategeko
Kelly Clarkson arangije gukemura ikibazo cyo gutandukana nuwahoze ari umugabo Brandon Blackstock kuburyo bwemewe nyuma y’igihe batabana.
Kelly Clarkson na Brandon Blackstock barangije gutana nyuma yintambara ikaze. Mugihe uwahoze!-->!-->!-->!-->!-->…
Netflix yahagaritse serivise zo kwerekana filime mu Burusiya
Netflix yafashe icyemezo cyo kurwanya ibitero by'Abarusiya bikomeje muri Ukraine ihagarika ibikorwa byayo byose mu Burusiya.
Mwisi yimyidagaduro, nta serivise itambuka ifite imbaraga nubucuruzi nka Netflix, irusha ibindi bigo bakora!-->!-->!-->!-->!-->…
Muri Gospel Star Live Israel Mbonyi Yegukanye miliyoni 7 Habereyemo agashya
Mu bahanzi bagera kuri bane bahembwe mu gitaramo cyabaye mu mpera z’iki cyumweru dusoje, Israel Mbonyi yegukanye miliyoni 7 z’amafaranga y’u Rwanda, n’ubwo cyari cyabanje guhagarara
Ni igitaramo cyatumiwemo Rosa Muhando n'ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ed Sheeran yerekanye ikiganiro cya nyuma kibabaza umutima yagiranye na Shane Warne
Ed Sheeran avuga ku kiganiro kibabaje cyo kuri terefone cya nyuma yagiranye n'uyu munyabigwi wo muri Ositarariya na Shane Warne mbere y'uko yitaba Imana
Ed Sheeran yatangaje ikiganiro cya nyuma kibabaza umutima yagiranye nicyamamare!-->!-->!-->!-->!-->…
Will Smith ategerejwe muri filime iri gukorwa ‘I’m Legend’ na Michael B. Jordan
Ikindi gice ya film I Am Legend 2007 kigiye gutangira gukorwa kandi Will Smith azagaruka hamwe Michael B. Jordan wamenyekanye cyane muri black panther.
Ndi Umugani(I’m legend) ni firime yagombaga gusohoka ku ya 21 Ugushyingo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 14 Lil Wayne agiye kugaruka mu bwongereza
Bwa mbere kuva 2008, Lil Wayne azongera kugaruka mubwongereza nyuma yimyaka 14mugitaramo kizaba imbonankubone(live concert)
Ku wa gatandatu, 18 kamena, Dwayne Michael Carter Jr uzwi nka Lil Wayne azerekeza kuri Gardenerley Orchard!-->!-->!-->!-->!-->…
Knowless, BullDogg na Fireman basohoye indirimbo bagaragara mu myambarire idasanzwe
Indirimbo yari itegerejwe kubera ko Knowless uzwi nka Butera Jeanne d’Arc yari yateguje abakunzi be ko iri hafi gusohoka, yagiye hanze aho mu mashusho agaragara ari mu ngobyi bamuteruye.
Iyi ndirimbo Knowless yakoranye na BullDog!-->!-->!-->!-->!-->…
DORE IBYO PSG IRI GUHA KYLIAN MBAPPÉ KUGIRA NGO YONGERE AMASEZERANO
Umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya siporo muri Paris Saint-Germain, Leonardo, avuga ko iyi kipe izakora "ibishoboka byose" kugira ngo amasezerano ya Kylian Mbappe yongererwe igihe.
Biteganijwe ko uyu mukinnyi watwaye igikombe cy’isi!-->!-->!-->!-->!-->…
Spotify yafunze ibiro byayo yari ifite mu Burusiya
Spotify yafunze ibiro byayo i Moscou mu rwego rwo gusubiza perezida w’Uburusiya Vladimir Putin akomeje gutera Ukraine.
“Twatunguwe cyane kandi tubabajwe n'igitero simusiga cyagabwe kuri Ukraine. ” Ibi ni ibyavuzwe n'umuvugizi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
KANYE WEST, KENDRICK LAMAR NA FUTURE BATEGUJE ABATUYE MIAMI MU ISERUKIRAMUCO NGARUKAMWAKA
Kanye West, Kendrick Lamar, na Future bazayobora iserukiramuco rinini rya hip-hop ku isi nibagaruka kuri Stade ya Hard Rock muri Miami Gardens ku ya 22-24 Nyakanga.
Ni listeiriho inyenyeri zo muri Leta zunze ubumwe za Amerika kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
JAY-Z, YE NA P DIDDYBAGARAGAYE KU RUTONDE RW’ABINJIJE AGATUBUTSE MURI2022
Mu bahanzi bahembwa mwnshi muri hip hop muri Leta zunze ubumwe za America harimo Jay-z na kanye west ndetse na p diddy
Shawn Carter uzwi cyane nka Jay-Z ayoboye rap pack hamwe nakazi keza-miliyoni 470 $.Umwaka ushize, uyu muherwe wa!-->!-->!-->!-->!-->…
CELINE DION YONGEYE KUGIRA ICYO ATANGAZA NYUMA YO KUMARA IGIHE ARWAYE
Uurwayi bw’uyu muhanzi bwatumye ahagarika ibirtaramo bye yari afite bwari bwaratumye atagaragara ku mbuga nkoranyambaga gusa nyuma y’igihe yongeye kugira icyo atangaza
Celine dion yagarutse mu bihe bimwe na bimwe kugira ngo!-->!-->!-->!-->!-->…
Burna boy yababajwe n’abihutiye kumufotora aho kumutaba ubwo yari agize impanuka.
Umuhanzi Burna boy waraye ukozee impanuka yoroheje, yavuze ko yababajwe n'abantu bihutiye kumufata amafoto aho kumutabara.
Abinyujije ku rukuta rwe Instagramme, umuhanzi Damini Ebunoluwa Ogulu uzwi nka Burna Boy yavuze ko yaraye!-->!-->!-->!-->!-->…
LEE JOUNG-JAE WAKINNYE MURI SQUID GAME YONGEYE GUHABWA IKINDI GIHEMBO.
IYI FIRIME Y’URUHEREREKANE YO MURI KOREA Y’EPFO YAJE GUHABWA IGIHEMBO IHAGARARIWE NA LEE JOUNG-JAE WAYIGARAGAYEMO NDETSE NA JUNGO HO- YEON
Ni mu bihembo byaraye bitanzwe bya The Screen Actors Guild(SAG) aho Lee Jung-jae na!-->!-->!-->!-->!-->…