Browsing Category
Imyidagaduro
“PAPA” Indirimbo nshya ya Knowless ihanura abangavu bishora mu mibonano mpuzabitsina.
Umuhanzikazi Butera Knowless yasohoye indirimbo ye ya mbere muri uyu mwaka wa 2021 yise ‘Papa’ ihanura abangavu bishobora mu mibonano mpuzabitsina, avuga ko afite ibikorwa byinshi muri uyu mwaka ahishiye abafana be n’abakunzi b’umuziki!-->!-->!-->…
“LA CASA DE PAPEL” Filimi yakunzwe na benshi ku isi igiye kugaruka mu gice cya nyuma
Ibi birazwi cyane ko iyi filimi y’uruhererekane ya LA CASA DE PAPEL yakunzwe na benshi mu bayirebye kubera amayeri n’udukuryo tw’ibisambo biba byiba muri Banki ya Espagne byariyise amazina y’imijyi yibihugu bitandukanye ku isi.
Iyi!-->!-->!-->…
Hamenyekenye Radio nshya Tidjala Kabendera agiye kongera kumvikaniraho.
Nyuma y’aho mu Ukuboza umwaka ushize Tidjara Kabendera, uzwi nk’umwe mu banyamakuru b’abagore bari bamaze kubaka izina mu buryo bukomeye kuri Radio na Televiziyo by’u Rwanda agasezera nyuma y’imyaka 18 akorera Ikigo cy’Igihugu!-->!-->!-->…
Nyina wa Diamond yahishuye ibanga rikomeye ashyira hanze amazina nyayo ya se wa Diamond.
Nyuma y’iminsi myinshi ishize Abdul Juma azwi nka se w’umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Tanzania, Diamond Platnumz, ndetse bahora bashyiditse uyu mubyeyi amushinja kutamwitaho, nyina wa Diamond yavuze ko uyu musaza atari we se.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nicki Minaj yategetswe kwishyura asanga 450,000$ kubera gukoresha igihangano cy’abandi
Umuhanzi ukora injyana ya rap Nicki Minaj yategetswe kwishyura Tracy Chapman $450,000 (hafi miliyoni 500 Frw) kugira ngo harangizwe urubanza rw'imwe mu ndirimbo ye yakoresheje atabiherewe uburenganzira.
Mu 2018, Chapman yareze Minaj!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore uzarwubakana na Clarisse Karasira yamwabitse impeta
Umuhanzikazi Clarisse Karasira abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaje umusore wamwambitse impeta amusaba ko bazabana nk’umugabo n’umugore mu gihe kirimbere.
Clarisse Karasira yashyize kuri Twitter ifoto y’uyu musore amwambika!-->!-->!-->!-->!-->…
Muzika: Ishimwe Clément yatangaje urutonde rw’abahanzi batanu bo kwitega mu 2021 tugiye…
Umuyobozi wanashinze inzu ifasha abahanzi Ishimwe Karake Clément .iyo nzu ifasha abahanzi mu bya muzika yitwa Kina Music, yagaragaje abahanzi batanu abantu bakwiye kwitega mu mwaka wa 2021, ashingiye ku byo bakoze muri uyu mwaka wa 2020!-->…
Indirimbo: Ntawamusimbura ibaye ntawamusimbura – Meddy yambitse impeta umukunziwe
Ntawamusimbura! ibaye ntawamusimbura nyuma yo kugaragara mu mashusho y'indirimbo aririmbirwa ntawamuimbura bymuhiriye abura umusimbura yambikwa impeta y'urukundo. Umukobwa witwa Mehfira uzwi nka Mimi ukomoka muri Ethiopia yagaragaje!-->…
Umwaka utaha Meddy azongera ataramire Abanyarwanda bari bamumbuye.
Umuhanzi MEDDY wigaruriye imitima y'abakunzi ba Muzika hano mu Rwsanda, yatangaje ko azataramira Abanyarwanda umwaka utaha igihe icyorezo cya Coronavirus kizaba cyacogoye.
Umuhanzi Ngabo Medard Jorbert uzwi kandi nka Meddy yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Rwanda: Hashyizwe hanze ingingo zizagenderwaho muri Miss Rwanda
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2016, yatangaje ko amavugurura yakozwe muri Miss Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 11, yanageze mu bazaba bagize Akanama Nkemurampaka kenshi akunze kuba akuriye kemeza umukobwa mushya wegukana!-->!-->!-->…
Mu minsi 2 gusa indirimbo ya Kiffi Olomide na Diamond imaze kurebwa n;abarenga miliyoni 3…
Indirimbo ‘Waah’ ya Diamond wo mu gihugu cya Tanzaniya afatanyije n’icyamamare cyo mu gihugu cya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, Koffi Olomide, yari itegerezanyijwe amatsiko menshi n’abantu batari bake, ikomeje guca agahigo ko!-->!-->!-->…
“Warokoso” indirimbo nshya ya Marina yiyama abantu birirwa bamuvuga
Umuhanzikazi Uwase Ingabire Deborah benshi bamenye ku izina rya Marina, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Worokoso’, ikubiyemo amagambo yo kwiyama abantu bamuvuga nabi, uko atari.
Amashusho y’iyi ndirimbo yafatiwe mu Bubiligi.!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Ishimwe Soumare Frank yitabye Imana
Umuhanzi Ishimwe Soumare Frank wamenyekanye muri muzika nka King Bayo, akaba yari mubyara wa Jules Sentore yitabye Imana ku myaka 33 y’amavuko azize uburwayi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 21 Ugushyingo 2020 nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Esma Khan mushiki wa Diamond yatandukanye n’umugabo we nyuma y’amezi 3 gusa basezeranye
Esma Khan, akaba mushiki w’umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Paltnumz yatangaje ko yatandukanye n’umugabo we Yahya Msizwa nyuma y’amezi 3 barushinze.
Ibi Esma yabitangaje ku wa Kane w’iki cyumweru ubwo yaganiraga!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Urukundo rwajemo politike umuhanzi Lil Wayne yabenzwe n’umukunzi we amuziza gushyigikira Donald…
Umunyamideli kabuhariwe Denise Bidot wari umaze umwaka akundana n’umuraperi Lil Wayne, kuri ubu yamubenze amuziza kuba ashyigikiye Donald Trump mu matora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ni nyuma y’iminsi mike hasohotse!-->!-->!-->…