Browsing Category
Imyidagaduro
Mu minsi 2 gusa indirimbo ya Kiffi Olomide na Diamond imaze kurebwa n;abarenga miliyoni 3…
Indirimbo ‘Waah’ ya Diamond wo mu gihugu cya Tanzaniya afatanyije n’icyamamare cyo mu gihugu cya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, Koffi Olomide, yari itegerezanyijwe amatsiko menshi n’abantu batari bake, ikomeje guca agahigo ko!-->!-->!-->…
“Warokoso” indirimbo nshya ya Marina yiyama abantu birirwa bamuvuga
Umuhanzikazi Uwase Ingabire Deborah benshi bamenye ku izina rya Marina, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Worokoso’, ikubiyemo amagambo yo kwiyama abantu bamuvuga nabi, uko atari.
Amashusho y’iyi ndirimbo yafatiwe mu Bubiligi.!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Ishimwe Soumare Frank yitabye Imana
Umuhanzi Ishimwe Soumare Frank wamenyekanye muri muzika nka King Bayo, akaba yari mubyara wa Jules Sentore yitabye Imana ku myaka 33 y’amavuko azize uburwayi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 21 Ugushyingo 2020 nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Esma Khan mushiki wa Diamond yatandukanye n’umugabo we nyuma y’amezi 3 gusa basezeranye
Esma Khan, akaba mushiki w’umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Paltnumz yatangaje ko yatandukanye n’umugabo we Yahya Msizwa nyuma y’amezi 3 barushinze.
Ibi Esma yabitangaje ku wa Kane w’iki cyumweru ubwo yaganiraga!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Urukundo rwajemo politike umuhanzi Lil Wayne yabenzwe n’umukunzi we amuziza gushyigikira Donald…
Umunyamideli kabuhariwe Denise Bidot wari umaze umwaka akundana n’umuraperi Lil Wayne, kuri ubu yamubenze amuziza kuba ashyigikiye Donald Trump mu matora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ni nyuma y’iminsi mike hasohotse!-->!-->!-->…
Umunyamakuru Saleh yagarukanye izindi mbaraga muri Cinema Nyarwanda.
Umunyamakuru Saleh UWIMANA uzwi cyane kuri radio Voice of Africa yagarukanye izindi mbaraga zidasanzwe mu ruhando rwa Cinema mu Rwanda aho agiye gushyira hanze filime yise "KUKI" yari yarasezeranije abakunzi ba Cinema.
Nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel Mbonyi yanditse andi mateka, Album ye “MBWIRA” yegukanye igihembo muri Maranatha…
Babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo zitandukanye, ubuyobozi bwa Maranatha Awards bwatangaje abatsindiye ibihembo muri uyu mwaka wa 2020. Kuri urwo rutonde, harabonekamo Israel Mbonyi binyuze kuri Album ye ‘Mbwira’ yatoranyijwe!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Hamida, umugore wa Rwatubyaye ku munsi w’amavuko w’umugabo we
Umukunzi wa Rwatubyaye, Hamida ku munsi umugabo we yizihijeho isabukuru y’amavuko yamusabiye ku Mana kumuha ibyishimo by’ubuziraherezo kandi igakabya inzozi ze.
Buri tariki ya 23 Ukwakira, Rwatubyaye Abdul yizihiza Isabukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Safi Madiba yongeye kwisuganya ashira hanze indirimbo nshya yise “SOUND”
Umuhanzi Safi Madiba, yongeye kwisuganya asubira muri studio akora indirimbo yise ‘Sound’, nyuma yo kugira ibibazo by’urushako byatumye aba nk’uhagarika imishinga ye y’umuziki.
Safi Madiba yagiye muri Canada mu ntangiro z’umwaka wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Honorine yakuyeho urujijo ku byavugaga ko akundana na Bruce Melody.
Mu minsi ishize twababwiye inkuru yuko Miss Honorine wamenyekanye ku mazina ya Igisabo ari mu rukundo n’umuhanzi Bruce Melodie, iyi ni inkuru yagiye icicikana hirya no hino ndetse ikanakomeza kuvugwa na benshi.
Hashize iminsi mike!-->!-->!-->!-->!-->…
Producer S2Kizzy yakubiswe bikomeye n’amabandi na studio ye irangizwa.
Producer S2Kizzy wakoze indirimbo ‘Tetema’ ya Diamond Platnumz na Rayvanny yakubiswe mu buryo bukomeye we n’abandi bantu bari kumwe na studio ye yangijwe n’abantu bataramenyekana.
Ibi byabaye mu ijoro ry’uyu wa Gatatu tariki 14!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwandakazi batanu mu 10 bo muri EAC babonye itike yo guhatanira ikamba rya Miss Career Africa…
Abanyarwandakazi batanu bari mu bakobwa 10 bo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba batsindiye itike yo kwitabira irushanwa rya Miss Career Africa, rizasorezwa mu Rwanda mu Ugushyingo 2020.
Kuri uyu wa Kane tariki 15 Ukwakira 2020, ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Mabeto Hamissa yahishyuye uburyo Diamond yamuteye inda inshuro eshatu zose ariko hakavukamo imwe.
Umunyamideli wo muri Tanzania wabyaranye na Diamond Platnumz, Hamisa Mobetto yavuze ko uyu muhanzi yamuteye inda inshuro 3 ariko havuka imwe.
Uyu munyamideli yatangaje ko ubwo uyu muhanzi yari yarashakanye na Zari babana nk’umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Davis D yasobanuye indirimbo ye yise IFARASHI benshi bavuga ko yuzuyemo ibishegu
Nyuma y'aho ashyiriye hanze indirmbo ye nshya yitwa IFARASHI benshi bakavuga ko irimo ibishegu, umuhanzi Davis D yasabye abantu ko bayumva uko iri.
Indirimbo nshya ya Davis D imaze iminsi itera impaka ku mbuga nkoranyambaga, bamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Bushali na Slum Drip bongeye gutabwa muri yombi
Umuhanzi Bushali na Slum Drip bamaze kubaka izina mu njyana ya Kinyatrap biravugwa ko bongeye gutabwa muri yombi bakurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge.
Amakuru agera ku kinyamakuru UMURYANGO dukesha iyi nkuru, avuga ko Bushali!-->!-->!-->!-->!-->…