Browsing Category
Izindi nkuru
Ijambo rya Nyakubahwa Perezida Kagame ryo gusoza umwaka wa 2020 no gutangiza undi mushya wa 2021
Banyarwanda, Baturarwanda mwese, nshuti z’u Rwanda,Dutangiye uyu mwaka mushya dufite icyizere ko u Rwanda rwageze kuri byinshi nubwo twahuye n’ibibazo bidasanzwe mu mwaka wa 2020.
Ibi bivuze ko dushobora gukora n’ibirenze igihe iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare warashe umusore amwibeshyeho amushinja gutera umukobwa we inda yahamijwe icyaha…
Urukiko rwa Gisirikare i Nyamirambo rwahamije Maj. Godfrey Mudaheranwa uzwi nka Kirikiri icyaha cyo kwica yabigambiriye umusore witwa Gashayija Sam amurashe amushinja ko yari yarateye umukobwa we inda.
Yahamijwe n’icyaha cyo gutunga!-->!-->!-->!-->!-->…
wa mugore mwiza watwaraga ama kamiyo yaraye akoze impanuka arapfa.
Madame Munyakazi Ladouce wari mu Banyarwandakazi bake batwara ikamyo zijya hanze yitabye Imana azize impanuka.
Urupfu rw'uyu mutegarugore uri muri bagore bake batwaraga ibimodoka biremereye rwamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Nyuma y’ubusabe bw’abaturage Umusoro ku butaka wahindutse
Intara y'Iburasira zuba akarere ka Bugesera Nyuma y’ubusabe bw’abaturage, Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera yasubiyemo ibiciro by’umusoro ku bukode bw’ubutaka.
Tariki 24 Kamena 2020, Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof.Shyaka Anastase ati:”Utubyiniro n’utubyeri, ntitubarangaze ntaho tuzajya”
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase yasoje umwaka wa 2020 agira inama urubyiruko yo kwirinda ibyashyira ubuzima bwabo mu kaga mu ijoro risoza umwaka birirmo utubyiniro n’utubari.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,!-->!-->!-->…
Karongi: Umunyeshuri yituye hasi, ahita apfa muburyo butunguranye!
Mu Kagari ka Ryaruhanga, Umurenge wa Mubuga muri Karongi urupfu rw'umunyeshuri Munyawera Vital wigaga mu Mwaka wa Kane w’amashuri yisumbuye mu Ishami ry’Ubumenyamuntu, Ubutabire n’Ubumenyi bw’Isi (BCG) ku Ishuri rya St. Alphonse Mubuga mu!-->…
Ingengabihe y’amatora y’inzego z’ibanze yahindutse
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora , itangaza ko ingengabihe y’amatora yari yamenyeshejwe Abanyarwanda yahindutse kubera Icyorezo cya Covid-19 kigenda cyiyongera mu gihugu.
Ibyo ni ibitangazwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwarimu n’umunyeshuri yigisha baguwe gitumo basambanira mu buriri bw’ababyeyi!
Muri Kenya ahitwa Kondele mu Ntara ya Kisumu umwarimu n’umukobwa yigishaga bafashwe basambana bombi baryamye mu buriri bw’ababyeyi b’uwo mukobwa.
Nyina w’uriya mukobwa yagaragaye mu burakari n’umujinya byinshi yabaye nk’umusazi, agenda!-->!-->!-->…
Rayon sport mu makipe yahanwe kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye ibihano amakipe arimo Rayon Sports, Bugesera FC na AS Muhanga nyuma yo kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 arimo kugaragaza ibisubizo by’ibipimo byafashwe abakinnyi!-->!-->!-->…
Prezida wa Kiyovu Sport yahakanye itabwa muri yombi rye yicuza impamvu yaje mu mupira
Nyuma y’inkuru yaraye ikwirakwiye ko perezida wa Kiyovu Sports yatawe muri yombi azira amafaranga yayobeye kuri konti ye ya banki akanga kuyatanga, uyu mugabo avuga ko ari ibihuha bidafite aho bishingiye ndetse ubu akaba yatangiye!-->!-->!-->…
Google yanze ubusabe bwa Uganda bwo gufunga channel 14 za Youtube zifite aho zihuriye na Bobi Wine
Ikigo Google Inc cyateye utwatsi ubusabe bwa Guverinoma ya Uganda yayandikiye iyisaba gufunga imiyoboro ya Youtube ifite aho ihuriye n’imyigaragambyo yakurikiye itabwa muri yombi rya Bobi wine mu kwezi gushize.
Umuyobozi muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu munsi umwe gusa Abarenze ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus binjirije leta asaga miliyoni 104…
Nyuma y’umunsi umwe gusa mu Rwanda amabwiriza avuguruye yo kwirinda Covid19 ashyizweho, mu gihugu hose hafashwe abakurikira barenze kuri ayo mabwiriza ari nako baciwe amande.
.Abasaga 3000 nta masks.1979 batahanye intera.2538!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Umuyobozi yafunzwe azira kwitambika imodoka ya Perezida
Uyu muyobozi usanzwe ari komiseri muri Komisiyo y’amatora, ashinjwa kuba ubwo imodoka zari zitwaye Perezida zamunyuragaho mu muhanda yaranze kuva mu nzira.
Ubwo ibyo byabaga, BBC yatangaje ko Kunje yari atwawe n’umushoferi we. Yanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Leta irashaka ko YouTube ihagarika imbuga zishyigikira Bobi Wine
Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Uganda rwandikiye ikigo cy’ikoranabuhanga Google, ari cyo nyiri YouTube itangazwaho za videwo, kiyisaba gufunga shene (channels) 14 bivugwa ko zifite aho zihuriye n’imidugararo yo mu kwezi!-->!-->!-->…
Rusesabagina yareze Sosiyete y’indege ya GainJet Aviation n’umuvugabutumwa Costantin Niyomwungere,…
Paul Rusesabagina yatanze ikirego mu rukiko arega Sosiyete y’indege ya GainJet Aviation yo mu Bugereki n’umuvugabutumwa witwa Costantin Niyomwungere, abashinja ’gufatanya n’u Rwanda kumushimuta’.
Umuryango wa Rusesabagina wakunze!-->!-->!-->!-->!-->…