Browsing Category
Izindi nkuru
Wa muntu wishe abantu 11 harimo na mama we mu Budage hagaragaye ubutumwa burimo no kuba hari…
Umugabo w'imyaka 43 witwa Tobias uherutse kwiheba akarasa abantu mu budage hagaragaye bumwe mu butumwa yoherereje abantu muri Amerika ababwirako bafite igisirikare gikora ibintu bibi birimo no kuramya shitani.
Nkuko tubikesha!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yafashwe n’abagore batanu ku ngufu birangira apfuye
Umugabo w'abana batandatu wari umukire yafashwe n'abagore batanu ku ngufu birangira ashizemo umwuka mu gihugu cya Nigeriya.
Uyu mugabo witwa UNOKO UNOJA ubwo yari amaze kuryamana n'umugore abandi ngo bagize ishyari niko kuzana!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikoranabuhanga “ryahuje” umubyeyi n’umwana we wapfuye
Kuri benshi muri twe, kunamira uwatuvuyemo ni ikintu kibabaje cyane ariko kiri mu bigize ubuzima, kandi iyo ari umwana upfuye bikomerera umuntu kurushaho mu kubyakira.
Ariko umubyeyi umwe muri Koreya y'Epfo amaze igihe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ihene yatangaje benshi ubwo yabyaraga ikintu gisa n’umuntu
Mu gihugu cya Nigeriya ihene yabyaye ikintu gifite umutwe nk'uwumuntu bitungura benshi.
Ikinyamakuru kitwa Daily Trust kivugako umuganga wamatungo witwa , Dr Afolabi Josephyakijije ubuzima bwiriya hene kuko yarigiye gupfa.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yagiye kwiba umwembe afatwa n’umuriro ahita apfa
Umusore utaratangajwe amazina muri leta ya Enugu ho mu gihugu cya Nigeriya kuruyu wa gatatu yagiye kwiba umwembe umuriro uramufata ahita apfa.
Umwe mubabonye ibi biba Jude Eze yavuzeko uyu musore waruri mu kigero cy'imyaka 18!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
REB yatangaje ko Amanota y’ibizamini bisoza ayisumbuye azasohoka mu cyumweru gitaha
Ikigo k'igihugu gishinzwe iterambere ry'uburezi mu Rwanda REB cyatangaje ko mu cyumweru gitaha kizashyira hanze amanota y'abarangije ayisumbuye umwaka wa 2019
Hashize iminsi abantu bibaza igihe amanota y'abanyeshuri barangije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango wa KIZITO MIHIGO wamaze gutangaza igihe naho azashyigurwa
Umuryango w'Umuhanzi KIZITO MIHIGO wapfuye kuri uyu wa mbere wamaze gutangaza igihe azashyingurwa
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere taliki ya 17 Gashyantare 2020 polisi y'igihugu itangaje ko Bwana KIZITO MIHIGO wari ufungiwe muri kasho!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu Mwalimu Christine yiyahuye
Mwalimu Christine IRAKUJIJE yiyahuye muri iki gitondo nyuma yo gutekerwaho umutwe akamburwa amafranga na mudasobwa(laptop)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Gicurasi 2020 nibwo mwalimu IRAKUJIJE CHRISTINE yiyahuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu Barimu ntibashimishijwe n’umushinga wa INGABIRE ugamije gushyiraho ihahiro rya…
Bamwe mu barimu barasanga umushinga wa INGABIRE REHEMA, umukobwa uri mu bahatanira ikamba rya nyampinga 2020 ari umushinga ugamije gushinyagura kuko ngo nawe ubwe aziko atabishobora
INGABIRE REHEMA ni umwe mu bakobwa 20 bari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking news: Umuhanzi KIZITO MIHIGO yiyahuye arapfa
Polisi y'igihugu imaze kwemeza ko umuhanzi KIZITO MIHIGO yapfuye yiyahuye mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo Polisi y'u Rwanda yasohoye itangazo ku rukuta rwayo rwa twitter rivuga ko Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana BAZIL ukora mu nzu babikamo imirambo (morgue) yavuze ibibazo ahura nabyo hanze y’akazi
Bwana BAZIL ENATU umaze imyaka 32 mu kazi ko gushyira imirambo muri morgue yavuze ibibazo ajya ahura nabyo hanze y'akazi.
Bwana Bazil ENATU ni umugabo w'imyaka 57 y'amavuko wo mu guhugu cya Uganda, akaba amaze imyaka igera kuri 32!-->!-->!-->!-->!-->…
Yarakubiswe anirukanwa mu bukwe bwe basanze afite abandi bagore
Umukwe yirukanywe mu bukwe bwe n'ababutashye bagize umujinya nyuma y'uko umugore we wa mbere ahageze akabwira abari mu bukwe ko uyu ari umugabo we bashyingiranywe kandi yanashakanye n'uwundi mugore abafite ari babiri.
Asif!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru ANGELI MUTABARUKA yanenze Igifaransa prezida wa RAYON SPORT yakoresheje kuri twitter
Ubu nibwo butumwa buri mu rurimi rw'Igifaransa Prezida wa Rayon Sport SADATE yashyize ku rubuga rwe
Nyuma y'aho ibinyamakuru byanditse ko Bwana Jado Castar yanenze prezida wa Rayon ku mikoreshereze ye y'imbuga nkoranyambaga,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo w’umwongereza yafunzwe azira gukora ku kibuno cy’umupolisi ushinzwe umutekano mu…
Umugabo witwa Toni Comoccio afungiwe mu Misiri azira gukorakora umusekirite wo ku kibuga cy'indege .
Ubwo uyu mugabo w'imyak 51 yarageze ku kibuga cy'indege we numuryango we doreko bari bamaze iminsi icumi barajyiye kuruhukira!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yasutseho umugabo we amazi ashyushye amutwika umugongo wose(Amafoto)
Mu gihugu cya Kenya umugore yatwitse umugabo we amuziza ku muca inyuma maze umugongo wose uragenda urababuka.
Ibi ngo byaje nyuma yaho nyamugabo agiye agirana ibiganiro nabandi bagore kuri Facebook,nyuma umugore yaje kubibona!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…