Browsing Category
Politike
Perezida wa Ukraine yarakariye OTAN ko yanze kubuza indege z’Uburusiya kuguruka mu kirere cya…
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yibasiye mu ijabo ry’uzuye uburakari Umuryango wubwirinzi w’Uburayi na Amerika OTAN/NATO ku kuba baranze gushyira mu bikorwa itegeko rikumira indege kuguru mu kirere cya Ukraine.
Umwanzuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine iri gushaka abarwanyi b’abacancuro muri Afrika kuyifasha urugamba
Ambasaderi wa Ukraine muri Senegal yahamagariye abacancuro b'abarwanyi kujya kubafasha urugamba igihugu cye kimazemo iminsi n'Uburusiya.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook, ambasaderi w'igihugu cya Ukraine muri Senegal Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Zelensky yatakambiye Putin kumuha umwanya bakaganira
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yasabye Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin kumuha umwanya bakicarana bakaganira uburyo bwo guhosha intambara imaze icyumweru.
Zelensky yabitangarije mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Biden yeruye, yavuze ko nta musirikare wa USA uzoherezwa muri Ukraine
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yeruye avuga ko igihugu cye nta gahunda gifite yo kohereza umusirikare n’umwe muri Ukraine mu rugamba ihanganyemo n’Uburusiya bwa Perezida Vladimir Putin.
Ibi Perezida Joe Biden!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwavuze aho ruhagaze ku kibazo cya Ukraine
U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze ku bitero by'Uburusiya muri Ukraine, mu gihe u Burundi bwo bwifashe.
Mu nama rusange ya ONU yateranye kuwa gatatu taliki ya 2 Werurwe 2022 abahagarariye ibihugu batoye ku bwiganze bamagana ibitero!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba banyarwanda baherutse kwirukanwa muri Niger, Tanzaniya nayo yanze kubakira.
Leta ya Tanzania yanze ikifuzo ndetse ivugako itazubahiriza icyemezo cy’Umucamanza w’Urwego rwasigaye rurangiza imanza z’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha wari wifuje ko Abanyarwanda 8 baheruka kwirukanwa na Niger basubizwa!-->!-->!-->…
Umuryango w’ubumwe bwa Burayi wamaganye ibyo Gen.Muhoozi yavuze ku bitero byo muri Ukraine
Umuryango w'ubumwe bwa Burayi wamaganye bikomeye ibyo General Muhoozi Kainerugaba yavuze ku bijyanye n'intambara imaze iminsi iri kubera ku butaka bwa Ukraine.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere taliki ya 28 Gaashyantare 2022 General!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhoozi arasanga Putin afite impamvu zo gutera Ukraine
General Muhoozi wa Uganda yavuze ko asanga Putin afite impamvu zo gutera igihugu cya Ukraine
Mu gihe igihugu cy'Uburusiya kimaze iminsi kimisha ibisasu mu gihugu cya Ukraine, benshi muri ba nyakubahwa ku mugabane wa Afrika birinze!-->!-->!-->!-->!-->…
Centrafrika: Abafaransa 3 baregwaga gushaka kwica perezida barekuwe
Santrafurika yarekuye abasirikare bane b’Abafaransa, bari mu Ngabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri icyo gihugu (MINUSCA), bakaba bari batawe muri yombi bakekwaho gusha kwica Umukuru w’igihugu.
Umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen Muhoozi agiye kongera kugirira urundi ruzinduko mu Rwanda
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko mu minsi iri imbere azongera kugirira uruzinduko i Kigali rugamije gukemura ibibazo bikigaragara mu mubano w’igihugu cye n’u Rwanda.
Aya makuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Ibihumbi by’abaturage biraye mu mihanda bamagana ibitero bya Putin kuri Ukraine.
Mu mijyi inyuranye mu Burusiya, abantu ibihumbi n’ibihumbi biraye mu mihanda bigaragambya bamagana intambara Igihugu cyabo cyashoje muri Ukraine bavuga ko ibyaha biri gukorerwa Abaturanyi babo, ari kimwe no kubibakorera.
Iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasivile 102 barimo abana barindwi baguye mu ntambara y’Uburusiya kuri Ukraine-ONU
Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu ritangaza ko abasivile 102 barimo abana barindwi bishwe kuva uburusiya bwatangiza intambara kuri Ukraine mu minsi itanu ishize.
Iri shami rivuga ko imibare ya nyayo ishobora kuba iri!-->!-->!-->!-->!-->…
U Burusiya bwavuze ikintu Ukraine ishobora gukora bugahagarika intambara no kuyigabaho ibitero
Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko cyafunze inzira ihuza umurwa mukuru wa Ukraine,Kyiv n’u Burayi, nyuma yo gufata ikibuga cy’indege cya Homstel cyegereye uyu Murwa Mukuru.
Kuri uyu wa Gatanu,Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Bihinduye isura Facebook nayo yihimuye ku gihugu cy’Uburusiya bwayifatiye imyanzuro ikakaye!!
kigo cya Meta cyatangaje ko cyafatiwe ibihano n’u Burusiya, ku buryo imbuga nkoranyambaga zacyo nka Facebook, WhatsApp, Messanger na Instagram zishobora kugirwaho ingaruka n’icyo cyemezo.
Amakimbirane yatangiye ubwo Leta y’u!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Ingabo z’Uburusiya zageze mu murwa mukuru wa Ukraine
Abayobozi muri Ukraine batangaje ko abasirikare b’Ubusiya bamaze kugera mu murwa mukuru Kyiv.
Minisiteri y'ingabo ya Ukraine yavuze ko "umwanzi"(Uburusiya) yageze mu karere ka Obolon, kuri 9km uvuye ku nteko ishingamategeko ya!-->!-->!-->!-->!-->…