Browsing Category
Ubuzima
Ubushinwa bwasabye ubutabera bubereye ku mushinwa wakatiwe igifungo cy’imyaka 20
Ambasade y'Ubishinwa mu Rwanda yasabye ko hakorwa ubutabera buboneye ku muturage wayo wakatiwe n'inkiko igifungo cy'imyaka 20
Nyuma y'aho kuri uyu wa kabiri taliki ya 19 Mata 2022 urukiko rukuru rw'Akarere ka Karongi ruhamije!-->!-->!-->!-->!-->…
“Mudutabare, dusigaje amasaha make gusa tugapfa” Komanda wa Ukraine utabaza
Umu-komanda w'abasirikare ba Ukraine barwanira mu mazi mu mujyi wa Mariupol yohereje ubutumwa bwa video bwo gutabaza kuri uyu wa gatatu mu gitondo avuga ko ingabo ze zisigaje amasaha yo kubaho make gusa.
Muri iyo video yohereje kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Taliki ya 20 Mata 1994, imyaka 28 irashize umwamukazi Gicanda yishwe
Tariki ya 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Rasalie Gicanda yishwe. Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe ku itegeko rya Kapiteni Ildephonse Nizeyimana wari mu kigo cya (ESO) « École des Sous-Officiers”.
Muri Jenoside yakorewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Cya kiraro cyatwaye hafi miliyoni 200 cyasenyutse nyuma y’icyumweru kimwe gusa gitashywe
Ikiraro gihuza Muhanga cyatwaye miliyoni 185 zose mu kucyubaka, cyongeye gutwarwa n'amazi kirasenyuka nyuma y'icyumweru kimwe gusa kimurikiwe abaturage.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu taliki ya 20 Mata 2022, cya kiraro cyari!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda barakangurirwa kugira umuco wo kurya amagi
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mukeshimana Gerardine, ashishikariza Abanyarwanda kugira umuco wo kurya amagi ndetse no kuyagaburira abana kuko akungahaye ku ntungamubiri zafasha guhashya ikibazo cy’imiririre mibi.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Bwana Gasore yakubitiye umugore we ku karubanda amuziza ko atamuhembye.
Hari Abagore bavuga ko bakijujubijwe n’ihohoterwa ry’abagabo bashakanye rishingiye ku mitungo k’uburyo hari n’abakubitwa ku karubanda ku muhanda.
Ni mu masaha y’isaa tanu z’amwanwa izuba riri kuva, Bizimana bakunda kwita Gasore we!-->!-->!-->!-->!-->…
“Aho kujyanwa mu Rwanda, nakwiyahurira hano” impunzi n’abimukira
Bamwe mu bimukira bari mu Bwongereza baravuga ko aho kwemera koherezwa mu Rwanda bapfira muri icyo gihugu cy’i Burayi, ngo mu Rwanda nta bwisanzure buhaba.
Hari abafite ubwoba ko bazoherezwa mu Rwanda ku ngufu nyuma y’aho u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye inyubako y’akataraboneka izacumbikirwamo abimukira n’impunzi bagiye kuva mu…
Nyuma y'aho u Rwanda rwemeye kwakira zimwe mu mpunzi n'abimukira bazaba bavuye mu gihugu cy'Ubwongereza, hagaragajwe inzu y'igorofa abo bantu bazakirirwamo
Impunzi n’abimukira bagiye kuvanwa mu Bwongereza, nibagera mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
UNHCR yamaganye icyo yise Kugurisha abimukira mu Rwanda
Nyuma y'aho u Rwanda n'igihugu cy'Ubwongereza bikoranye amasezerano agamije kohereza mu Rwanda abimukira bamaze igihe batuye muri icyo gihugu cy'Ubwongereza batabifitiye ibyangombwa, ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku mpunzi!-->!-->!-->…
#Kwibuka#: Abatutsi bahungiye ku “Butaka Butagatifu” bizeye kuharokokera ariko barahicirwa
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’inzego z’umutekano, bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Nyaruguru by’umwihariko i Kibeho Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biciwe i Kibeho ku italiki ya 14 Mata mu 1994, ahari!-->!-->!-->…
Nyanza: Abagera kuri 80 bahawe amagurwa ku ihungabana
Ku bufatanye n'Akarere ka Nyanza, Umuryango TRAUMA HELP RWANDA watanze amahugurwa ku bafashamyumvire bagera kuri 80, amahugurwa ajyanye no gufasha abahungabanye
Kuri uyu wa kane taliki ya 14 Mata 2022 mu cyumba cy'inama cya Hotel!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ndibaza niba abirabura bafatwa nk’abandi bazungu” Tedros
Umukuru w'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) avuga ko isi itita mu buryo bungana ku bibazo bikomeye byihutirwa byibasira abirabura n'abazungu.
Tedros Adhanom Ghebreyesus yavuze ko igice gito gusa cy'imfashanyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUTUYIMANA wifuza guhindura amazina
Uwitwa MUTUYIMANA Xxx mwene REKAYABO na NTAHEZA utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, mu Murenge wa Ruhango ho mu Kagali ka Gihira mu Mudugudu wa Rukoko yanditse asaba uburenganzira bwo gihindura amazina yari sanzwe akoresha!-->…
Ngoma: Kugabura ibikomoka ku matungo byakemuye ikibazo cy’igwingira mu bana
Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Ngoma bavuga ko ikibazo cy’igwingira ry’abana cyakemutse burundu, bitirutse ku gutegurira abana n’umuryango muri rusange ifunguro ririho ibikomoka ku matungo.
Ni nyuma y’uko bahanwe amahugurwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Ikamyo yacitse feri igonga izindi modoka hakomereka benshi
Ikamyo yari itwaye umucanga yacitse feri maze igonga izindi modoka zitwara abagenzi bantu bagera ku icumi barakomereka.
Mu gitondo cy kuri uyu wa gatanu mu Karere ka Kamonyi, mu murenge wa Gacurabwenge ku muhanda Kamonyi-Muhanga!-->!-->!-->!-->!-->…