Browsing Category
Izindi nkuru
Gatsibo: Ibitaro bya Ngarama birishyuzwa asaga miriyoni 300
bitaro bya Ngarama biherereye mu Karere ka Gatsibo mu ntara y’Iburasirazuba, biravugwamo ideni ry’amafaranga asaga miriyoni 300 bifitiye ba rwiyemezamirimo n’ibigo bya Leta. Hiyongeraho n’ikibazo cy’abakozi bari mu kazi mu buryo!-->!-->!-->…
Kayonza: Polisi yagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro byari byibwe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano zikorera mu karere ka Kayonza bagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro aherutse kwibwa mu kirombe cy’amabuye y’agaciro giherereye mu murenge wa Ruramira, Akagari ka!-->!-->!-->…
Itsinda rya 18 ry’abaganga b’Abashinwa bageze muri Zimbabwe gufasha gihugu kurwanya…
Itsinda ry'abaganga 10 b'Abashinwa bageze muri Zimbabwe mu gufasha iki gihugu kurwanya icyorezo cya coronavirus.
Bagiye gukorera mu itsinda ry'ibitaro bizwi nka Parirenyatwa Group of Hospitals, aho bazamara igihe cy'amezi 12, nkuko!-->!-->!-->!-->!-->…
Hayley yabaze inkuru y’uburyo yaguye igihumure mu gihe yari ari gusezerana imbere…
Umugore witwa Hayley Hale w’ahitwa Rhymney Valley yaguye igihumure ata ubwenge ubwo yari amaze kurahirira kubana akaramata n’umugabo we Matthew Hale.
Hayley umubyeyi w'abana babiri, bivugwa ko yari amaze igihe k'imyaka 10 yose!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwarutabura Rayon Sport aragereranya Sadate n’imboga mbi zari zaranze kuva mu nkono
Umufana wa Rayon Sports uzwi kurusha abandi mu Rwanda Rwarutabura yavuze ko kuba Munyakazi Sadate yaravuye muri Rayon bishimishije n’ubwo byabanje kugorana. Kuri we, bimeze nk’uko imboga mbi zava mu nkono n’ubwo biba bitoroshye!
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Ministre Gatete yasabye banyir’amazu yo mu Cyarabu kuyubaka byakawanga bakayamburwa
Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Amb. Claver Gatete, avuga ko inzu za Leta ziri i Huye zidakoreshwa, kimwe n’ibibanza by’ahitwa mu Cyarabu bikomeje gutera umwanda mu mujyi, biza gufatirwa ingamba.
Yabitangaje ubwo yagendereraga Akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
RDB yasobanuye uburyo hanyerejwe miliyoni zirenga 300 mu gihe cy’amezi 5 gusa
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwisobanuye ku mafaranga angana na miriyoni 363,303,364 zanyerejwe hagati ya Kanama 2018 kugeza Mutarama 2019.
Ni ibisobanuro RDB yatanze mu gitondo cy’uyu munsi ku wa Gatatu tariki 23 Nzeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Inama y’abepiskopi mu Butaliyani yageneye u Rwanda inkunga y’ibikoresho.
Inama y’Abepisikopi mu Butaliyani mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Nzeri 2020 yageneye Leta y’u Rwanda ibikoresho bifite agaciro k’amafaranga angana na miriyoni 294,475,215 ibinyujije muri Caritas Rwanda.
Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Kaminuza ya Makerere yatewe n’inkongi y’umuriro hangirika byinshi
Kaminuza ya Makerere yatewe n'inkongi y'umuriro kugeza ubu bitaramenyekana icyayiteye, hangirika byinshi.
Mu rukerera rwo kuri iki cyumweru nibwo ino kaminuza iri muzikomeye mu Karere yafashwe n'inkongi y'umuriro nubwo hari abahamya!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari impungenge ko amashuri yigenga ashobora kuzabura abarimu
Bamwe mu bayobozi b'ibigo by'amashuri yigenga bafite ubwoba ko bashobora kuzabura abarimu mu gihe amashuri azaba yasubukuwe
Mu gihe hashize amezi arindwi amashuri yose yarafunze kubera kwirinda ikwirakwiza ry'ubwandu bwa virusi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
NIRDA yatumije imashini ikora umutobe, ihabwa ikora “igikoma”
Ubuyobozi bw’Ikigo k’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda (NIRDA), bwagowe no gutanga ibisobanuro ku buryo icyo kigo cyatumije mu mahanga imashini yagombaga gukora umutobe, hanyuma ikazana ikora igikoma gifashe.
Ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Barindwi mu mfungwa 219 zatorotse gereza zigatwara n’imbunda bafashwe.
Nyuma y'aho ku munsi w'ejo hashize kuwa gatatu hari imfungwa zigera kuri 219 zatorotse gereza mu gihugu cya Uganda, hari amakuru avuga avuga ko barindwi muri bo bamaze gufatwa.
Gutoroka kw'izo mfungwa kwatumye ubuzima buhagarara mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Isoko rizwi nko kwa Mutangana rirongera gufungura kuri uyu wa kabiri.
Nyuma y'ukwezi ryari rimaze ridakorerwamo kubera ikibazo cya Covid-19, ubuyobozi bw'umugi wa Kigali bwatangaje ko isoko rizwi nko kwa Mutangana rizongera gufungura kuri uyu wa kabiri.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n'umugi wa Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
Meya wa Rutsiro Mm Emerance yasezeranye imbere y’Imana n’umugabo yihebeye
Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro, Emérence Ayinkamiye, kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Nzeri 2020, yasezeranye imbere y’Imana n’umugabo we Nsengimana Fabrice.
Ni umuhango wabereye muri Paruwasi yitiriwe Umuryango Mutagatifu (Ste!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Umuturage yatoraguye grenade ajya kuyigurisha mu byuma bishaje!
Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Rusororo mu kagari ka Mbandazi mu mudugudu wa SAMUDUHA umuturage yagiye gupatana(kumvikana na amafaranga azahingira) asangamo igisasu cyo mubwoko bwa grenade.
Akagari kambandazi ni mu murenge wa!-->!-->!-->…