Browsing Category
Umutekano
Huye: Umugore yakubise itafari mu gahanga musaza we aramuhitana arapfa
Umugore wo mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye akurikiranyweho icyaha cyo kwica musaza we amukubise itafari mu gahanga nyuma y’amakimbirane bagiranye bakarwana.
Byabaye ku mugoroba ku wa 4 Kanama 2021 ahagana saa Mbiri n’igice.!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yashatse kwica umugore we amucitse yirara mu matungo arayatemagura
Umugabo witwa Sindaye yashatse gutema umugore we maze aramucika, undi ahita yirara mu matungo arayatemagura.
Umugabo witwa Jean Marie Sindaye wo mu Ntara ya Kirundo, muri komini ya Busoni mu gihugu cy'u Burundi yaraye atawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Uwakwirakwizaga urumogi yafatanwe ibiro byarwo 33
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y'u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga ahagana saa kumi n'ebyiri za mu gitondo bafashe Niyonzima Claude w'imyaka 24, yafatanwe ibiro 33 by'urumogi!-->!-->!-->…
Rubavu: Bwana Nzayisenga yafatanywe udufunyika 1,987 tw’urumogi
Ku bufatanye n’abaturage bo mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Kanzenze, Akagari ka Kirerema Polisi yafashe uwitwa Nzayisenga w’imyaka 27. Yafashwe mu mpera z’iki cyumweru tariki ya 24 Nyakanga afatanwa udupfunyika 1,987 agiye!-->!-->!-->…
Ruhango: Masumbuko yafatiwe mu cyuho umaze kwiba amatiyo y’amazi 59
Polisi ikorera mu Karere ka Ruhango ku bufatanye n'abaturage yafashe uwitwa Masumbuko Laurent w'imyaka 33 ucyekwaho kwiba amatiyo 59 yo mu muyoboro w'amazi anyura mu Murenge wa Kinazi, Akagari ka Burima, Umudugudu wa Nyaruteja.!-->!-->!-->…
Abakinnyi bose ba Boca Juniors baraye muri kasho kubera gukubita abashinzwe umutekano
Abakinnyi bose ba Boca Juniors baraye ku biro bya polisi nyuma y’uko bamwe muri bo bagiye gufungwa bazira gukubita abashinzwe umutekano nyuma y’umukino wabahuje na Atletico Mineiro yo muri Brazil mu gikombe cya Copa Libertadores.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Polisi yafashe bamwe mu bari bitwaje imihoro bikoreye magendu ya caguwa
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Nyakanga saa cyenda Polisi y'u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe babiri mu bari bikoreye magendu y’imyenda ya caguwa abandi babaherekeje bafite imihoro yo kurwana.!-->!-->!-->…
Bwana Sindayigaya Eric wakwirakwizaga urumogi mu baturage yatawe muri yombi.
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi ku bufatanye n’abaturage yafashe Sindayigaya Eric w’imyaka 32, yafatanwe udupfunyika tw’urumogi 282 agiye kuruha undi muntu ngo arucuruze. Sindayigaya yafashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri!-->!-->!-->…
Polisi yerekanye Bwana Valens ucyekwaho kwambura abantu mu buryo bwa MOMO
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Nyakanga yafashe uwitwa Niyonzima Valens w’imyaka 41 ucyekwaho kwambura abantu amafaranga abinyujije kuri telefoni mu buryo bwa Mobile Money. Uyu mugabo uvuka mu Murenge wa!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yataye muri yombi abagabo bane bakwirakwizaga urumogi mu baturage.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 11 Nyakanga Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu ishami ryayo rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafatanye abantu bane udupfunyika tw’urumogi 1,353 bakwirakwizaga mu baturage.
Abo ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umujura wari kuri moto yashikuje telefoni umupolisi ari kuyivugiraho ari mu kazi mu…
Umujura wo Kenya yaciye ibintu hose kubera amashusho yagiye hanze ashikuza umupolisi telefoni yavugiragaho ari no mu kazi ko gucunga umutekano wo mu muhanda aho yari kumwe n’abandi bagenzi be aho imodoka zihurira.
Ubwo aba bapolisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero :umugore yakubiswe isuka y’ifuni n’umugabo we amuziza ko yamutanze gutaha!
Umugabo wo mu Murenge wa Ndaro mu Karere ka Ngororero yakubise umugore isuka y'agafuni mu mutwe amuziza ko ngo yatashye nyuma ye.
Ahagana saa yine z’ijoro ryo ku wa Kabiri tariki 6 Nyakanga 2021, nibwo uyu mugabo yakubise umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi padiri mukuru wa paruwasi ya Rwamagana
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwataye muri yombi padiri mukuru wa paruwasi ya Rwamagana kubera nyuma yo gufatanwa amafranga y'amibano.
amakuru y'itabwa muri yombi y'uyu mupadiri yatangiye kumenyekana mu gitondo cyo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Callixte Nsabimana yavuye imuzi ibitero byose byagabwe na FLN ku butaka bw’u Rwanda
Nsabimana Callixte wamenyekanye cyane ku izina rya Sankara mu bikorwa by’iterabwoba byakorwaga n’umutwe yabarizwagamo wa MRCD-FLN, yavuze ko ibitero byagabwe ku butaka bw’u Rwanda n’abarwanyi bawo byatangiye gutegurwa na Paul!-->!-->!-->…
Gicumbi: Polisi yatesheje abarembetsi litiro 698 za kanyanga batatu barafatwa
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gicumbi ikomeje ibikorwa byo kurwanya abinjiza mu Rwanda kanyanga. Mu ijoro rya tariki ya 22 na 23 Kamena abapolisi bafatanije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage bafashe litiro 698!-->!-->!-->…