Browsing Category
Umutekano
Guinea-Bissau naho hatangiye guhwihwiswa ihirikwa ry’ubutegetsi
Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko mu murwa mukuru wa Guinne Bissau humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye hafi y’ikicaro cy’ingoro ya leta, aho bikekwa ko habaye ihirikwa ry'ubutegetsi.
Hari amakuru ko muri Guinee Bissau,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yafashe batatu barimo na Gitifu w’Akagali bakekwaho gushuka abaturage bakaba…
Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe abantu batatu bacyekwaho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku rutonde rw'abahuye n'ibibazo by'ubucuruzi biturutse ku cyorezo cya COVID-19.
Abafashwe ni Nduhirabandi Benjamin!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Igisasu cyaturikanye imodoka rusange itwaye abagenzi
Igisasu cyaturikanye imodoka itwara abagenzi mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Kenya, bikaba bivugwa ko abantu batari munsi y'icyenda bapfuye, naho abandi benshi barakomereka.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere iyo Bisi izwi!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi buhakana kugira abasirikare muri Kongo
Minisitiri w’umutekano mu Burundi ,Tribert Mutabazi, avuga ko nta ngabo z’igisirikare cy’Uburundi zagiye kurwanira mu burasirazuba bwa Repulika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi Misitiri Tribert Mutabazi yabitangaje mu kiganiro yahaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyeshuri wo mu wa mbere yatikuye ikirahure mugenzi we arapfa maze ahungira muri Uganda
Mu ishuri rimwe ryo mu Kagari ka Kijoro mu Murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare, haraturuka inkuru mbi y’umunyeshuri wiga mu yisumbuye ukekwaho kwica mugenzi we wiga mu mashuri abanza, agahita atorokera muri Uganda.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukinyi wa MAN U yatawe muri yombi nyuma yo guhondagura uwari umukunzi we
Rutahizamu Mason Greenwood w'ikipe ya Manchester United yatawe muri yombi acyekwaho gufata ku ngufu no gukubita nyuma yuko hatangajwe ibirego ku mbuga nkoranyambaga.
Polisi ikorera mu mujyi wa Manchester yavuze ko yamenyeshejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu kiruta ibindi kuva mu 2017
Korea ya Ruguru yagerageje igisasu cya misire kinini kuruta ibyo imaze kugeregeza byose kuva mu 2017.
Korea ivuga ko ibikorwa byo kugerageza iyi misire byabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ku masaha yo mu karere, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia-Tigray: Kudahembwa bitewe n’intambara byatumye bamwe mu baganga n’abaforomo basaba…
Bamwe mu baganga n’abaforomo bo kuri bimwe mu bitaro byo mu ntara ya Tigray yugarijwe n'intambara muri Ethiopia bageze aho basaba ibyo barya, kubera kumara igihe badahembwa.
Umwe muri bo yabwiye BBC ko amezi umunani bamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashinjwa urupfu rwa wa mwana Elsie bashyikirijwe urukiko
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 27 Mutarama 2022, Mukase w’umwana witwa Elsie Akeza Rutiyomba uherutse kwitaba Imana bikababaza abatari bacye, yagejejwe imbere y’Urukiko aho akurikiranyweho kugira uruhare muri uru rupfu.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yasuye Polisi ya Lesotho
Umuyobozi mukuru wa Polisi y'u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari mu ruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine mu gihugu cya Lesotho, uruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye buri hagati ya Polisi y'u Rwanda n’iya Lesotho.
IGP Dan Munyuza yagiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Burkina Faso: Imbaga y’abantu bishimiye ihirikwa ry’ubutegetsi
Abantu barenga 1000 ejo kuwa kabiri bahuriye mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadugu, bishimira ko igisirikare cyahiritse ubutegetsi bwa perezida Roch Kabore kikanasesa Guverinoma.
Iri hirikwa ry’ubutegetsi rya gatanu muri Afrika!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: TPLF Yongeye gukozanyaho n’abarwanyi bo ntara ya Afar
Abarwanyi bo mu ntara ya Tigre bavuze ko bagabye igitero cya gisirikare ku ntara ya Afar, nyuma yo gushotorwa n’abarwanyi bo muri iyi ntara bihana imbibi.
Ubuyobozi bw’ishyaka rya TPLF bwavuze ko kuva mu gitondo cyo kuwa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yataye muri yombi abagabo 2 bacukuraga zahabu muri Nyungwe
Ku cyumweru tariki ya 23 Mutarama Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe Ntegeyimana Etienne w’imyaka 39 na Mbitezimana Amos w’imyaka 40, bafashwe barimo gucukura zahabu muri pariki ya Nyungwe. Bafatiwe mu Murenge wa Bweyeye,!-->!-->!-->…
Amerika yasabye Imiryango y’Abakozi ba Ambasade yayo kuva muri Ukraine
Leta Zunze Ubumwe z'Amerika yasabye imiryango y’abadiplomate bayo bakorera ku murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, kuva muri icyo gihugu byihutirwa.
Ibi byatewe nuko Uburusiya bushobora gutera Ukraine umwanya uwo ari wo wose nkuko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Umukingo wagwiriye abasore babiri bahita bitaba Imana
Abasore babiri bo mu Murenge wa Jali mu Kagari ka Nyakabungo, kuri iki Cyumweru bitabye Imana nyuma yo kugwirwa n’umukingo w’umugezi wa Murongozi munsi ya Santarari Gaturika ya Cyuga.
Ibi byabaye mu masaha ya saa tanu n’igice (11h30!-->!-->!-->!-->!-->…