Browsing Category
Umutekano
Nyanza: Babiri bakekwaho kwica batemaguye bwana Efuroni batawe muri yombi.
Urwego rw'ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abagabo babiri bakekwaha kwica batemaguye bunyamanswa Bwana Efuroni.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Efuroni Sindayigaye wari utuye mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Mukingo, akagali!-->!-->!-->!-->!-->…
Burkina Faso: Ibirindiro bya Gisirikare byagabweho urufaya rw’amasasu
Urusaku rukomeye rw’amasasu rwumvikanye mu bice byinshi byo mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadougou, no hafi y’ibirindiro by'ingabo zirwanira mu kirere.
Guverinoma yahakanye amakuru avuga ko habaye ihirikwa ry’ubutegetsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubudage: Ikibazo cya Ukraine cyatumye ukuriye igisirikare kirwanira mu mazi yegura
Umukuru w'igisirikare cy'Ubudage kirwanira mu mazi Kay-Achim Schönbach yeguye ku mirimo ye kubera amagambo yavuze kuri Ukraine agateza impaka.
Kay-Achim Schönbach yavuze ko igitekerezo cy'uko Uburusiya bushaka gutera Ukraine nta!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: RIB yataye muri yombi Gitifu wafatiwe mu cyuho yakira ruswa ya 7000 Frw
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari kamwe ko mu Murenge wa Rubona mu Karere ka Rwamagana, ukurikiranweho gusaba no kwakira indonke.
Uyu gitifu w’imyaka 37 yafashwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Inyeshyamba za TPLF zigaruriye indi mijyi ibiri, ziri hafi kugera i Addis
Inyeshyamba zo mu mutwe wa TPLF zirwanira ubwigenge bwa Tigray zongeye zifata indi mijyi ibiri ikomeye, nikavugwa ko ziri mu birometero bike zigana mu marembo y'umurwa mukuru Addis Abeba.
Amakuru aturuka mu gihugu cya Ethiopia!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Polisi yahuguye abaturage ku kwirinda no kurwanya inkongi z’umuriro
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 01 Ugushyingo abapolisi bo mu ishami rya Polisi y'u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi z'umuriro bahuguye abaturage 40 bo mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyarugenge, Akagari ka Biryogo,!-->!-->!-->…
Diregiteri w’ishuri wavuze ko Inkotanyi zishe abantu zikabasimbuza imirima y’itabi…
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye uwari umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Cyapa, igifungo cy’imyaka irindwi nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ivangura no gukurura amacakubiri.
Iri shuri riherereye mu Karere ka Burera, mu Murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rurabeshyuza amakuru avuga ko habayeho kurasana hagati ya Congo n’u Rwanda
Leta y'u Rwanda irabeshyuza amakuru yavugaga ko haraye habaye imirwano y'igihe gito hagati y'ingabo a'u Rwanda RDF n'iza Congo FARDC.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yabeshyuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare 2 ba RDF bafatiwe ku butaka bwa Congo habaho kurasana
Hari abasirikare babiri ba RDF barenze imbibe z'igihugu bisanga ku butaka bwa Congo
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukwakira 2021 hari abasirikare 2 ba RDF bafatiwe ku butaka bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo gace ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Bwana Theoneste yafatanywe amafranga y’amaganano
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Ukwakira Polisi ikorera mu Karere ka Ruhango yafashe Bizimana Theoneste w’imyaka 41 afatanwa amafaranga ibihumbi 7 y’amiganano. Yafatiwe mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Mbuye, Akagari ka Mwendo,!-->!-->!-->…
Kigali: Abarimo uwiyitaga umupolisi bafungiwe guhimba perimi na Pasiporo
Ku wa Kabiri tariki ya 12 Ukwakira Polisi yafashe abantu batatu barimo uwiyitaga umupolisi akagurisha inyandiko mpimbano zirimo uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwa burundu (permis definitifs), impapuro z’inzira!-->!-->!-->…
Kirehe: Abana babiri bava inda imwe basanzwe mu murima barishwe
Abana babiri bo mu Karere ka Kirehe mu Murenge wa Musaza basanzwe mu murima wo kwa Sekuru barapfuye, abaturage bakeka ko bishwe na Sekuru abaziza ko batamushyiraga ibiryo.
Ahagana mu masaha ya saa tatu za mugitondo kuri uyu wa 15!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umurambo w’umuntu utaramenyekana wasanzwe uryamye iruhande rw’inzoga
Hari umurambo w'umuntu utari wamenyekana wasanzwe hepfo y'umuhanda, bawusangana icupa ry'inzoga.
Mu murenge wa Kigali, akagari ka Kigali ku muhanda hasanzwe umurambo w'umugabo wari uryamye iruhande rw'icupa ry'inzoga ,aho abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru: Hafashwe ibiro 300 bya magendu y’imyenda ya caguwa ivuye i Burundi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro bafashe abantu Barindwi bari bafite ibiro 300 bya magendu y’imyenda ya caguwa bari bavanye mu!-->!-->!-->…
MUHIMA: Amabandi yaraye ashimuse umu ajenti wa MTN baramwambura baranamukoretsa bikomeye
Amabandi yaraye ashimuse umucuruzi amujyana mu gashyamba aramwihererana aramwambura aranamukomeretsa bikomeye.
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 13 Ukwakira, ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri, mu Murenge wa Muhima, akagari ka Kabeza!-->!-->!-->!-->!-->…