Browsing Category
Izindi nkuru
BNR yambuye UNIMONI Bureau de Change Ltd uruhushya rwo gukorera mu Rwanda
Ubuyobozi bwa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) bwatangaje ko bwambuye UNIMONI Bureau De Change Ltd uruhushya rwo gukora imirimo yo kuvunja amafaranga y’amahanga no gutanga serivisi zo kohereza amafaranga kubera impamvu yo kutubahiriza!-->!-->!-->…
Amafoto y’umukobwa uri gusomana na se yavugishije benshi kuri murandasi.
Amafoto y'uno mukobwa yashyizee hanze ari gusomana na se yatumye benshi bamwibazaho cyane, ndetse bamwe batekereza kure
Ntabwo bimenyerewe ko umwana w'umujobwa yifata amashusho ari gusomana na se, bamwe babyita ko ari amahano,!-->!-->!-->!-->!-->…
“Hari ingabo z’amahanga ziri gufasha inyeshyamba ziturwanya” Ahmed Abiy
Ministre w'intebe wa Etiyopiya yavuze ko hari abarwanyi b'abanyamahanga bari gufasha umutwe wa TPLF mu mirwano ya vuba ahangaha.
Muri ino minsi igihugu cya Etiyopiya kiri mu ntambara itacyoroheye aho kiri kurwana bikomeye n'umutwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Iran yamaganye ibyatangajwe n’ibihugu bine by’Iburengerazuba bw’isi
Kuri uyu wa mbere, Iran yanze ibyatangarijwe I Roma ku wa gatandatu 30 Ukwakira, n’ibihugu bine by’iburengerazuba bw’isi ku bijyanye n’ingufu za kirimbuzi za Iran.
Iran ivuga ko ntaho bihuriye n’ukuri kandi bishimangira imiterere!-->!-->!-->!-->!-->…
RRA yarengeje intego y’umusoro yari yihaye mu mwaka wa 2020/2021
kigo cy’Imisoro n’Amahoro kigaragaza kinjije amafaranga angana na miliyari 60.4 mu mwaka wa 2020-2021 arenga ku ntego cyari cyihaye kwinjiza muri uwo mwaka.
Iki kigo cyari kihaye intego yo kwinjiza miliyari 1.594,3!-->!-->!-->!-->!-->…
Kagame yahawe igihembo mpuzamahanga cyo kurwanya kanseri
Perezida wa Repubulika y’ Rwanda Paul Kagame, yashimiye Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe kurwanya Kanseri (UICC) wageneye u Rwanda igihembo ku bw’umusanzu udasanzwe rwatanze mu gukumira no kuvura indwara za kanseri.
Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yungutse abofisiye 656 barimo abagore 80
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 27 Ukwakira 2021, mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu Karere ka Rwamagana (PTS-Gishari), harimo kubera umuhango wo gusoza amahugurwa y’abapolisi 656 barimo abagore 80, bose biteguye guhabwa ipeti!-->!-->!-->…
Abapolisi 35 bahuguriwe ku kurwanya inkongi
Ishami rya Polisi y’ u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi ryahuguye abapolisi 35 bakorera mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Kivumu. Bahuguwe ku kurwanya inkongi. Ni amahugurwa y’umunsi umwe yabaye kuri iki Cyumweru tariki!-->!-->!-->…
Kicukiro: Inzu 5 zahiye mu buryo bw’amayobera, bamwe bati ni amadayimoni
Inzu eshanu zose zituranye zahiriye rimwe, ariko matora na bimwe mu bikoresho ntibyagira icyo biba, bamwe mu baturage bakavuga ko ari amadayimoni.
Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu taliki 23 Ukwakira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ingabire wifuza guhinduza amazina
Uwitwa INGABIRE mwene uwitije na Nyirankirije, bose batuye mu mudugudu wa Nyundo, Akagali ka Kavumu, mu Murenge wa Ruhango, mu Karere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba, arasaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari asanganywe!-->!-->!-->…
Nyina wa Snoop Dogg yitabye Imana ku myaka 70
Umuhanzi ukomeye muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yapfushije nyina umubyara azize uburwayi.
Amakuru y'urupfu rw'uyu mubyeyi yemejwe anashyirwa hanze n'uyu muhanzi Snoop Dogg kuri iki cyumweru abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter na!-->!-->!-->!-->!-->…
Amago, igikwe, hahiye, dutwike, …zimwe mu mvugo zikomeje kubangamira ururimi…
“Ndatwika nkimanukira…”, “Hahiye…”, “Hadashya se?…” n’izindi mvugo zitandukanye, zikomeje kuba gikwira mu muryango nyarwanda aho usanga ibyamamare, abahanzi na bamwe mu bakora mu itangazamakuru bagenda bazikongeza urubyiruko no mu!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yamennye litiro 840 z’inzoga zitemewe
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukwakira Polisi ikorera mu Karere ka Huye yamennye inzoga zitemewe zizwi ku izina rya Muriture zingana na litiro 840. Izi nzoga zafatiwe mu bikorwa bya Polisi byabereye mu Karere ka Huye, Umurenge wa!-->!-->!-->…
Ngororero: Ubuyobozi bw’Akarere bwirukanye burundu abarimu umunani
Abarimu umunani birukanwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ntibavuga rumwe n’Akarere ku mpamvu birukanwe, kuko bakandikiye bakamenyesha impamvu batitabiriye akazi, ntikabasubize.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwemeza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 25 irashize AERG ifasha abacitse ku icumu rya Genocide yakorewe abatutsi
Imyaka 25 irashize hashinzwe Umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (AERG), umuryango umwe rukumbi wahetse ukaba ugiheka urubyiruko rw’u Rwanda rwavuyemo abagabo n’abagore bifitiye icyizere n’ubuzima!-->!-->!-->…